• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

RDC: Kabila agiye gutangira kuburanishwa.

minebwenews by minebwenews
July 25, 2025
in Conflict & Security
0
RDC: Kabila agiye gutangira kuburanishwa.
78
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC: Kabila agiye gutangira kuburanishwa.

You might also like

Ay’indege bivugwa ko yahagurutse ku kibuga cy’indege cya Bujumbura igana muri RDC

Makyambe wahoze ayobora zone ya Minembwe igihe cya RCD yishwe arashwe

Havuzwe bimwe mu byatumye Wazalendo badakomeza imyigaragambyo i Uvira

Repubulika ya demokarasi ya Congo, igiye gutangira kuburanisha Joseph Kabila wahoze ari perezida w’iki gihugu.

Byatangajwe n’urukiko rwa gisirikare kuri uyu wa gatanu tariki ya 25/07/2025, aho ndetse ngo rushobora kuzamukatira urwo gupfa mu gihe yohamwa nibyo ashinjwa.

RDC ishinja Kabila ibyaha birimo ubugambanyi, iby’intambara, ibyibasira inyokomuntu ndetse no kujya mu mutwe ugambiriye gukuraho ubutegetsi.

Ibi byaha, RDC yatangiye kubyegeka kuri Kabila nyuma y’aho mu kwezi kwa kane uyu mwaka yatangaje ko agiye kuva mu buhungiro yarimo muri Afrika y’Epfo.

Mukuvayo, yahise yerekeza i Goma mu Burasirazuba bwa Congo hagenzurwa na AFC/M23 kuva mu mpera z’ukwezi kwa mbere uyu mwaka wa 2025.

Kabila kimwe na AFC/M23 bahuriye ku mugambi wo gushyira iherezo ryanyuma ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi bita ubw’igitugu, ndetse kandi babushinja kuba ari bwo nyiribayazana w’uruhurirane byugarije iki gihugu.

Kabila agiye kuburanishwa mu gihe Sena iheruka kumwambura ubudahangarwa yari afite bwo kuba umusenateri ubuzima bwe bwose.

Mu gihe yohamwa n’ibyaha aregwa, byitezwe ko urukiko rwa gisirikare rwahita rumukatira gufungwa ubuzima bwe bwose.

Gusa, ibiganiro uyu mutwe wa M23 urimo na Leta y’i Kinshasa i Doha muri Qatar, wasabye ko kiriya gihano cyafatiwe abayobozi bawo cyakurwaho.

Tags: KabilaKuburanishwaRdcurukiko rwa Gisirikare
Share31Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ay’indege bivugwa ko yahagurutse ku kibuga cy’indege cya Bujumbura igana muri RDC

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
Ay’indege bivugwa ko yahagurutse ku kibuga cy’indege cya Bujumbura igana muri RDC

Ay'indege bivugwa ko yahagurutse ku kibuga cy'indege cya Bujumbura igana muri RDC Amakuru aturuka mu Burundi avuga ko ku kibuga cy'indege cyaho giherereye i Bujumbura ku murwa mukuru...

Read moreDetails

Makyambe wahoze ayobora zone ya Minembwe igihe cya RCD yishwe arashwe

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
Makyambe wahoze ayobora zone ya Minembwe igihe cya RCD yishwe arashwe

Makyambe wahoze ayobora zone ya Minembwe igihe cya RCD yishwe arashwe Makyambe Mishembe Laurent wahoze ari administrateur wungirije wa teritware ya Minembwe iyari yarashyizweho n'umutwe wa RDC warwanyaga...

Read moreDetails

Havuzwe bimwe mu byatumye Wazalendo badakomeza imyigaragambyo i Uvira

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
Havuzwe bimwe mu byatumye Wazalendo badakomeza imyigaragambyo i Uvira

Havuzwe bimwe mu byatumye Wazalendo badakomeza imyigaragambyo i Uvira Imwe mu mpamvu zatumye Wazalendo badakomeza imyigaragambyo mu mujyi wa Uvira muri Kivu y'Amajyepfo yo kwa magana Brigadier General...

Read moreDetails

Ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge muri Uvira rikomeje gufata indi ntera

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
Uvira: Uduce twaraye tuvugiramo ibiturika, ni natwo bivugwa ko turimo a Wazalendo b’ukuri, ni nabo kandi badashaka Gen Gasita

Ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge muri Uvira rikomeje gufata indi ntera Mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa kabiri tariki ya 09/09/2025, abantu bitwaje intwaro bikekwa kwari Wazalendo binjiye...

Read moreDetails

FARDC irashinjwa gushimuta umuturage mu Mikenke

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
FARDC irashinjwa gushimuta umuturage mu Mikenke

FARDC irashinjwa gushimuta umuturage mu Mikenke Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, zirashinjwa gushimuta umugabo wo mu bwoko bw'Ababembe mu Mikenke muri secteur ya Itombwe, teritware...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 yazindukiye mu mirwano ikaze n’ihuriro ry’ingabo za RDC.

AFC/M23 yazindukiye mu mirwano ikaze n'ihuriro ry'ingabo za RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?