• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, August 19, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

RDC yashinjwe gukora igikorwa ndengakamere nyuma y’aho isinye amasezerano y’amahoro.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 1, 2025
in Conflict & Security
0
Ibibunda byahawe ingabo za RDC ntibisanzwe.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC yashinjwe gukora igikorwa ndengakamere nyuma y’aho isinye amasezerano y’amahoro.

You might also like

AFC/M23 yagaragaje impamvu itazasubira mu biganiro by’i Doha.

Abari mu Bibogobogo bishimiye imvura yahaguye.

AFC/M23 yashinje ingabo za FARDC gutera ibisasu mu basivili.

Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ribarizwamo umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho ryamaganye Repubulika ya demokarasi ya Congo yarashe indege ya gisivile mu Minembwe nyuma y’iminsi itatu gusa isinye amasezerano y’amahoro, ayo yasinyanye n’u Rwanda i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

AFC/M23 yabyamaganye ikoresheje itangazo yaraye ishyize hanze mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa kabiri tariki ya 01/07/2025.

Muri iryo tangazo ivuga ko igikorwa RDC yakoze cyahitanye ubuzima bw’abantu, kandi ngo cyangiza n’ibikoresho byari bishyiriwe abaturage birimo imiti. Kigira umuyonga ibiribwa byari bigenewe abaturage bagizweho ingaruka n’ibikorwa bihonyora uburenganzira bwa muntu byakozwe n’ubutegetsi bwa Congo kuva mu mwaka wa 2017.

Rikomeza rivuga ko binyuze mu bikorwa ubu butegetsi bw’i Kinshasa buherutse gutangaza bugaragaza ko bugifite umugambi wo kurimbura Abanyamulenge mu misozi y’i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo.

Niho iri huriro rya AFC/M23 ryahise ryamagana Kinshasa rigize riti: “Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 yamaganye yivuye inyuma ibi bikorwa biteye agahinda kandi by’ubunyamanswa, birenga no ku gahenge ko guhagarika imirwano bikozwe n’ingabo za Leta, ndetse n’ibitero byibasira ibice bituwe cyane bya Kanyola, Kabare, Kigogo, Kadasomwa, Nyabyondo no mu bice bihakikije, bikozwe na FARDC ku bufatanye n’ingabo z’u Burundi (FDNB, FDLR n’abarwanyi ba Wazalendo.”

Ikomeza ivuga ko ubu bwicanyi bukomeje gukorerwa Abanyamulenge idashobora kubyihanganira, kandi ko bikwiye guhagarara vuba na bwangu.

Ingabo za FARDC n’iz’u Burundi zagabye iki gitero kuri iriya ndege yari igemuriye abaturage nyuma y’iminsi itatu gusa RDC ishyize umukono ku masezerano y’amahoro yasinyanye n’u Rwanda agamije gushaka igisubizo kirambye ku ntambara iri mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Tags: AmasezeranoIgikorwa ndengakamereRdc
Share35Tweet22Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

AFC/M23 yagaragaje impamvu itazasubira mu biganiro by’i Doha.

by Bruce Bahanda
August 18, 2025
0
AFC/M23 yagaragaje impamvu itazasubira mu biganiro by’i Doha.

AFC/M23 yagaragaje impamvu itazasubira mu biganiro by'i Doha. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryatangaje ko ritazasubira mu biganiro by'i...

Read moreDetails

Abari mu Bibogobogo bishimiye imvura yahaguye.

by Bruce Bahanda
August 18, 2025
0
Abari mu Bibogobogo bishimiye imvura yahaguye.

Abari mu Bibogobogo bishimiye imvura yahaguye. Mu gace ka Bibogobogo gaherereye muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, haguye imvura abaturage barayishimira. Uyu munsi ku wa...

Read moreDetails

AFC/M23 yashinje ingabo za FARDC gutera ibisasu mu basivili.

by Bruce Bahanda
August 18, 2025
0
AFC/M23 yashinje ingabo za FARDC gutera ibisasu mu basivili.

AFC/M23 yashinje ingabo za FARDC gutera ibisasu mu basivili. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryatangaje...

Read moreDetails

RDC yamaganye Kenya yashyizeho uyihagararira i Goma.

by Bruce Bahanda
August 17, 2025
0
RDC yamaganye Kenya yashyizeho uyihagararira i Goma.

RDC yamaganye Kenya yashyizeho uyihagararira i Goma. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yamaganye iya Kenya yashyizeho uhagararira inyungu zayo i Goma hagenzurwa n'ihuriro rya Alliance Fleuve...

Read moreDetails

Col. Gisore w’Umunyamulenge wo mu ngabo za FARDC yaguye mu mpanuka y’indege.

by Bruce Bahanda
August 17, 2025
0
Auto Draft

Col. Gisore w'Umunyamulenge wo mu ngabo za FARDC yaguye mu mpanuka y'indege. Colonel Gisore Patrick uzwi cyane ku izina rya Kigofero hamwe n'umugore we n'abandi bantu batandatu baguye...

Read moreDetails
Next Post
Hatangajwe umutwe ukomeye ugiye kurwanya Leta y’i Burundi.

Hatangajwe umutwe ukomeye ugiye kurwanya Leta y'i Burundi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?