Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home History

RDC : Minisitiri Mutamba yahakanye ibivugwa ko yishe abantu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 6, 2025
in History
0
RDC : Minisitiri Mutamba yahakanye ibivugwa ko yishe abantu.
82
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC : Minisitiri Mutamba yahakanye ibivugwa ko yishe abantu.

You might also like

Mu gikombe cy’isi cy’amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.

Icyo Umusesenguzi avuga kuri gahunda ndende Tshisekedi na Ndayishimiye barimo yo kurimbura Abanyamulenge.

Abashinwa bavumbuye umuti wa Diyabete, ibirambuye.

Minisitiri w’ubutabera muri Repubulika ya demokorasi ya Congo, Constant Mutabamba yahakanye ibivugwa ko Leta y’igihugu cye yishe imfungwa 102.

Ni amakuru yatangajwe n’ibiro ntara makuru by’Abanyamerika, Associated press aho bivuga ko Mutamba yabyemeje ubwo yari mu kiganiro n’ibyo biro ntara makuru.

Gusa Mutamba yahakanye aya makuru avuga ko atigeze aha AP ikiganiro.

Inkuru ya Associated press ivuga ko Leta ya Kinshasa yishe imfungwa 102 mu cyumweru gishize, ndetse ko abandi 70 bategereje igihano cy’urupfu.

AP ivuga ko abagabo bari mu kigero cy’imyaka iri hejuru ya 18, bazwiho ubujura bwo mu mujyi biciwe muri Gereza ya Angenga mu ntara ya Mangola, yahoze Ari agace k’intara ya Equateur.

Iyi nkuru kandi igaragaza ko abantu 45 bishwe mu mpera z’u kwezi kwa cumi nabiri 2024, abandi 57 bishwe mu mpera zakiriya cyumweru gishize.

Nyamara kandi ibinyamakuru byandikirwa i Kinshasa bivuga ko muri operasiyo yiswe Ndobo, minisitiri Mutamba yakurikiye umuhango wo kujyana muri Gereza ya Angenga imfungwa 70 akaba yaranazisabye gusezera ku bo zahemukiye no gusaba imbabazi bwa nyuma.

Bivugwa ko Mutamba yagize ati: “Turi ku cyumweru, mu giye kwicwa, mutangire musabe imbabazi.”

Ngo yakomeje agira ati: “Musabe imbabazi abo mwahemukiye, abo mwishe, n’abagore mwafashe ku ngufu . Uyu munsi muragiye ariko ntabwo muzagaruka.”

Ndetse kandi ngo yakomeje abwira iz’i mfungwa ko hagiye gushyirwa mu bikorwa igihano cy’urupfu.

Insoresore z’i Kinshasa zishoye mu bikorwa by’ubujura n’ubugizi bwa nabi , zakunze gutungwa agatoki mu guhungabanya umutekano mu bikorwa bakora.

Bamwe muri izo nsoresore , leta yagiye ibafata ikabajyana ahantu hihariye bakagororwa, bakanigishwa guhinga no gukora indi mirimo.

Tags: 102KinshasaMutamba
Share33Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Mu gikombe cy’isi cy’amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.

by Bruce Bahanda
July 14, 2025
0
Mu gikombe cy’isi cy’amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump.

Mu gikombe cy'isi cy'amakipe, PSG yanyagiriwe imbere ya perezida Trump. Muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika hasojwe imikino y'igikombe cy'isi cy'amakipe, aho cyegukanywe na Chelsea inyagiye PSG ibitego 3...

Read moreDetails

Icyo Umusesenguzi avuga kuri gahunda ndende Tshisekedi na Ndayishimiye barimo yo kurimbura Abanyamulenge.

by Bruce Bahanda
July 9, 2025
0
Icyo Umusesenguzi avuga kuri gahunda ndende Tshisekedi na Ndayishimiye barimo yo kurimbura Abanyamulenge.

Icyo Umusesenguzi avuga kuri gahunda ndende Tshisekedi na Ndayishimiye barimo yo kurimbura Abanyamulenge. Umusesenguzi akaba n'Umujyanama w'umutwe wa M23 n'uwa Twirwaneho, Kabare Girinka William, yavuze ko nta muntu...

Read moreDetails

Abashinwa bavumbuye umuti wa Diyabete, ibirambuye.

by Bruce Bahanda
July 8, 2025
0
Abashinwa bavumbuye umuti wa Diyabete, ibirambuye.

Abashinwa bavumbuye umuti wa Diyabete, ibirambuye. Abashinwa bavumbuye uburyo bushya bwo kuvura indwara ya Diyabete yo mu bwoko bwa kabiri, bakaba bashobora gusubiza ku murongo uturemangingo twitwa beta...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku gitabo kivuga hejuru y’amabuye y’agaciro cyanditswe na Mundekeza.

by Bruce Bahanda
July 2, 2025
0
Ibyimbitse ku gitabo kivuga hejuru y’amabuye y’agaciro cyanditswe na Mundekeza.

Ibyimbitse ku gitabo kivuga hejuru y'amabuye y'agaciro cyanditswe na Mundekeza. Dr.Justin Mundekeza uri mu Banye-Congo babagenzuzi babahanga ku bijyanye na politiki y'iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya...

Read moreDetails

Bimwe mu bihugu bidashobora kugerwaho n’intambara ya 3 y’isi mu gihe yoramuka ibaye.

by Bruce Bahanda
June 25, 2025
0
Bimwe mu bihugu bidashobora kugerwaho n’intambara ya 3 y’isi mu gihe yoramuka ibaye.

Bimwe mu bihugu bidashobora kugerwaho n'intambara ya 3 y'isi mu gihe yoramuka ibaye. Nyuma y'aho Isi ikomeje kugarizwa n'ubushyamirane bwa politiki n'intambara hirya no hino z'urudaca, benshi batekereza...

Read moreDetails
Next Post
RDC: Abayobozi bashya muri FARDC batangiye inshingano.

RDC: Abayobozi bashya muri FARDC batangiye inshingano.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?