• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

RDC: Ingabo z’u Burundi zikomeje gupfira mu ntambara ihanganishije FARDC na M23.

minebwenews by minebwenews
January 9, 2025
in Regional Politics
0
RDC: Ingabo z’u Burundi zikomeje gupfira mu ntambara ihanganishije FARDC na M23.
118
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC: Ingabo z’u Burundi zikomeje gupfira mu ntambara ihanganishije FARDC na M23.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ku mbugankoranyambaga,Abarundi bakomeje kuzitangaho ubutumwa bwa kababaro bugaragaza ko Ingabo zabo ziri gupfira gushira mu ntambara ibera mu Ntara ya Kivu Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa.

Imyaka ibiri irihiritse ingabo z’u Burundi zifasha igisirikare cya Leta ya Kinshasa ku rwanya umutwe wa M23 mu ntara ya Kivu Yaruguru.

Ni ubufasha kandi ingabo z’u Burundi zihuriyemo n’iz’u muryango wa SADC, abacancuro, Wazalendo n’umutwe wa FDLR urimo abasize bakoze jenoside mu Rwanda mu 1994.

Gusa n’ubwo ingabo z’igihugu cya RDC zifashwa n’ibihugu byinshi mu kurwanya umutwe wa M23 ntibibuza ko uwo mutwe ukomeza kwigarurira uduce twinshi turimo n’imijyi ikomeye, ndetse kandi izo ngabo zamahanga zikaburira ubuzima bwazo ku bwinshi muri iyo ntambara.

Ahagana mu kwezi kwa Cumi umwaka w’ 2023, M23 yabohoje umujyi ukomeye wa Kitshanga, aho ndetse urugamba rwo gufata icyo gice, abasirikare b’u Burundi babarirwa mu magana baruburiyemo ubuzima harimo n’abafashwe amatekwa, ndetse n’abandi baburirwa irengero.

Mu cyumweru gishize, ubwo kandi umutwe wa M23 wafataga centre y’ingenzi ya teritware ya Masisi, hapfuye abasirikare b’u Burundi benshi barimo n’umusirikare ufite ipeti rya Lieutenant, witwa Patience Gapara.

Ni umusirikare wari intwari cyane, nk’uko Abarundi benshi bakomeje kubigaragaza ku mbugankoranyambaga; umwirondoro we ugaragaza ko yavutse mu 1991 kandi ko akomoka mu ntara ya Mwaro.

Uyu musirikare, biri kuvugwa ko yakundaga cyane igihugu cye, ari nabyo byatumye yinjira igisirikare akiri muto.

Ati: “Yagize umutima wo gukunda igihugu akiri muto. Ababanye nawe bavuga ko ntako atagize kugira ngo bajane mu gisirikare bazarinde ubusugire bw’igihugu cyabo.”

Bakomeje bavuga ko kubwiwe yumvaga kuba umusirikare ari yo nzira yonyine, yofasha igihugu cye.

Uyu musirikare uri muri benshi b’u Burundi baguye ku rugamba muri RDC, yize ku ishuri rya kaminuza y’igisikare ya ISCAM muri promotion ya 46.

Byanavuzwe kandi ko Patience Gapara yoherejwe muri RDC nyuma y’uko yari amaze igihe gito avuye muri Somalia, aho ingabo z’u Burundi zimaze igihe ziri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye(LONI).

Aya makuru anavuga kandi ko Lieutenant Gapara yapfanye n’abasirikare benshi, nubwo amazina yabo bapfanye ataramenyekana.

Hagataho imirwano irakomeje ku mirongo y’urugamba muri teritware ya Masisi, hagati y’uruhande rwa Leta n’umutwe wa M23.

Usibye ko amakuru ava muri ibyo bice ahamya ko M23 iri gukubita inshuro uruhande ru rwanirira Leta ya Kinshasa, ndetse kandi ko uwo mutwe uri no kwigarurira uduce twagenzurwaga na FARDC n’abambari bayo mu buryo budasanzwe.

Tags: AbarundiMasisi
Share47Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Hatanzwe umucyo icyatumye Abanyamulenge babuzwa kugera i Baraka.

Hatanzwe umucyo icyatumye Abanyamulenge babuzwa kugera i Baraka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?