• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Yoweli Kaguta Museveni, yemeye guha umubonano abacuruzi nyuma y’uko bari bamaze igihe mu myigaragambyo muri Kampala.

minebwenews by minebwenews
April 18, 2024
in World News
0
Perezida Yoweli Kaguta Museveni, yemeye guha umubonano abacuruzi nyuma y’uko bari bamaze igihe mu myigaragambyo muri Kampala.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Yoweli Kaguta Museveni yemeye guha umubonano abacuruzi nyuma y’uko bari bamaze igihe mu myigaragambyo mu mujyi wa Kampala.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Ni umubano byavuzwe ko uzaba ku wa Gatanu tariki ya 19/04/2024, nk’uko ishirahamwe ry’abacuruzi bo mu mujyi wa Kampala rizwi nka KASITA ryemeza ay’a makuru.

Rivuga ko imyigaragambyo abacuruzi bakoze mu minsi icumi nine yatanze umusaruro, ngo kuko umukuru w’igihugu cya Uganda yemeye kumva ibyo abacuruzi bifuza.

Iy’i myigaragabyo ikaba yarakozwe n’abacuruzi b’i kampala no mu tundi duce two muturere turi mu nkengero z’uyu mujyi wa Kamala.

Yari imyigaragambyo igamije kwa magana ishirwa mubikorwa ry’umusoro wiswe EFRIS. Abari muri iyo myigaragabyo basabaga ko mbere y’uko leta itangira gutangisha uwo musoro perezida Yoweli Kaguta Museveni yabanza agaha abacuruzi umubonano.

Perezida Kaguta yemeye uyu mubonano mu gihe minisitiri w’i Gihugu, bwana Kabuye Kyofatogabye, we yari ashishikaye mu kumvisa abacuruzi kumvira leta ndetse no kuganira nayo mu rwego rwo kugira ngo iyo myigaragabyo ibashye guhagarara. Ariko abacuruzi nabo bamweretse ko icyo bifuza aruko perezida yobaha umubonano, ko ndetse igihe atowubaha bohagarika ibikorwa by’u bucuruzi.

Umusoro wa EFRIS ni uburyo bwashizweho n’ikigo gishinzwe kwinjiza imisoro mu gihugu kugira ngo igihugu kirusheho gukomeza kugira iterambere rinoze.

Ikaba ari sisitemu ikurikirana ibikorwa mu gihugu mu gihe cyanyacyo, harimo ku bahiriza imisoro ku buryo hataba kubangamirana hagati ya bakoresha n’abacuruzi.

Leta ikavuga ko abaturage bumvise nabi EFRIS bityo bakayita umusoro mushya, ari ko nano ne kandi leta ikanasobanura ko hari abandi baturage bayumvise bakabona ko ari gahunda izagora kwishura imisoro.

Kuri ubu abacuruzi bari kuvuga ko i Nama iri imbere na perezida wa Uganda ifite akamaro ku bacuruzi no ku gihugu.

                  MCN.
Tags: ImyigaragambyoKampalaPerezida Yoweli Kaguta Museveni
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Abaturiye umujyi wa Kigali, mu gihugu cy’u Rwanda, basabwe kutanduza imihanda.

Abaturiye umujyi wa Kigali, mu gihugu cy'u Rwanda, basabwe kutanduza imihanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?