Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Raporo zabo ko zitajya zivuga ubafasha FDLR ihabwa,” Perezida Kagame.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 5, 2025
in Regional Politics
0
Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yavuze uburyo Tshisekedi yageze ku ngoma.
65
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

“Raporo zabo ko zitajya zivuga ubafasha FDLR ihabwa,” Perezida Kagame.

You might also like

Perezida Kagame yaburiye abavuga ko bazatera u Rwanda.

Gen.Muhoozi yavuze icyo yifuza ku Rwanda.

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yavuze uburyo Tshisekedi yageze ku ngoma.

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagaragaje ko raporo z’impuguke za L’oni zitajya zivuga ubufasha Congo iha umutwe wa FDLR, ahubwo zigahora zivuga ko u Rwanda rufasha abarwanyi ba M23.

Ibi umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yabigarutseho ku munsi w’ejo ku wa gatanu tariki ya 04/07/2025, ubwo igihugu cye cyizihizaga umunsi wo kwibohora ku nshuro ya 31.

Mu bihe bitandukanye impuguke z’umuryango w’Abibumbye zisohora raporo zivuga ko iba isobanura ibibera mu Burasizuba bwa Congo.

Iherutse yashinje u Rwanda kohereza abasirikare barwo muri RDC mu bice bigenzurwa na AFC/M23, ndetse ko hari n’izindi ngabo zarwo ziri ku mupaka zitegura koherezwa yo nazo.

U Rwanda rwanenze iby’iyi raporo , ruvuga ko yuzuye ibinyoma, ahubwo ko ziriya mpuguke zigoreka ukuri ntizigaragaze FDLR ubufasha ihabwa na RDC.

Mu kiganiro rero perezida w’u Rwanda yagiranye n’abanyamakuru ku munsi w’ejo ku wa gatanu, yagaragaje ko izo raporo zisohorwa ntacyo ziba zije gukora kubihari kuko ziba zaranditswe mbere.

Yagize ati: “Izo nzobere raporo zandika mu by’ukuri ntacyo iba ije gukora ku bihari, izo raporo ziba zarakozwe kera cyane, igihe bahabwaga ubwo butumwa. Niyo mpamvu buri igihe ubona zisa.”

Perezida Kagame yavuze ko nta narimwe uzabona banditse ibyimbitse ku mutwe wa FDLR, uyu ukaba ugizwe n’abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Yagize ati: “Ntuzigera ubona banditse ikintu ku buryo ibigo bya leta bikorana na FDLR mu gukwirakwizwa urwango n’ingengabitekerezo ya jenocide, ibintu bikorwa buri munsi habona, buri wese yagakwiriye kubibona.

“Wibaza uburyo inzobere zitabibona. Raporo zose 75% zibasira AFC/M23 n’u Rwanda, bati ‘u Rwanda rufasha M23.”

Yavuze ko FDLR nidasenywa u Rwanda ruzakomeza guhangana n’ikibazo cyayo.

Ati: “Ikibazo cya FDLR nikiramuka kidakemuwe kandi twashyizeho uburyo bwo guhangana na yo mu masezerano, ibyo bizaba bivuze ko FDLR izakomeza kubaho, n’ikibazo kizakomeza kubaho kandi u Rwanda ruzakomeza gukora icyo rukwiye gukora mu gihe FDLR iri hafi n’imipaka yacu.”

Tags: FDLRKagameLoniraporo
Share26Tweet16Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yaburiye abavuga ko bazatera u Rwanda.

by Bruce Bahanda
July 5, 2025
0
Perezida Kagame yaburiye abavuga ko bazatera u Rwanda.

Perezida Kagame yaburiye abavuga ko bazatera u Rwanda. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yaburiye buri muntu wese ngo wigamba ko azatera u Rwanda, ababwira ko kuba rudafite...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze icyo yifuza ku Rwanda.

by Bruce Bahanda
July 4, 2025
0
Gen.Muhoozi yatumiye Abanyarwanda muri Uganda anabagaragariza impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze icyo yifuza ku Rwanda. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko u Rwanda na Uganda byifuza amahoro arambye, u bushuti n'ubufatanye mu baturage...

Read moreDetails

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yavuze uburyo Tshisekedi yageze ku ngoma.

by Bruce Bahanda
July 4, 2025
0
Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yavuze uburyo Tshisekedi yageze ku ngoma.

Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yavuze uburyo Tshisekedi yageze ku ngoma. Perezida w'u Rwanda, Paul Kagame yatangaje ko mugenzi we wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yashyizwe...

Read moreDetails

Igisirikare cy’u Rwanda cyakoze impinduka ku myambaro yacyo.

by Bruce Bahanda
July 4, 2025
0
Igisirikare cy’u Rwanda cyakoze impinduka ku myambaro yacyo.

Igisirikare cy'u Rwanda cyakoze impinduka ku myambaro yacyo. Igisirikare cy'u Rwanda kizwi nka RDF, cyakoze impinduka ku myambaro yacyo, kuko utudarapo turiho ibendera ry'igihugu cyabo twambarwaga ku maboko...

Read moreDetails

U Rwanda rwanenze raporo iheruka gushyirwa hanze n’impungenge za Loni.

by Bruce Bahanda
July 3, 2025
0
Bimwe mu bituma perezida Kagame yitwa Umunyabwenge uhambaye.

U Rwanda rwanenze raporo iheruka gushyirwa hanze n'impungenge za Loni. Raporo iheruka gushyirwa hanze n'impungenge za Loni ishinja u Rwanda gusahura umutungo kamere wa Repubulika ya demokarasi ya...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Kagame yaburiye abavuga ko bazatera u Rwanda.

Perezida Kagame yaburiye abavuga ko bazatera u Rwanda.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?