• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

RDC yanze kwitaba Thabo Mbeki wendaga kuyihuza na AFC/M23.

minebwenews by minebwenews
August 30, 2025
in Conflict & Security
0
RDC yanze kwitaba Thabo Mbeki wendaga  kuyihuza na AFC/M23.
69
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC yanze kwitaba Thabo Mbeki wendaga kuyihuza na AFC/M23.

You might also like

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yanze kwitaba ubutumire bwa Thabo Mbeki wayoboye Afrika y’Epfo wari wayisabye kuyihuza n’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo mu biganiro by’amahoro biteganyijwe kubera muri iki gihugu.

Thabo Mbeki wayoboye Afrika y’Epfo kuva mu 1999 kugeza mu 2008, yari yateganyije ko RDC n’abayirwanya abahuriza mu biganiro bizaba mu gihe cy’inama ngaruka mwaka y’amahoro y’umutekano izabera muri Afrika y’Epfo tariki ya 03 kugeza ku ya 5/09/2025.

Yari yayitumiyemo abo mu biro bya perezida Felix Tshisekedi n’abategetsi b’iki gihugu, Joseph Kabila wakiyoboye, Moïse Katumbi, Martin Fayulu, Corneille Nangaa umuhuza bikorwa w’ihuriro rya AFC/M23, Vital Kamerhe na Thomas Lubanga urwanira mu ntara ya Ituri mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Umuvugizi wa guverinoma y’iki gihugu cya RDC, Patrick Muyaya, yavuze ko ibyavuzwe na Mbeki mu bihe byatambutse bigaragaza ko atumva amakimbirane ari muri RDC, bityo ko leta ye idashishikajwe n’ibiganiro ateganya.

Yagize ati: “Twese turi buka ibyagiye bitangazwa na Mbeki, amagambo mabi agaragaza uburyo atumva ikibazo kiriho ubu. Ni gahunda itanoze yacu n’u Rwanda ya Washington DC n’iduhuriza n’abafashwa i Doha.”

Uyu muvugizi yanavuze ko hari indi gahunda perezida Felix Tshisekedi arimo ategura, kandi ko ayifatanyijemo n’abanyamadini, ikaba ari iyo guhuriza hamwe abanyekongo bose.

Amagambo ya Mbeki anengwa na Leta y’i Kinshasa ni asobanura impamvu muzi z’amakimbirane yo muri iki gihugu ko Abanye-Congo ubwabo ari bo bagomba kwicara, bakaganira, aho gukomeza gutungana intoki no kurutunga ibihugu by’abaturanyi.

Mbeki yagiye asobanura kenshi ko amakimbirane ya Congo n’umutwe wa M23 akomoka ku cyemezo Mobutu yafashe cyo kwirukana abanye-kongo bavuga mikinyarwanda. Agasobanura ko ari icyo gihe abo mu bwoko bw’Abatutsi batangiye gutotezwa kugeza.

Tags: AFC/m23RdcThabo Mbeki
Share28Tweet17Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane Abaturage b’Abanyamulenge batuye mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, batangaje ko bishimiye cyane ifatwa ry’umujyi wa...

Read moreDetails

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: "Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose" Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no...

Read moreDetails
Next Post
I Goma no mu nkengero zayo hagabwe ibitero bikaze.

FARDC n'abambari bayo bazindutse bagaba igitero mu irembo rya Minembwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?