Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

RDC: Yishwe azira gusa n’Abatutsi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 3, 2025
in Conflict & Security
0
RDC: Yishwe azira gusa n’Abatutsi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Yishwe azira gusa n’Abatutsi.

You might also like

Ayi gitero kigiye kwinuka i Lulenge kiyobowe n’umu-General w’Umunyamulenge.

Minembwe: Umwana muto yarashe mugenzi we arapfa.

Twirwaneho yashyizeho ubuyobozi bwayo bushya.

Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abashi yishwe arashwe na Wazalendo nyuma yo kumukeho ko ari Umututsi.

Uyu yishwe aha’rejo ku wa gatatu tariki ya 02/07/2025, yicirwa i Kamituga mu gice kigenzurwa n’ihuriro ry’ingabo za Congo.

Umwe wo mu muryango w’uyu wishwe yasobanuye ko uyu mugabo wo mu bwoko bw’Abashi uri mu kigero cy’imyaka iri hagati ya 30 na 35, yishwe ubwo yari yerekeje i Kamituga kwishyuza abari mu madeni ye kuko ngo yari asanzwe ari umucuruzi.

Avuga ko ubwo yarimo agendagenda yishyuza yageze mu gace kamwe ko muri Kamituga agasangamo Wazalendo bahita bamwita Umunyarwanda ni ko guhita bamurasa arapfa.

Yagize ati: “Ubwo yageraga ahari Wazalendo muri Kamituga, bamwise Umunyarwanda, we arabahakanira. Ababwira ko ari Umushi, banga kubyemera niko guhita bamurasa amasasu mu mutwe ahasiga ubuzima.”

Ni mu gihe yari yerekeje i Kamituga aturutse ahitwa i Kasheshe ho muri Bukavu, nk’uko aya makuru akomeza abivuga.

Amashusho yagiye hanze agaragaza umuvu w’amaraso utemba ku butaka. Uwari warashwe arambaraye hasi nyuma y’aho yari yamaze kuvamo umwuka w’abazima.

Aya mashusho kandi amugaragaraza ubona yari umugabo ukiri muto ku myaka y’amavuko, winzobe nyinshi, kandi ari muto muto ku mutumba.

Wazalendo kwica Abatutsi n’undi wese usa nabo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, babigize umwuga, kuko kubica babitangiye mu myaka yo ha mbere nk’uko amateka agenda abigarukaho. Bivugwa ko ibyo byo kubica byatangiye ahagana mu 1964 kugeza n’ubu ubwo bwicanyi baracyabukomeje, ndetse ubuho igisirikare cy’u Burundi n’umutwe wa FDLR byabaye umufatanyabikorwa. Mu mugambi wo kumaraho icyitwa Umututsi wese.

Tags: KamitugaUmututsiYishwe Arashwe
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ayi gitero kigiye kwinuka i Lulenge kiyobowe n’umu-General w’Umunyamulenge.

by Bruce Bahanda
July 3, 2025
0
Ayi gitero kigiye kwinuka i Lulenge kiyobowe n’umu-General w’Umunyamulenge.

Ayi gitero kigiye kwinuka i Lulenge kiyobowe n'umu-General w'Umunyamulenge. General Olivier Gasita wo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, azinuka i Lulenge n'ingabo ayoboye agabe ibitero...

Read moreDetails

Minembwe: Umwana muto yarashe mugenzi we arapfa.

by Bruce Bahanda
July 2, 2025
0
Ubutumwa bw’Abanya-Minembwe buryoheye amatwi ku bahavuka n’inshuti zaho, gusa bitandukanye n’ibyabereye i Misisi.

Minembwe: Umwana muto yarashe mugenzi we arapfa. Umwana uri mu kigero cy'imyaka umunani y'amavuko, yakinishije imbunda bari batoraguye ahantu arasa undi mwana mugenzi we, ako kanya ahita ahasiga...

Read moreDetails

Twirwaneho yashyizeho ubuyobozi bwayo bushya.

by Bruce Bahanda
July 2, 2025
0
Twirwaneho yashyizeho ubuyobozi bwayo bushya.

Twirwaneho yashyizeho ubuyobozi bwayo bushya. Umutwe wa MRDP/Twirwaneho ukorera muri Kivu y'Amajyepfo, ukaba urwanya ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi, washyinze ubuyobozi bwayo bushya. Bikubiye mu itangazo uyu mutwe...

Read moreDetails

I Mulenge: Inka zibarirwa mu mirongo zanyazwe.

by Bruce Bahanda
July 1, 2025
0
I Mulenge: Inka zibarirwa mu mirongo zanyazwe.

I Mulenge: Inka zibarirwa mu mirongo zanyazwe. Inka z'Abanye-Congo bo mu bwoko bw'Abanyamulenge zibarirwa mu mirongo zanyazwe n'umutwe witwaje intwaro wa Mai Mai wibumbiye muciswe Wazalendo ukorana byahafi...

Read moreDetails

FARDC yagize icyo ivuga ku ndege ya gisivile yarasiye mu Minembwe.

by Bruce Bahanda
July 1, 2025
0
FARDC yagize icyo ivuga ku ndege ya gisivile yarasiye mu Minembwe.

FARDC yagize icyo ivuga ku ndege ya gisivile yarasiye mu Minembwe. Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kizwi nka FARDC cyatangaje ko cyarashe indege ya gurutse mu...

Read moreDetails

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?