• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, August 2, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Red-Tabara yahishuye ukuri kwayo gutandukanye n’ibimaze iminsi biyivugwaho.

minebwenews by minebwenews
March 26, 2025
in World News
0
Red-Tabara yahishuye ukuri kwayo gutandukanye n’ibimaze iminsi biyivugwaho.
109
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Red-Tabara yahishuye ukuri kwayo gutandukanye n’ibimaze iminsi biyivugwaho.

You might also like

TENSIYO IKOMEJE KWIYONGERA MU BURASIRAZUBA BWO HAGATI: Amerika na Israel Bivugwaho Imyiteguro ya Gisirikare, Iran na Yo Yongera Ingamba zo Kwihimura

Ibyo Utamenye ku Myitwarire ya Netanyahu muri White House Yavugishije Benshi; Dore Impamvu Yateje Impaka n’Icyo Bisobanura

Impaka Zakomeje Kwiyongera mu Burundi Nyuma y’Amagambo ya Pacifique Nininahazwe ku Ruhare rw’u Burundi muri RDC: Igisirikare Cyamusubije ko Atanga Amakuru Ashobora Guhungabanya Umutekano

Umutwe wa Red-Tabara urwanya ubutegetsi bw’i Gitega mu Burundi wamaganye perezida w’iki gihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye ugize igihe awushinja gufashwa n’u Rwanda, uhakana ko ntabufasha nabuke uhabwa na rwo.

Bikubiye mu itangazo uyu mutwe washyize hanze, aho wagaragaje ko ibyo ugize iminsi ushinjwa n’abategetsi b’u Burundi ari ibinyoma byambaye ubusa.

Itangazo ryawo rigira riti: “Mu kiganiro na BBC News Gahuza cyashyizwe ku mbugankoranyambaga ku wa 25/03/2025, perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yatangaje ko u Rwanda ruri gutegura gutera u Burundi ruciye muri Congo ndetse rubicishije mu mutwe wa Red-Tabara. Umutwe wa Red-Tabara ntaho uhuriye n’u Rwanda. Turabeshyuza twivuye inyuma ko nta bufasha duhabwa n’icyo gihugu cy’u Rwanda.”

Muri iryo tangazo kandi, uyu mutwe wavuze ko ubufasha ubona ubukura mu Burundi kandi ko ari Abarundi bawutera inkunga.

Ndetse unasobanura ko impamvu uriho ushingiye ku masezerano ya Arusha avuga ko ishyaka rya CND FDD riyobowe u Burundi ryanze kuyubahiriza, kuva mu 2015 ubwo muri kiriya gihugu habaga imvururu.

Uvuga kandi ko ariya masezerano yashyigikiwe n’imiryango irimo uwa Afrika Yunze ubumwe, EAC na LONI n’indi, kandi ko iyo uzakuba yarubahirijwe uba warashyize intwaro zabo hasi.

Red-Tabara yakomeje ivuga ko bitumvikana kuba Ndayishimiye ubwo yaganiraga na BBC yaragaragaje ko Leta ya Congo ikwiye kuganira n’imitwe iyirwanya, nyamara we byaramunaniye.

Yagize iti: “Ndayishimiye azi neza ko Red-Tabara nta bufasha ihabwa n’u Rwanda, ngo kuko agomba no kwibuka ko mu mwaka wa 2021 rwa muhaye abarwanyi b’uyu mutwe 17 kuri ubu babayeho muburyo butari ubwa kimuntu.”

Uyu mutwe kandi uvuga ko bitumvikana ukuntu waba ufashwa n’u Rwanda, hanyuma ngo ruhindukire rujye mu biganiro n’u Burundi mu rwego rwo guhoshya amakimbirane hagati yarwo nabwo.

Uyu mutwe wasoje uvuga ko iyo uza kuba ufashwa n’u Rwanda, Ndayishimiye kuri ubu atakabaye ari perezida w’iki gihugu cy’u Burundi.

Tags: BujumburaRed-TabaraUkuri
Share44Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

TENSIYO IKOMEJE KWIYONGERA MU BURASIRAZUBA BWO HAGATI: Amerika na Israel Bivugwaho Imyiteguro ya Gisirikare, Iran na Yo Yongera Ingamba zo Kwihimura

by Bahanda Bruce
August 1, 2026
0
TENSIYO IKOMEJE KWIYONGERA MU BURASIRAZUBA BWO HAGATI: Amerika na Israel Bivugwaho Imyiteguro ya Gisirikare, Iran na Yo Yongera Ingamba zo Kwihimura

TENSIYO IKOMEJE KWIYONGERA MU BURASIRAZUBA BWO HAGATI: Amerika na Israel Bivugwaho Imyiteguro ya Gisirikare, Iran na Yo Yongera Ingamba zo Kwihimura MINEMBWE CAPITAL NEWS Umwuka wa politiki n'umutekano...

Read moreDetails

Ibyo Utamenye ku Myitwarire ya Netanyahu muri White House Yavugishije Benshi; Dore Impamvu Yateje Impaka n’Icyo Bisobanura

by Bahanda Bruce
July 31, 2026
0
Ibyo Utamenye ku Myitwarire ya Netanyahu muri White House Yavugishije Benshi; Dore Impamvu Yateje Impaka n’Icyo Bisobanura

Ibyo Utamenye ku Myitwarire ya Netanyahu muri White House Yavugishije Benshi; Dore Impamvu Yateje Impaka n'Icyo Bisobanura MINEMBWE CAPITAL NEWS Imyitwarire ya Minisitiri w'Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu,...

Read moreDetails

Impaka Zakomeje Kwiyongera mu Burundi Nyuma y’Amagambo ya Pacifique Nininahazwe ku Ruhare rw’u Burundi muri RDC: Igisirikare Cyamusubije ko Atanga Amakuru Ashobora Guhungabanya Umutekano

by Bahanda Bruce
July 28, 2026
0
Impaka Zakomeje Kwiyongera mu Burundi Nyuma y’Amagambo ya Pacifique Nininahazwe ku Ruhare rw’u Burundi muri RDC: Igisirikare Cyamusubije ko Atanga Amakuru Ashobora Guhungabanya Umutekano

MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Impaka Zakomeje Kwiyongera mu Burundi Nyuma y’Amagambo ya Pacifique Nininahazwe ku Ruhare rw’u Burundi muri RDC: Igisirikare Cyamusubije ko Atanga Amakuru Ashobora Guhungabanya Umutekano...

Read moreDetails

Perezida Trump Yashyize Hanze Ibyo Putin na Xi Jinping Bamwijeje kuri Iran; Tehran na Yo Isubiza Amerika mu Magambo Akakaye, Intambara ya Dipolomasi Ikomeza Gushyushya Isi

by Bahanda Bruce
July 28, 2026
0
Perezida Trump Yashyize Hanze Ibyo Putin na Xi Jinping Bamwijeje kuri Iran; Tehran na Yo Isubiza Amerika mu Magambo Akakaye, Intambara ya Dipolomasi Ikomeza Gushyushya Isi

Perezida Trump Yashyize Hanze Ibyo Putin na Xi Jinping Bamwijeje kuri Iran; Tehran na Yo Isubiza Amerika mu Magambo Akakaye, Intambara ya Dipolomasi Ikomeza Gushyushya Isi MINEMBWE CAPITAL...

Read moreDetails

Inkuru Itangaje Yahindutse Amateka: Perezida wa Bangladesh Yeguye ku Bushake, Dore Icyatumye Afata Iki Cyemezo n’Ibyaranze Ubuyobozi Bwe

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Inkuru Itangaje Yahindutse Amateka: Perezida wa Bangladesh Yeguye ku Bushake, Dore Icyatumye Afata Iki Cyemezo n’Ibyaranze Ubuyobozi Bwe

Inkuru Itangaje Yahindutse Amateka: Perezida wa Bangladesh Yeguye ku Bushake, Dore Icyatumye Afata Iki Cyemezo n'Ibyaranze Ubuyobozi Bwe MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gikorwa cyatunguranye cyakuruye impaka n'inyungu...

Read moreDetails
Next Post
Amerika ibyo ivuga ku mutwe wa m23 urwanya ubutegetsi bw’i Kinshasa.

Amerika ibyo ivuga ku mutwe wa m23 urwanya ubutegetsi bw'i Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?