• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Red-Tabara yahishuye ukuri kwayo gutandukanye n’ibimaze iminsi biyivugwaho.

minebwenews by minebwenews
March 26, 2025
in World News
0
Red-Tabara yahishuye ukuri kwayo gutandukanye n’ibimaze iminsi biyivugwaho.
109
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Red-Tabara yahishuye ukuri kwayo gutandukanye n’ibimaze iminsi biyivugwaho.

You might also like

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Umutwe wa Red-Tabara urwanya ubutegetsi bw’i Gitega mu Burundi wamaganye perezida w’iki gihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye ugize igihe awushinja gufashwa n’u Rwanda, uhakana ko ntabufasha nabuke uhabwa na rwo.

Bikubiye mu itangazo uyu mutwe washyize hanze, aho wagaragaje ko ibyo ugize iminsi ushinjwa n’abategetsi b’u Burundi ari ibinyoma byambaye ubusa.

Itangazo ryawo rigira riti: “Mu kiganiro na BBC News Gahuza cyashyizwe ku mbugankoranyambaga ku wa 25/03/2025, perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yatangaje ko u Rwanda ruri gutegura gutera u Burundi ruciye muri Congo ndetse rubicishije mu mutwe wa Red-Tabara. Umutwe wa Red-Tabara ntaho uhuriye n’u Rwanda. Turabeshyuza twivuye inyuma ko nta bufasha duhabwa n’icyo gihugu cy’u Rwanda.”

Muri iryo tangazo kandi, uyu mutwe wavuze ko ubufasha ubona ubukura mu Burundi kandi ko ari Abarundi bawutera inkunga.

Ndetse unasobanura ko impamvu uriho ushingiye ku masezerano ya Arusha avuga ko ishyaka rya CND FDD riyobowe u Burundi ryanze kuyubahiriza, kuva mu 2015 ubwo muri kiriya gihugu habaga imvururu.

Uvuga kandi ko ariya masezerano yashyigikiwe n’imiryango irimo uwa Afrika Yunze ubumwe, EAC na LONI n’indi, kandi ko iyo uzakuba yarubahirijwe uba warashyize intwaro zabo hasi.

Red-Tabara yakomeje ivuga ko bitumvikana kuba Ndayishimiye ubwo yaganiraga na BBC yaragaragaje ko Leta ya Congo ikwiye kuganira n’imitwe iyirwanya, nyamara we byaramunaniye.

Yagize iti: “Ndayishimiye azi neza ko Red-Tabara nta bufasha ihabwa n’u Rwanda, ngo kuko agomba no kwibuka ko mu mwaka wa 2021 rwa muhaye abarwanyi b’uyu mutwe 17 kuri ubu babayeho muburyo butari ubwa kimuntu.”

Uyu mutwe kandi uvuga ko bitumvikana ukuntu waba ufashwa n’u Rwanda, hanyuma ngo ruhindukire rujye mu biganiro n’u Burundi mu rwego rwo guhoshya amakimbirane hagati yarwo nabwo.

Uyu mutwe wasoje uvuga ko iyo uza kuba ufashwa n’u Rwanda, Ndayishimiye kuri ubu atakabaye ari perezida w’iki gihugu cy’u Burundi.

Tags: BujumburaRed-TabaraUkuri
Share44Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se General Kainarugaba Muhoozi, umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba kandi n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, yaburiye abakwiza ibihuha...

Read moreDetails
Next Post
Amerika ibyo ivuga ku mutwe wa m23 urwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa.

Amerika ibyo ivuga ku mutwe wa m23 urwanya ubutegetsi bw'i Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?