• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, August 25, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida w’u Burusiya, Vradimir Putin yavuze ikigomba gukorwa mbere, kugira ngo intambara ihagarare muri Ukraine.

minebwenews by minebwenews
June 15, 2024
in Regional Politics
0
Perezida w’u Burusiya, Vradimir Putin yavuze ikigomba gukorwa mbere, kugira ngo intambara ihagarare muri Ukraine.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida w’u Burusiya, Vradimir Putin yavuze ikigomba gukorwa kugira ngo intambara ihagarare muri Ukraine.

Ni mu kiganiro perezida Vradimir Putin w’u Burusiya yagiranye n’itangaza makuru ku wa Gatanu tariki ya 14/06/2024, nk’uko iy’inkuru tuyikesha igitangaza makuru cya CNN.

READ ALSO

Le président Kagame revient sur les relations Rwanda–Burundi, la présence des forces burundaises en RDC et la question des FDLR

Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ingabo z’u Burundi muri RDC n’ikibazo cya FDLR

Iki gitangaza makuru cya tangaje ko Vradimir Putin yavuze ko kugira ngo intambara ihagarare muri Ukraine bisaba ko leta ya Kyiv yabanza igatanga uturere tugera muri tune tugize igihe n’ubundi dusabwa n’ubutegetsi bwa Moscow, kandi ko itagomba gushigikira icyifuzo cya NATO kiyisaba kwinjira muri uwo muryango.

Mu nama yabaye mu minsi ishize, ibereye mu Busuwisi ikaba yari igamije kugarura amahoro mu bice by’isi biri kuberamo intambara, Vradimir Putin ntiyari yatumiwemo ariko muri icyo gihe avuga ko ibisabwa kugira ngo amahoro agaruke muri Ukraine hasabwa ko igisirikare cya Ukraine cyarambika imbunda hasi, kandi ibihugu by’u bumwe bw’ibihugu by’u Burayi bikavanaho ibihano byafatiye iki gihugu cy’u Burusiya, ndetse avuga ko byagize ingaruka ku gihugu cye ariko ko bitahungabinije ubukungu bwacyo.

Inkuru ikomeza ivuga ko perezida wa Ukraine, Volodymir Zelnsky, yavuze ko igihugu cye kitizeye ibyo Vradimir Putin avuga, ko kandi bidatandukanye cyane nibyo yari yaravuze mbere. Ibi kandi Zelensky yabigarutseho mu nama yabaye ku munsi w’ejo hashize, mu Butaliyani aho yavuze ko amagambo ya Vradimir Putin yenda gusa nayari yaravuzwe n’umuyobozi w’Abanazi, Adolf Hitler ubwo yigaruriraga ibice byinshi byo mu Burayi mu 1930 na 1940.

Zelensky akomeje avuga ko nta mpamvu yatuma igihugu cye cyizera amagambo ya Vradimir Putin ukurikiza inzira za koreshejwe na Adolf Hitler. Umujyanama wa Ukraine, Mykhailo Podolyak, nawe yahamagariye abayoboke ba Kyiv kwikuramo ibishuko no kutifatanya n’u Burusiya avuga kandi ko amagambo ya Vradimir Putin ko “nta bwenge buyarimo.”

Yagize ati: “Nta gishya kirimo, nta byifuzo by’amahoro nyabyo ndetse nta n’icyifuzo cyo guhagarika intambara. Ariko hariho icyifuzo cyo kudakomeza iyi ntambara no kuyikomeza mu buryo bushya.”

               MCN....
Tags: GukorwaIkigombaKugira ngo amahoro agarukeUkraineVradimir Putin

Related Posts

Le président Kagame revient sur les relations Rwanda–Burundi, la présence des forces burundaises en RDC et la question des FDLR
Regional Politics

Le président Kagame revient sur les relations Rwanda–Burundi, la présence des forces burundaises en RDC et la question des FDLR

August 24, 2026
Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ingabo z’u Burundi muri RDC n’ikibazo cya FDLR
Regional Politics

Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ingabo z’u Burundi muri RDC n’ikibazo cya FDLR

August 24, 2026
Ebola muri RDC yarenze ku mateka: Abarenga 2.500 bamaze kuhasiga ubuzima, Papa Leo XIV yatabaje isi ngo itabare
Regional Politics

Ebola muri RDC yarenze ku mateka: Abarenga 2.500 bamaze kuhasiga ubuzima, Papa Leo XIV yatabaje isi ngo itabare

August 24, 2026
Amakuru akomeje gutangwa ku basirikare babiri b’u Burundi barokotse igitero gikaze i Fizi
Regional Politics

Amakuru akomeje gutangwa ku basirikare babiri b’u Burundi barokotse igitero gikaze i Fizi

August 23, 2026
Perezida Biya yagarutse muri Cameroun nyuma y’iminsi 74 yari amaze hanze y’igihugu: Genève hasize ibibazo byinshi ku buzima n’ubuyobozi bwe
Regional Politics

Perezida Biya yagarutse muri Cameroun nyuma y’iminsi 74 yari amaze hanze y’igihugu: Genève hasize ibibazo byinshi ku buzima n’ubuyobozi bwe

August 21, 2026
Akimara kubona ibyabaye i Bujumbura, Perezida Ndayishimiye yahise yifata mu mutwe: Inkongi yongeye gutwika ibikorwaremezo by’ubucuruzi, amateka y’inkongi y’umuriro mu Burundi
Regional Politics

Akimara kubona ibyabaye i Bujumbura, Perezida Ndayishimiye yahise yifata mu mutwe: Inkongi yongeye gutwika ibikorwaremezo by’ubucuruzi, amateka y’inkongi y’umuriro mu Burundi

August 21, 2026
Next Post
Hamenyekanye icyakurikiyeho, nyuma y’uko komanda wo muri  Biloze Bishambuke yari amaze kwica umurinzi we.

Hamenyekanye icyakurikiyeho, nyuma y'uko komanda wo muri Biloze Bishambuke yari amaze kwica umurinzi we.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Le président Kagame revient sur les relations Rwanda–Burundi, la présence des forces burundaises en RDC et la question des FDLR
  • Perezida Kagame yongeye kuvuga ku mubano w’u Rwanda n’u Burundi, ingabo z’u Burundi muri RDC n’ikibazo cya FDLR
  • En savoir plus sur le retour de la MONUSCO à Minembwe : une première évaluation du respect du cessez-le-feu se prépare dans les zones contrôlées par le MRDP-Twirwaneho
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?