• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

RDC yiyambaje Canada ku kibazo cya M23.

minebwenews by minebwenews
November 20, 2024
in Regional Politics
1
RDC yiyambaje Canada ku kibazo cya M23.
79
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC yiyambaje Canada ku kibazo cya M23.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Repubulika ya demokarasi ya Congo, binyuze kuri minisitiri wayo w’intebe, Judith Suminwa, yiyambaje igihugu cya Canada kuyifasha gukemura ikibazo cy’intambara irimo n’umutwe wa M23 mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Nibyo minisitiri w’intebe wa RDC, Judith Suminwa yavugiye mu ruzinduko yagiriye i Otawa muri Canada, aho yageze kuva ku wa mbere tariki ya 18/11/2024.

Amakuru avuga ko Judith Suminwa na mugenzi we wa Canada, minisitiri w’intebe, Ahmed Hussen, bavuganye ko u Rwanda rukomeje gukoresha uburyarya mu kubahiriza amasezerano ya Luanda.

Suminwa ubwe yanashimangiye ko u Rwanda rushyigikiye umutwe wa M23, kandi ko rudateze kubahiriza amasezerano y’i Luanda.

Muri iyi nkuru kandi bivugwa ko minisitiri ushinzwe iterambere mpuzamahanga wa Canada yashimye urugendo rwa Judith yagiriye muri iki gihugu, yizeza gukomeza ubufatanye mu bya diplomasi muri RDC, guteza imbere ibikorwa by’uburezi, ubuzima ndetse no gukomeza ibikorwa byo gufasha.

Ahmed Hussen yongeyeho ko “Leta ya Canada isanga hakwiye kubahirizwa ubusugire bw’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, hirindwa ihohoterwa iryo ariryo ryose.

RDC buri gihe ikunze gushyira mu majwi u Rwanda ku kuba rushyigikira umutwe wa M23, ariko u Rwanda rukabitera utwatsi.

Usibye kandi ko n’u Rwanda rushinja Leta ya Kinshasa gukorana byahafi n’umutwe witerabwoba wa FDLR, nubwo nayo itabyemera.

Hagiye haba n’ibiganiro bihuriweho n’ibihugu byombi, bigamije guhoshya umwuka mubi wabizonze, ariko kugeza ubu nta musaruro mwiza uravamo.

Tags: CanadaJudith SuminwaM23
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Semwanuke wari umaze igihe yaraburiwe irengero, yageze mu muryango we.

Semwanuke wari umaze igihe yaraburiwe irengero, yageze mu muryango we.

Comments 1

  1. Ensuent says:
    10 months ago

    Quantitative Assessment of Biodistribution for Different Uptake Times [url=https://fastpriligy.top/]cheap priligy[/url]

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?