• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

RDC yagaragaje icyo yikanga ku bantu baturuka muri Afrika y’Epfo binjira ku butaka bw’iki guhugu.

minebwenews by minebwenews
September 22, 2024
in Regional Politics
0
RDC yagaragaje icyo yikanga ku bantu baturuka muri Afrika y’Epfo binjira ku butaka bw’iki guhugu.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC yagaragaje icyo yikanga ku bantu baturuka muri Afrika y’Epfo binjira ku butaka bw’iki guhugu.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni ubutumwa bwanyujijwe ku rukuta rwa x, butanzwe na ambasade ya Repubulika ya demokarasi ya Congo muri Afrika y’Epfo, aho ku ya 20/09/2024, yagaragaje ko “abinjira muri RDC bavuye mu gihugu cya Afrika y’Epfo, gushaka visa binyuze mu nzira zitemewe baba bashaka guhungabanya umutekano w’iki gihugu cye.”

Iyi ambasade yagize iti: “Leta ya Kinshasa ishaka kugarura umutekano mu gihugu hose, twamenye ko hari abafite umugambi mubisha wo guhungabanya umutekano binyuze mu gushaka visa, mu gihe kandi baba baciye Inzira zitarizo. abakora ibi, ahanini bava muri Afrika y’Epfo.” Iyi ambasade yanasabye Guverinoma ya Afrika y’Epfo gukangurira inzego z’iki gihugu zishinzwe abinjira n’abasohoka na sosiyete z’indege zikorera ingendo muri RDC zivuye muri Afrika y’Epfo, kuba maso, zigakumira aba bantu.

Ibi bibaye mu gihe imirwano ikomeje gukara, hagati y’Ingabo za Leta ya Kinshasa n’umutwe wa M23 mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ho mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ni nyuma yaho kandi mu mpera z’ukwezi kwa Gatanu uyu mwaka, umutwe witwaje imbunda wiyise Zaïre wari wagerageje guhirika ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Kimweho umutekano wa RDC muri rusanga, uhorana agatotsi, haba i Kinshasa ku murwa mukuru w’iki gihugu no mu zindi ntara zigize iki gihugu.

       MCN.
Tags: Binjira ku butaka bwa RDCKubaturuka Afrika y'EpfoRdcYagaragaje icyo yikanga
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Studio ya Al Jazeera, yigabijwe n’igisirikare cya Israel ziyitegeka ibintu bikomeye.

Studio ya Al Jazeera, yigabijwe n'igisirikare cya Israel ziyitegeka ibintu bikomeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?