Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

RDC yiyambaje Canada ku kibazo cya M23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 20, 2024
in Regional Politics
1
RDC yiyambaje Canada ku kibazo cya M23.
79
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC yiyambaje Canada ku kibazo cya M23.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Repubulika ya demokarasi ya Congo, binyuze kuri minisitiri wayo w’intebe, Judith Suminwa, yiyambaje igihugu cya Canada kuyifasha gukemura ikibazo cy’intambara irimo n’umutwe wa M23 mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Nibyo minisitiri w’intebe wa RDC, Judith Suminwa yavugiye mu ruzinduko yagiriye i Otawa muri Canada, aho yageze kuva ku wa mbere tariki ya 18/11/2024.

Amakuru avuga ko Judith Suminwa na mugenzi we wa Canada, minisitiri w’intebe, Ahmed Hussen, bavuganye ko u Rwanda rukomeje gukoresha uburyarya mu kubahiriza amasezerano ya Luanda.

Suminwa ubwe yanashimangiye ko u Rwanda rushyigikiye umutwe wa M23, kandi ko rudateze kubahiriza amasezerano y’i Luanda.

Muri iyi nkuru kandi bivugwa ko minisitiri ushinzwe iterambere mpuzamahanga wa Canada yashimye urugendo rwa Judith yagiriye muri iki gihugu, yizeza gukomeza ubufatanye mu bya diplomasi muri RDC, guteza imbere ibikorwa by’uburezi, ubuzima ndetse no gukomeza ibikorwa byo gufasha.

Ahmed Hussen yongeyeho ko “Leta ya Canada isanga hakwiye kubahirizwa ubusugire bw’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, hirindwa ihohoterwa iryo ariryo ryose.

RDC buri gihe ikunze gushyira mu majwi u Rwanda ku kuba rushyigikira umutwe wa M23, ariko u Rwanda rukabitera utwatsi.

Usibye kandi ko n’u Rwanda rushinja Leta ya Kinshasa gukorana byahafi n’umutwe witerabwoba wa FDLR, nubwo nayo itabyemera.

Hagiye haba n’ibiganiro bihuriweho n’ibihugu byombi, bigamije guhoshya umwuka mubi wabizonze, ariko kugeza ubu nta musaruro mwiza uravamo.

Tags: CanadaJudith SuminwaM23
Share32Tweet20Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Semwanuke wari umaze igihe yaraburiwe irengero, yageze mu muryango we.

Semwanuke wari umaze igihe yaraburiwe irengero, yageze mu muryango we.

Comments 1

  1. Ensuent says:
    8 months ago

    Quantitative Assessment of Biodistribution for Different Uptake Times [url=https://fastpriligy.top/]cheap priligy[/url]

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?