• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, August 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

RDC: Amakuru avuga ku musirikare wishwe n’abagenzi be azira ubwoko bwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 20, 2025
in Conflict & Security
0
RDC: Amakuru avuga ku musirikare wishwe n’abagenzi be azira ubwoko bwe.
96
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC: Amakuru avuga ku musirikare wishwe n’abagenzi be azira ubwoko bwe.

You might also like

MRDP -Twirwaneho yatanze impuruza ku bitero FARDC n’abambari bayo bakomeje kugaba ku Banyamulenge.

Wazalendo bongeye gutera ibisasu mu nkengero za centre ya Minembwe.

Ingabo z’u Burundi zasahuye mu baturage ku Ndondo ya Bijombo.

Sous-Lieutenant Innocent Muhuza wo mu bwoko bw’Abanyamulenge wari umwe mu basirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, basanze aho yiciwe mu bice byo muri teritware ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, yishwe n’abagenzi be azira ubwoko bwe Abanyamulenge, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ni amakuru akubiye mu butumwa bw’amajwi aho ahamya ko Muhuza wari umusirikare wa FARDC yishwe atemaguwe n’abandi basirikare, nyuma y’uko babanje ku mwita “Umunyarwanda.”

Ubutumwa bw’amajwi buvuga aya makuru bugira buti: “Muhuza baramwishe. Igitangaje baramutemaguye nkakurya batemagura igitoki. Barimo bambwita Umunyarwanda.”

Ni ubutumwa buvuga ko uyu musirikare wa FARDC wo mu bwoko bw’Abanyamulenge yiciwe i Luvungi mu gace gaherereye mu Kibaya cya Rusizi ho muri teritware ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Ati: “Twasanze aho bamutemaguriye hano i Luvungi mu Kibaya cya Rusizi. Bamwishe ku cyumweru, ariko twatoye umurambo we ku wa kabiri.”

Uyu musirikare wishwe n’abagenzi be azira ubwoko bwe Abanyamulenge, ni mwene Burayi ni uwo munzu y’Abasinzira ba Bayira.

Yarasanzwe akorera i Luvungi, akaba yarabarizwaga muri bataillon yitwa Cadre.

Si ubwa mbere Abanyamulenge bari mu gisirikare cya RDC bicwa bazira inkomoko yabo, kuko ibyo byatangiye kuva mu mwaka wa 1998, ubwo i Kinshasa hicirwaga abasirikare barenga ijana.
Ibyo byagiye bigaragara na nyuma y’aho, ndetse ubu muri iyi myaka yavuba byongeye gufata indi ntera.

Benshi muri abo bicishijwe imihoro, abandi bagatwikwa, ndetse abandi bagahambwa babona. Byagaragaye i Fizi, Goma, Kamituga, Salamabila n’ahandi.

Tags: Bagenzi beFardcLuvungiMuhuzayishwe
Share38Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

MRDP -Twirwaneho yatanze impuruza ku bitero FARDC n’abambari bayo bakomeje kugaba ku Banyamulenge.

by Bruce Bahanda
August 20, 2025
0
Brig.Gen.Sematama yaburiye abaja kuvumba ikosi ya MRDP ahandi.

MRDP -Twirwaneho yatanze impuruza ku bitero FARDC n'abambari bayo bakomeje kugaba ku Banyamulenge. Umutwe wa MRDP-Twirwaneho ukorera muri Kivu y'Amajyepfo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo,...

Read moreDetails

Wazalendo bongeye gutera ibisasu mu nkengero za centre ya Minembwe.

by Bruce Bahanda
August 20, 2025
0
Wazalendo bongeye gutera ibisasu mu nkengero za centre ya Minembwe.

Wazalendo bongeye gutera ibisasu mu nkengero za centre ya Minembwe. Ihuriro rya Wazalendo rirwana ku ruhande rw'ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryateye ibisasu byinshi mu Rugezi...

Read moreDetails

Ingabo z’u Burundi zasahuye mu baturage ku Ndondo ya Bijombo.

by Bruce Bahanda
August 20, 2025
0
Byakaze Imbonerakure zirwana muri RDC zashinje Leta yabo kuzihenda.

Ingabo z'u Burundi zasahuye mu baturage ku Ndondo ya Bijombo. Abasirikare b'u Burundi basanzwe bakorera mu nshe z'i Ndondo ya Bijombo muri teritware ya Uvira mu ntara ya...

Read moreDetails

AFC/M23/MRDP yagaragaje ibyo ingabo za RDC ziri gukora muri iki gihe muri Kivu y’Epfo.

by Bruce Bahanda
August 20, 2025
0
AFC/M23 yagaragaje impamvu itazasubira mu biganiro by’i Doha.

AFC/M23/MRDP yagaragaje ibyo ingabo za RDC ziri gukora muri iki gihe muri Kivu y'Epfo. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho ryagaragaje ko nubwo hari ibiri gukorwa kugira ngo...

Read moreDetails

Gufungwa kwa bayobozi ba kuru muri polisi y’u Burundi biravuza ubuhuha.

by Bruce Bahanda
August 19, 2025
0
Gufungwa kwa bayobozi ba kuru muri polisi y’u Burundi biravuza ubuhuha.

Gufungwa kwa bayobozi ba kuru muri polisi y'u Burundi biravuza ubuhuha. Nyuma y'aho Leta y'u Burundi ifunze Colonel Moïse Arakaza uzwi cyane ku izina rya Nyeganyega, yongeye gufunga...

Read moreDetails
Next Post
U Rwanda rwatangaje icyo rwiteguye gukora kugira ngo ruhangane n’ingaruka zaterwa n’intambara ya Israel na Iran.

U Rwanda rwatangaje icyo rwiteguye gukora kugira ngo ruhangane n'ingaruka zaterwa n'intambara ya Israel na Iran.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?