• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 6, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

RDC: Kamerhe yageneye ubutumwa uwa musimbuye ku buyobozi bw’inteko ishinga amategeko

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 26, 2025
in Regional Politics
0
RDC: Kamerhe yageneye ubutumwa uwa musimbuye ku buyobozi bw’inteko ishinga amategeko
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC: Kamerhe yageneye ubutumwa uwa musimbuye ku buyobozi bw’inteko ishinga amategeko

You might also like

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Vital Kamerhe wari uyoboye inteko ishinga amategeko ya Repubulika ya demokarasi ya Congo kuva mu ntangiriro z’umwaka ushize, akaba yasimbuwe kuri uwo mwanya, yageneye ubutumwa uwa musimbuye, amusaba gushyigikira perezida no guharanira inyungu z’igihugu cye.

Ubu butumwa Kamerhe yabutanze ku munsi w’ejo ku wa kane tariki ya 25/09/2025, ubwo yahererekanya ububasha n’uwa musimbuye by’agateganyo, bwana Jean Claude Tshilumbayi.

Mu butumwa yamugeneye yamusabye kuyobora neza inteko ishinga amategeko, kandi akazarangwa no gushyigikira perezida Felix Tshisekedi no gushyigikira inyungu z’igihugu.

Jean Claude Tshilumbayi ni we wari visi perezida wa Vital Kamerhe kuri uyu mwanya w’inteko ishinga amategeko.

Binazwi ko atari akeneye ko Kamerhe yeguzwa, nk’uko amakuru ava muri iki gihugu abivuga.

Yanamushimiye uburyo bakoranye neza, ndetse anamubwira ko yizeye ko bazakomeza gukorana ngo kuko amuziho ubunararibonye mu kuyobora inteko ishinga amategeko.

Jean Claude Tshilumbayi atorewe kuyobora inteko ishinga amategeko y’iki gihugu by’agateganyo, nyuma y’aho Kamerhe wari uyiyoboye yeguye, ni mu gihe yashyizweho igitutu n’abadepite ahanini bo mu ishyaka riri ku butegetsi rya UDPS.

Mu ibaruwa Vital Kamerhe yatanze y’ubwegure bwe, iyo yatanze ku wa mbere muri iki cyumweru, yasobanuye ko yeguye ku bushake n’impamvu ze bwite, ariko bizwi ko hari abadepite banditse inyandiko zimutakariza icyizere bamushinja ibirimo kunyereza imari y’inteko no kurangwa n’imiyoborere mibi.

Tags: Kamerhe
Share34Tweet21Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze Mu gihe ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari bikomeje...

Read moreDetails

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails

U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Rwanda Rwasubije Abayobozi ba RDC Bishimiye Ibihano Byafatiwe Bamwe mu Basirikare Barwo na Amerika

U Rwanda rwasubije abayobozi ba RDC bishimiye ibihano byafatiwe bamwe mu basirikare barwo na Amerika Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko ibihano bifatirwa uruhande rumwe...

Read moreDetails

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona

U Burundi mu Mwijima w’Imiyoborere: Aho Abaturage Bishyura Ibyo Batabona Amakuru Minembwe Capital News dukesha inyandiko ya Pacifique Ninanahazwe, uhagarariye ishyirahamwe FECODE ritabariza Abarundi bari mu kaga, agaragaza...

Read moreDetails
Next Post
Umukwabo wakorewe i Goma wafatiwemo n’abarimo abapasitori

Umukwabo wakorewe i Goma wafatiwemo n'abarimo abapasitori

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?