• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Yoweli Kaguta Museveni yaburiye abashaka gukora imyigaragambyo mu gihugu cye ababwira ko bakina n’umuriro.

minebwenews by minebwenews
July 22, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Yoweli Kaguta Museveni yaburiye abashaka gukora imyigaragambyo mu gihugu cye ababwira ko bakina n’umuriro.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Yoweli Kaguta Museveni yaburiye abashaka gukora imyigaragambyo mu gihugu cye ababwira ko bakina n’umuriro.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Ahagana ku wa Kabiri, bamwe mu rubyiruko rw’Abanya-uganda bateguye gukora imyigaragambyo yamagana ruswa n’ubutegetsi bwa perezida Yoweli Kaguta Museveni, nk’uko byagiye bitangazwa ku mbuga nkoranya mbaga.

Ibi rero nibyo perezida Yoweli Kaguta Museveni yamaganye kuri televisiyo y’igihugu y’iki gihugu, avuga ko abari gutegura uwo mu gambi bari gukina n’umuriro, kandi avuga ko urwo rubyiruko ruri gushukwa.

Yagize ati: “Turahuze dushaka ubukire naho mwe muri guhabwa ibiryo biciriritse, ahandi ku Isi bari kurwana n’ubuzima abandi bo barataka inzara, naho mwe murashaka kuturangaza. Murakina n’umuriro.”

Yakomeje agira ati: “Ntabwo tuzabemerera muturangaza.”

Perezida Yoweli Kaguta Museveni arashinja abateguye imyigaragambyo gushukwa n’amahanga mu gushaka guteza imvururu muri Uganda.

Polisi ya Uganda yatangaje ko idashobora kwemerera uru rubyiruko rwirara mu mihanda ngo rwigaragambye.

Ugutegura imyigaragambyo mu gihugu cya Uganda byafashwe nko gusa kwigana n’ibiri kubera mu gihugu cya Kenya aho urubyiruko rwoho rugize igihe rukora imyigaragambyo rugasaba ko perezida William Ruto yegura.

Iyi myigaragabyo yo mu gihugu cya Kenya ikaba imaze kugwamo abantu babarirwa muri 50 ndetse bashobora kurenga.

          MCN.
Tags: Ababwira ko bakina n'umuriroPerezida MuseveniYaburiye abashaka gukora imyigaragambyo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post
U Burusiya bwagaragaje ko butishimiye Kamala Harris ugiye guhagararira Abademocarates mu matora.

U Burusiya bwagaragaje ko butishimiye Kamala Harris ugiye guhagararira Abademocarates mu matora.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?