• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Yoweli Kaguta Museveni, yemeye guha umubonano abacuruzi nyuma y’uko bari bamaze igihe mu myigaragambyo muri Kampala.

minebwenews by minebwenews
April 18, 2024
in World News
0
Perezida Yoweli Kaguta Museveni, yemeye guha umubonano abacuruzi nyuma y’uko bari bamaze igihe mu myigaragambyo muri Kampala.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Yoweli Kaguta Museveni yemeye guha umubonano abacuruzi nyuma y’uko bari bamaze igihe mu myigaragambyo mu mujyi wa Kampala.

You might also like

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje

Ni umubano byavuzwe ko uzaba ku wa Gatanu tariki ya 19/04/2024, nk’uko ishirahamwe ry’abacuruzi bo mu mujyi wa Kampala rizwi nka KASITA ryemeza ay’a makuru.

Rivuga ko imyigaragambyo abacuruzi bakoze mu minsi icumi nine yatanze umusaruro, ngo kuko umukuru w’igihugu cya Uganda yemeye kumva ibyo abacuruzi bifuza.

Iy’i myigaragabyo ikaba yarakozwe n’abacuruzi b’i kampala no mu tundi duce two muturere turi mu nkengero z’uyu mujyi wa Kamala.

Yari imyigaragambyo igamije kwa magana ishirwa mubikorwa ry’umusoro wiswe EFRIS. Abari muri iyo myigaragabyo basabaga ko mbere y’uko leta itangira gutangisha uwo musoro perezida Yoweli Kaguta Museveni yabanza agaha abacuruzi umubonano.

Perezida Kaguta yemeye uyu mubonano mu gihe minisitiri w’i Gihugu, bwana Kabuye Kyofatogabye, we yari ashishikaye mu kumvisa abacuruzi kumvira leta ndetse no kuganira nayo mu rwego rwo kugira ngo iyo myigaragabyo ibashye guhagarara. Ariko abacuruzi nabo bamweretse ko icyo bifuza aruko perezida yobaha umubonano, ko ndetse igihe atowubaha bohagarika ibikorwa by’u bucuruzi.

Umusoro wa EFRIS ni uburyo bwashizweho n’ikigo gishinzwe kwinjiza imisoro mu gihugu kugira ngo igihugu kirusheho gukomeza kugira iterambere rinoze.

Ikaba ari sisitemu ikurikirana ibikorwa mu gihugu mu gihe cyanyacyo, harimo ku bahiriza imisoro ku buryo hataba kubangamirana hagati ya bakoresha n’abacuruzi.

Leta ikavuga ko abaturage bumvise nabi EFRIS bityo bakayita umusoro mushya, ari ko nano ne kandi leta ikanasobanura ko hari abandi baturage bayumvise bakabona ko ari gahunda izagora kwishura imisoro.

Kuri ubu abacuruzi bari kuvuga ko i Nama iri imbere na perezida wa Uganda ifite akamaro ku bacuruzi no ku gihugu.

                  MCN.
Tags: ImyigaragambyoKampalaPerezida Yoweli Kaguta Museveni
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye Ihangana rishingiye ku nyungu za politiki n’ubukungu hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Canada rikomeje gufata indi ntera, nyuma y’uko...

Read moreDetails

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ku mugaragaro ko zikuye burundu mu Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku...

Read moreDetails

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yacishije make ku ngingo yakunze guteza impaka yo kwigarurira ikirwa...

Read moreDetails

Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga

Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga Kuva Donald Trump yagaruka ku butegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, isi yinjiye...

Read moreDetails

Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

by Bahanda Bruce
January 21, 2026
0
Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo Mu rwego rwo kwizihiza umwaka wa mbere wa manda ya kabiri...

Read moreDetails
Next Post
Abaturiye umujyi wa Kigali, mu gihugu cy’u Rwanda, basabwe kutanduza imihanda.

Abaturiye umujyi wa Kigali, mu gihugu cy'u Rwanda, basabwe kutanduza imihanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?