• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, February 27, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

RDC yemeye gusinya amasezerano abiri y’amahoro nyuma y’igihe kirekire yigiza nkana

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 3, 2025
in Conflict & Security
0
Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23
78
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC yemeye gusinya amasezerano abiri y’amahoro nyuma y’igihe kirekire yigiza nkana

You might also like

Kunanirwa kw’Imishyikirano, Gukomeza Imirwano n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere- Isesengura

Lumumba: Ifatwa Rye, Imvo n’Imvano y’Urupfu Rwahinduye Amateka ya Congo n’Afurika

Ibitero bya Drone bya FARDC i Mulenge Byongeye Gukaza Umurego w’Intambara

Leta ya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo iyobowe na perezida Felix Tshisekedi, nyuma y’igihe kirekire yigiza nkana, yemeye gusinya amasezerano y’amahoro hagati ya yo n’ihuriro rya AFC/M23, mu gihe aya kabiri ari amasezerano y’ubwumvikane n’u Rwanda.

Ntayandi mahitamo Kinshasa isigaranye usibye kwemera gushyira umukono kuri ari ya masezerano abiri, nk’uko byatangajwe na perezida Tshisekedi ubwo yari muri Misiri mu mpera zakiriya cyumweru gishize.

Amasezerano ya mbere azasinyirwa i Doha muri Qatar, hagati ya RDC na AFC/M23. Aya kabiri ni amasezerano y’ubwumvikane n’u Rwanda, azasinyirwa i Washington DC, hagamijwe kugera ku mahoro arambye hagati y’ibihugu byombi.

Aba bafatanya bikorwa ba dipolomasi mpuzamahanga barimo Leta Zunze ubumwe z’Amerika bashyize igitutu kuri Kinshasa, bituma yemera inzira y’imishyikirano nyuma y’uko ibiganiro by’i Luanda bigize igihe byarasubitswe.

Iyi ntambwe ifatwa nk’impinduka ikomeye mu mikoranire ya politiki y’akarere, ariko kandi igaragaza igitutu gikomeye cya dipolomasi mpuzamahanga ku butegetsi bwa Tshisekedi, mu gihe Ingabo z’iki gihugu ziri muntambara ikomeye mu Burasirazuba bw’igihugu.

Kuva mu 2022 umutwe wa M23 wongeye gufata intwaro uvuga ko leta y’i Kinshasa yanze gushyira mu bikorwa amasezerano y’i Nairobi n’ay’ Addis-Abeba- Kinshasa ishinja u Rwanda gushyigikira uwo mutwe, ibyo u Rwanda ruhakana rwivuye inyuma.

Umunyamabanga mukuru wa Loni, Antonio Guterres, aherutse kwibutsa ko “amahoro mu Burasirazuba bwa Congo adashoboka hatabayeho igisubizo cy’ibanze cy’imitwe yitwaje intwaro no gukemura impamvu muzi z’iyi ntambara.

Iyi ntambwe ya Kinshasa ishyira iherezo ry’amacenga yayo, aho ubutegetsi bwa Tshisekedi bwatangaga ubutumwa buhindagurika, rimwe bwemera ibiganiro, ubundi bukabihakana. Ariko uko ibintu byifashe ku rugamba, hamwe n’igitutu cy’amahanga, byabaye ngombwa kwicara ku meza y’ibiganiro.

Tags: AbiriAFC/m23AmasezeranoKinshasaRdcRwanda
Share31Tweet20Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Kunanirwa kw’Imishyikirano, Gukomeza Imirwano n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere- Isesengura

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
FARDC n’Abafatanyabikorwa Bayo Bagabye Ibindi Bitero Simusiga mu Gace kamwe ka Masisi, mu Gihe AFC/M23 Ikomeje Kwigarurira Uduce

Kunanirwa kw’Imishyikirano, Gukomeza Imirwano n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere-Isesengura Kunanirwa kw’imishyikirano n’abahuza mpuzamahanga, hamwe no gukomeza kwiyongera kw’imirwano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), bikomeje...

Read moreDetails

Lumumba: Ifatwa Rye, Imvo n’Imvano y’Urupfu Rwahinduye Amateka ya Congo n’Afurika

by Bahanda Bruce
February 26, 2026
0
Lumumba: Ifatwa Rye, Imvo n’Imvano y’Urupfu Rwahinduye Amateka ya Congo n’Afurika

Lumumba: Ifatwa Rye, Imvo n’Imvano y’Urupfu Rwahinduye Amateka ya Congo n’Afurika Ifatwa rya Patrice Lumumba, wabaye Minisitiri w’Intebe wa mbere wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nyuma y’ubwigenge,...

Read moreDetails

Ibitero bya Drone bya FARDC i Mulenge Byongeye Gukaza Umurego w’Intambara

by Bahanda Bruce
February 26, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Ubutegetsi bwa RDC Kugaba Ibitero bya Drone i Rubaya

Ibitero bya Drone bya FARDC i Mulenge Byongeye Gukaza Umurego w’Intambara Igisirikare cya Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyagabye ibitero cyifashishije indege zitagira abapilote (drone)...

Read moreDetails

FARDC n’Abafatanyabikorwa Bayo Bagabye Ibindi Bitero Simusiga mu Gace kamwe ka Masisi, mu Gihe AFC/M23 Ikomeje Kwigarurira Uduce

by Bahanda Bruce
February 26, 2026
0
FARDC n’Abafatanyabikorwa Bayo Bagabye Ibindi Bitero Simusiga mu Gace kamwe ka Masisi, mu Gihe AFC/M23 Ikomeje Kwigarurira Uduce

FARDC n’Abafatanyabikorwa Bayo Bagabye Ibindi Bitero Simusiga mu Gace kamwe ka Masisi, mu Gihe AFC/M23 Ikomeje Kwigarurira Uduce Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC),...

Read moreDetails

AFC/M23 Yasabye Umuryango Mpuzamahanga Guhaguruka

by Bahanda Bruce
February 26, 2026
0
AFC/M23 Yasabye Umuryango Mpuzamahanga Guhaguruka

AFC/M23 Yasabye Umuryango Mpuzamahanga Guhaguruka Ihuriro rya AFC/M23 ryanenze bikomeye umuryango mpuzamahanga, riwushinja guceceka mu gihe Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC) yagabye ibitero bikomeye mu...

Read moreDetails
Next Post
RDC: Lt.Gen.Masunzu n’umwungirije batawe muri yombi, bashinjwa icyuho ku rugamba no kuvugana na Kabila, inkuru irambuye

RDC: Lt.Gen.Masunzu n'umwungirije batawe muri yombi, bashinjwa icyuho ku rugamba no kuvugana na Kabila, inkuru irambuye

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?