Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida w’u mutwe wa M23, akaba n’umuhuza bikorwa w’u ngirije, mw’ihuriro rya AFC, yatanze ibisobanuro ku ijambo rivuga “amahoro.”

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 22, 2024
in Regional Politics
0
Perezida w’u mutwe wa M23, akaba n’umuhuza bikorwa w’u ngirije, mw’ihuriro rya AFC, yatanze ibisobanuro ku ijambo rivuga “amahoro.”
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida w’u mutwe wa M23, akaba n’umuhuza bikorwa w’ungirije mw’ihuriro rya AFC, Berterand Bisimwa yasobanuye amahoro icyaricyo.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Bikubiye munyandiko perezida Berterand Bisimwa yashize hanze kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 22/03/2024, aho yakoresheje urubuga rwe rwa X, avuga ko “abanyapolitike ba RDC baririmba amahoro ariko ugasanga batazi icyaricyo.”

Yagize ati: “Abantu benshi muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, bavuga ijambo ‘amahoro,’ abayobozi ba leta barayavuga, imiryango itegamiye kuri leta irayavuga, abadiplomate bose barayavuga, kandi bose bavuga ko bayashaka. Ariko nta n’umwe ubisobanukiwe.”

Bwana Bertrand Bisimwa, arabaza ati: “Amahoro avuze iki?”

Aza gusubiza ati: “Amahoro asobanuye ikintu kimwe kuri njye no kuri wewe.”

Avuga kandi ko kuri we amahoro harimo “kurinda abaturage bose utarobanuye.”

Ati: “Niba Intare zisarambwe zirinda abantu bose, zititaye ngo ni abanaba, aho zirinda hakaba hari ubutabera nyabwo, budaca imanza za nkunzi. Ibyo ni ukumenya amahoro nyayo.”

“Niba Ubutunzi bw’abaturage burinzwe neza. Ndahamya neza ko abantu bazava ikantaraga kugira ngo bakorane n’ubutegetsi bukorera mu mucyo.”

Yakomeje agira ati: “Niba abategetsi bashya bahora bibaza ngwese ‘niki amategeko avuga kuri iki’ mu gihe baba bahuye n’ikibazo. Niba kandi abategetsi bashya bagisha i Nama abanyabwenge cyangwa niba abagore bagisha i Nama z’Abanyabwenge, ibyo biba byiza.”

“niba ruswa ikemurwa hakoreshejwe inzira nziza ibyo nibyiza.”

“Niba ibihugu cyangwa abahoze bayoboye ibihugu ari abayobozi bashyira muburyo bwiza bwo gukoresha umutongo kamere, ibyo nabyo bizaba ari uburyo bwiza buzana amahoro.”

Berterand Bisimwa yasoje abaza ati: “Amahoro asobanuye iki kuri wewe? Ku muturanyi wawe? Niryari akenewe?

                MCN.
Tags: AFCamahoroBerterand BisimwaM23Rdc
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Ibiganiro bihuza u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byatangiye.

Ibiganiro bihuza u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byatangiye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?