Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

RDC yasinyanye amasezerano mu bufatanye butandukanye n’igihugu cy’u Burusiya.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 12, 2024
in Regional Politics
0
RDC yasinyanye amasezerano mu bufatanye butandukanye n’igihugu cy’u Burusiya.
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC yasinyanye amasezerano mu bufatanye butandukanye n’igihugu cy’u Burusiya.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo n’u Burusiya byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu by’ubuhinzi, ibya gisirikare, ingufu ndetse n’ubuhahirane.

Ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa, ayo masezerano yasinywe na minisitiri w’ubabanye n’amahanga, Thérèse Wagner Kayikwamba mu gihe ku ruhande rw’u Burusiya byari bihagarariwe na minisitiri w’ubabanye n’amahanga wayo, Sergey Lavrov.

Ni amasezerano ibi bihugu byombi byasinye ku wa Gatandatu tariki ya 09/11/2024.
Iyi gahunda yashyizweho mu mwaka w’ 2019 hagamijwe guha impande zombi uburyo bwo kugirana ibiganiro bihamye ku bufatanye bwabo.

U ruhande rwa Leta ya Kinshasa, rwanashimiye byimazeyo u Burusiya ku nkunga bukomeje gutanga mu bibazo iki gihugu gifite by’intambara iri mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Kayikwamba wari ubihagarariye yagize ati: “Repubulika ya demokarasi ya Congo irashimira cyane ubufatanye bukomeje kugaragara, harimo n’ubuhagarariye mu nzego mpuzamahanga. Mu kanama k’umutekano ka LONI, igihugu cyanyu gifite uruhare rukomeye ku bibazo byihariye byo mu Burasirazuba bwa RDC. Dufite ishimwe rikomeye ku bufasha bwose dukesha u Burusiya twizeye ko buzahoraho.”

Yongeye gushimira ubushake bwa RDC bwo gukomeza kongera ibyo bamaze kugeraho mu bufatanye n’igihugu cy’u Burusiya mu nzego zitandukanye z’ubufatanye.

“Mu mwaka w’ 2025, tuzaba dufite umwaka udasanzwe ku bihugu byombi. Umwaka tuzizihizamo isabukuru y’imyaka 65 y’ubwingenge bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ariko kandi n’isabukuru y’imyaka 65 y’umubano wacu.”

Tags: AmasezeranoRdcU BurusiyaUbufatanye
Share29Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Israel yagize ibyo ishinjwa ku ntambara ibera muri Gaza.

Israel yagize ibyo ishinjwa ku ntambara ibera muri Gaza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?