• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

RDF yagize icyo ivuga ku musirikare wayo u Burundi buvuga ko bwafashe

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 25, 2025
in Regional Politics
0
RDF yagize icyo ivuga ku musirikare wayo u Burundi buvuga ko bwafashe
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDF yagize icyo ivuga ku musirikare wayo u Burundi buvuga ko bwafashe

You might also like

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Igisirikare cy’u Rwanda, RDF, cyemeje ko hari umusirikare wacyo warenze umupaka afatwa n’inzego zishinzwe umutekano m’u Burundi.

Bikubiye mu itangazo RDF yashyize hanze ku mugoroba w’ahar’ejo ku wa gatatu tariki ya 24/09/2025, ryemeza ko hari umusirikare wayo warenze imbibi z’igihugu cyabo agwa mu maboko y’abasirikare b’u Burundi.

Iryo tangazo ry’igisirikare cy’u Rwanda rivuga ko uwo musirikare wacyo yitwa Sadiki Emmanuel. Rikomeza rivuga ko yafashwe n’igipolisi cy’u Burundi, kandi ko kuri ubu afungiye mu Kirundo.

RDF yanavuze kandi ko iri gukoresha ibiganiro kugira ngo uwo musirikare wayo arekurwe.

Iryo tangazo rigira riti: “Igisirikare cyacu kiricyuza igikorwa kibi nk’iki mu bikunze kubaho ku mupaka, none turateganya ibiganiro byingenzi na Leta y’u Burundi kugira ngo uriya musirikare agaruke.”

Mu itangazo igisirikare cy’u Burundi cyashyize ahagaragara, cyagaragaje ko Batayo ya 311 y’ingabo zabo z’irwanira ku butaka , mu rukerera rwo ku itariki ya 24/09/2025, ahagana saa sita z’ijoro, yafashe umusirikare w’u Rwanda witwa Sgt Sadiki Emmanuel.

Amakuru ava muri ibyo bice akavuga ko uyu musirikare usanzwe ari umushoferi, yambutse umupaka w’u Rwanda n’uw’u Burundi anyuze inzira y’itaka iri hafi y’umuhanda RN 14 Gasenyi -Nemba.

Igisirikare cy’u Burundi kikavuga ko uyu musirikare yarasohotse mu kabari, kari hafi y’ikigo cya gisirikare cya Gako mu Rwanda, yibeshya inzira. Nyuma cyahise kimufungira mu Kirundo kugira ngo gikomeze iperereza.

Ibyo byabyaye mu gihe mu ntangiriro z’uyu mwaka turimo, u Burundi bwafunze imipaka yabwo n’u Rwanda, burusushinja gutera inkunga imitwe iburwanya, ibyo ruhakana rwivuye inyuma ahubwo rukabushinja gufatanya na FDLR igizwe n’abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Bizwi ko igisirikare cy’u Burundi hamwe n’icya RDC bifatanya mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo kurwanya umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho.

Ni ubufatanye izi ngabo z’ibi bihugu zatangiye kera mbere y’uko M23 yubura intwaro mu mwaka wa 2021.

Tags: FDNBRDF
Share34Tweet21Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose Mu muhango w’amateka wabereye i Washington DC, Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na...

Read moreDetails

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House

Menya Impamvu Trump Yahisemo Kwakirira Tshisekedi na Kagame mu Nyubako Nshya Yitiriwe We, aho Kubakira muri White House Itangazo ryasohowe kuri uyu wa kane tariki ya 04/12/2025, na...

Read moreDetails

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w'umunye-Kongo Léonard She Okitundu, wahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (2016–2019) akaba ubu ari Umudepite ndetse...

Read moreDetails

Iby’ingenzi ku Masezerano ya Washington hagati y’u Rwanda na RDC

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye gusinya amasezerano akomeye ashobora guhindura isura y’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari

Iby’ingenzi ku Masezerano ya Washington hagati y’u Rwanda na RDC Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) na Repubulika y’u Rwanda tariki ya 27/06/2025 zasinye i Washington amasezerano akomeye...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe

by Bahanda Bruce
December 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe

Perezida Tshisekedi mu Ihurizo Rikomeye i Washington, amasezerano Ashobora Kwigaranzura Ubutegetsi Bwe Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo ari mu rugendo rufatwa nk’urugena imiterere y’ahazaza h’ubutegetsi bwe. Nyuma y’igihe kinini...

Read moreDetails
Next Post
Abaturage bari Uvira muri Kivu y’Amajyepfo baratabaza AFC /M23/MRDP ku batabara

Abaturage bari Uvira muri Kivu y'Amajyepfo baratabaza AFC /M23/MRDP ku batabara

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?