• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, September 11, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

RDC: Yishwe azira gusa n’Abatutsi.

minebwenews by minebwenews
July 3, 2025
in Conflict & Security
0
RDC: Yishwe azira gusa n’Abatutsi.
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Yishwe azira gusa n’Abatutsi.

Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abashi yishwe arashwe na Wazalendo nyuma yo kumukeho ko ari Umututsi.

READ ALSO

Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa

AFC/M23 Yatangaje Umubare w’Abahitanywe n’Inkongi y’Umuriro i Bukavu n’Abakomeretse

Uyu yishwe aha’rejo ku wa gatatu tariki ya 02/07/2025, yicirwa i Kamituga mu gice kigenzurwa n’ihuriro ry’ingabo za Congo.

Umwe wo mu muryango w’uyu wishwe yasobanuye ko uyu mugabo wo mu bwoko bw’Abashi uri mu kigero cy’imyaka iri hagati ya 30 na 35, yishwe ubwo yari yerekeje i Kamituga kwishyuza abari mu madeni ye kuko ngo yari asanzwe ari umucuruzi.

Avuga ko ubwo yarimo agendagenda yishyuza yageze mu gace kamwe ko muri Kamituga agasangamo Wazalendo bahita bamwita Umunyarwanda ni ko guhita bamurasa arapfa.

Yagize ati: “Ubwo yageraga ahari Wazalendo muri Kamituga, bamwise Umunyarwanda, we arabahakanira. Ababwira ko ari Umushi, banga kubyemera niko guhita bamurasa amasasu mu mutwe ahasiga ubuzima.”

Ni mu gihe yari yerekeje i Kamituga aturutse ahitwa i Kasheshe ho muri Bukavu, nk’uko aya makuru akomeza abivuga.

Amashusho yagiye hanze agaragaza umuvu w’amaraso utemba ku butaka. Uwari warashwe arambaraye hasi nyuma y’aho yari yamaze kuvamo umwuka w’abazima.

Aya mashusho kandi amugaragaraza ubona yari umugabo ukiri muto ku myaka y’amavuko, winzobe nyinshi, kandi ari muto muto ku mutumba.

Wazalendo kwica Abatutsi n’undi wese usa nabo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, babigize umwuga, kuko kubica babitangiye mu myaka yo ha mbere nk’uko amateka agenda abigarukaho. Bivugwa ko ibyo byo kubica byatangiye ahagana mu 1964 kugeza n’ubu ubwo bwicanyi baracyabukomeje, ndetse ubuho igisirikare cy’u Burundi n’umutwe wa FDLR byabaye umufatanyabikorwa. Mu mugambi wo kumaraho icyitwa Umututsi wese.

Tags: KamitugaUmututsiYishwe Arashwe

Related Posts

Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa
Conflict & Security

Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa

September 10, 2026
AFC/M23 Yatangaje Umubare w’Abahitanywe n’Inkongi y’Umuriro i Bukavu n’Abakomeretse
Conflict & Security

AFC/M23 Yatangaje Umubare w’Abahitanywe n’Inkongi y’Umuriro i Bukavu n’Abakomeretse

September 10, 2026
Fizi sous haute tension : violents combats à Mulima et Nguli, Kananda au cœur des changements militaires
Conflict & Security

Fizi sous haute tension : violents combats à Mulima et Nguli, Kananda au cœur des changements militaires

September 10, 2026
Kasheke: Inkongi y’Umuriro Ihinduye Umunsi w’Amashuri Umunsi w’Amarira
Conflict & Security

Kasheke : un incendie transforme une journée scolaire en journée de deuil

September 10, 2026
Kasheke: Inkongi y’Umuriro Ihinduye Umunsi w’Amashuri Umunsi w’Amarira
Conflict & Security

Kasheke: Inkongi y’Umuriro Ihinduye Umunsi w’Amashuri Umunsi w’Amarira

September 10, 2026
Fizi mu mirwano ikomeye: Mulima, Nguli na Kananda bivugwamo impinduka zikomeye ku rugamba
Conflict & Security

Fizi mu mirwano ikomeye: Mulima, Nguli na Kananda bivugwamo impinduka zikomeye ku rugamba

September 10, 2026
Next Post
Boulos yavuze akamaro ka masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC.

Boulos yavuze akamaro ka masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa
  • AFC/M23 Yatangaje Umubare w’Abahitanywe n’Inkongi y’Umuriro i Bukavu n’Abakomeretse
  • Fizi sous haute tension : violents combats à Mulima et Nguli, Kananda au cœur des changements militaires
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?