• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

RDC ikomeje kunaniza AFC/M23 ku bijyanye n’ibiganiro bya Qatar.

minebwenews by minebwenews
April 23, 2025
in Regional Politics
0
AFC/M23 yaburiye FARDC n’abambari bayo ku bitero ikomeje kugaba mu Minembwe n’i Walikale.
82
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC ikomeje kunaniza AFC/M23 ku bijyanye n’ibiganiro bya Qatar.

You might also like

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ribarizwamo umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho, ryagaragaje ko ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo bukomeje kuri naniza kubijyanye n’ibiganiro by’i Doha muri Qatar.

Mu biganiro byabereye i Doha muri Qatar kuva mu kwezi kwa gatatu uyu mwaka wa 2025, impande zombi zasabwe gufata ingamba zirema icyizere, zishimangira ko zifuza gukemura amakimbirane zifitanye kugira ngo amahoro aboneke.

Iri huriro rya AFC/M23 ryarabyubahirije mu kwezi kwa kane mu ntangiriro zako, rikura abarwanyi baryo muri centre ya Walikale no mu bice bihana imbibi. Usibye ko ryateguje ingabo za Congo ko nizongera kubagabaho ibitero, izongera kuyifata.

AFC/M23, ibinyujije kuri Qatar, yasabye Leta y’i Kinshasa ko na yo yafungura abantu barimo abanyapolitiki n’abasirikare bafunzwe mu buryo bunyuranyije n’amategeko bashinjwa gukorana na yo cyangwa kuba abanyamuryango.

Amakuru avuga ko AFC/M23 yahaye Qatar urutonde rw’abantu barenga 700 bafunzwe na Leta y’i Kinshasa bagombaga gufungurwa, ariko nta n’umwe muri bo wafumguwe.

Leta ya Congo yagaragaje ko yafunguye abantu batanu barimo umudepite wo mu ntara ya Hau-Uele, ariko AFC/M23 ivuga ko abo batari ku rutonde rwabo yasabye ko bafungurwa.

Abafunguwe ni abahoze bakorana n’uwahoze ari guverineri wa Haut-Uele akaba na murumuna wa Corneille Nangaa uyoboye AFC/M23, Christopher Baseane Nangaa.

Uyu yari aheruka guhungira muri Leta Zunze ubumwe z’Abarabu mu gihe yakekwagaho gukorana na Nangaa umuvandimwe we. Akaba yarahoze mu ihuriro rya Union sacree riri ku butegetsi bwa Congo.

Kurema icyizere mu ngamba z’ubwumvikane hagati ya RDC n’ihuriro rya AFC/M23, kuko ni kimwe mu byingenzi byari bikwiye gushingirwaho mu gutunganya inyandiko ihuriweho n’impande zombi.

Amakuru avuga ko nyuma y’icyumweru intumwa za AFC/M23 ziri i Doha, zamaze kuvayo kandi ko zitigeze zishyira umukono ku nyandiko ihuriweho, bitewe nuko Leta y’i Kinshasa yanze kubahiriza icyifuzo cyayo.

Tags: AFC/m23KuyinanizaRdc
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje...

Read moreDetails
Next Post
Ibya basirikare ba FARDC basanzwe mu bigo by’ingabo za SADC muri RDC.

Uduce twinshi two muri Walikale, M23 yatwigaruriye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?