• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 12, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

RDC: Amakuru avuga ku musirikare wishwe n’abagenzi be azira ubwoko bwe.

minebwenews by minebwenews
June 20, 2025
in Conflict & Security
0
RDC: Amakuru avuga ku musirikare wishwe n’abagenzi be azira ubwoko bwe.
96
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC: Amakuru avuga ku musirikare wishwe n’abagenzi be azira ubwoko bwe.

Sous-Lieutenant Innocent Muhuza wo mu bwoko bw’Abanyamulenge wari umwe mu basirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, basanze aho yiciwe mu bice byo muri teritware ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, yishwe n’abagenzi be azira ubwoko bwe Abanyamulenge, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

READ ALSO

C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga

MWENGA: Radio Community de Mwenga Yatewe, Ibikoresho Birasahurwa n’Ibiganiro Birahagarara

Ni amakuru akubiye mu butumwa bw’amajwi aho ahamya ko Muhuza wari umusirikare wa FARDC yishwe atemaguwe n’abandi basirikare, nyuma y’uko babanje ku mwita “Umunyarwanda.”

Ubutumwa bw’amajwi buvuga aya makuru bugira buti: “Muhuza baramwishe. Igitangaje baramutemaguye nkakurya batemagura igitoki. Barimo bambwita Umunyarwanda.”

Ni ubutumwa buvuga ko uyu musirikare wa FARDC wo mu bwoko bw’Abanyamulenge yiciwe i Luvungi mu gace gaherereye mu Kibaya cya Rusizi ho muri teritware ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Ati: “Twasanze aho bamutemaguriye hano i Luvungi mu Kibaya cya Rusizi. Bamwishe ku cyumweru, ariko twatoye umurambo we ku wa kabiri.”

Uyu musirikare wishwe n’abagenzi be azira ubwoko bwe Abanyamulenge, ni mwene Burayi ni uwo munzu y’Abasinzira ba Bayira.

Yarasanzwe akorera i Luvungi, akaba yarabarizwaga muri bataillon yitwa Cadre.

Si ubwa mbere Abanyamulenge bari mu gisirikare cya RDC bicwa bazira inkomoko yabo, kuko ibyo byatangiye kuva mu mwaka wa 1998, ubwo i Kinshasa hicirwaga abasirikare barenga ijana.
Ibyo byagiye bigaragara na nyuma y’aho, ndetse ubu muri iyi myaka yavuba byongeye gufata indi ntera.

Benshi muri abo bicishijwe imihoro, abandi bagatwikwa, ndetse abandi bagahambwa babona. Byagaragaye i Fizi, Goma, Kamituga, Salamabila n’ahandi.

Tags: Bagenzi beFardcLuvungiMuhuzayishwe

Related Posts

C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga
Conflict & Security

C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga

September 11, 2026
MWENGA: Radio Community de Mwenga Yatewe, Ibikoresho Birasahurwa n’Ibiganiro Birahagarara
Conflict & Security

MWENGA: Radio Community de Mwenga Yatewe, Ibikoresho Birasahurwa n’Ibiganiro Birahagarara

September 11, 2026
Kasheke: Inkongi y’Umuriro Ihinduye Umunsi w’Amashuri Umunsi w’Amarira
Conflict & Security

Abantu 26 Bahitanywe n’Inkongi i Bukavu: AFC/M23 Itangaje Iminsi 3 y’Icyunamo

September 11, 2026
Ibyo wamenya kuri P5 yongeye kuvugwa mu misozi y’i Mulenge, nyuma yo kuzamuka imisozi ibiri hamwe na FARDC nyinshi, FDLR n’ingabo z’u Burundi
Conflict & Security

FARDC, Ingabo z’u Burundi n’Imitwe Yitwaje Intwaro Bageze mu Bice bya Rurambo na Ndondo: Amakuru Mashya ku Miterere y’Ingabo Ziri Kuzamuka Ziva i Uvira

September 11, 2026
Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa
Conflict & Security

Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa

September 10, 2026
AFC/M23 Yatangaje Umubare w’Abahitanywe n’Inkongi y’Umuriro i Bukavu n’Abakomeretse
Conflict & Security

AFC/M23 Yatangaje Umubare w’Abahitanywe n’Inkongi y’Umuriro i Bukavu n’Abakomeretse

September 10, 2026
Next Post
U Rwanda rwatangaje icyo rwiteguye gukora kugira ngo ruhangane n’ingaruka zaterwa n’intambara ya Israel na Iran.

U Rwanda rwatangaje icyo rwiteguye gukora kugira ngo ruhangane n'ingaruka zaterwa n'intambara ya Israel na Iran.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
  • Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
  • C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?