• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 12, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Rumenge asaba Leta ya Tshisekedi guhagarika ibitero ku baturage b’i Mulenge

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 18, 2025
in Conflict & Security
0
Rumenge asaba Leta ya Tshisekedi guhagarika ibitero ku baturage b’i Mulenge
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Rumenge asaba Leta ya Tshisekedi guhagarika ibitero ku baturage b’i Mulenge

You might also like

I Bukama mu Marira, FARDC Ishinjwa Igitero Cyibasiye Abaturage, Bituma Haba Gutabaza

Nyuma yo Kumara Amezi Afunze mu Buryo Buvugwaho Kutubahiriza Amategeko, Umujyanama wa Matata Ponyo Yimuriwe muri Gereza ya Gisirikare

Ivangura Rishingiye ku Moko muri Kivu y’Amajyepfo, Rikomeje Gufata Intera

Olivier Rumenge Rugeyo, umwe mu bahoze bahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yasabye Leta ya Perezida Félix Tshisekedi guhagarika ibitero bikomeje kwibasira abaturage bo mu Minembwe, cyane cyane abasivile b’Abanyamulenge.

Mu ijwi ryuje impungenge, Rumenge yatangaje ko “Minembwe atari ahagenewe guterwa ibisasu, ahubwo ari ahatuye abantu b’abasivile bakeneye amahoro,” asaba ubuyobozi bukuru bw’igihugu kubaha uburenganzira bw’abaturage no guhagarika ibikorwa byose bibangamira ubuzima bwabo.

Yakomeje agira ati: “Ibitero bikomeje kwibasira abasivile b’Abanyamulenge. Turaburira Leta ya Tshisekedi ko niba ishaka amahoro, ikwiye kureka Abanyamulenge bagatura mu mahoro.”

Ibi bibaye mu gihe ibice byinshi byo mu Burasirazuba bwa Congo, by’umwihariko Minembwe, bikomeje kugirwa indiri y’imirwano, aho ingabo za Leta (FARDC), iz’u Burundi, imitwe yitwaje intwaro irimo FDLR na Wazalendo zihakora ibitero umunsi ku munsi.

Ku wa mbere ushize, abaturage bo mu gace ka Bijombo ku Ndondo batangaje ko ingabo z’u Burundi zikorana na FARDC zabanyaze nyuma yo kuva ku isoko, zibambura ibirato, imyenda, telefone, ndetse n’amatungo.

Byongeye, amakuru aturuka ahitwa Rwitsankuku avuga ko drone bivugwa ko zaturutse i Bujumbura mu Burundi zateye ibisasu kuri aka gace, bigakomeretsa abaturage b’abasivile ndetse bisenya n’amazu.

Abaturage bakomeje gutakambira inzego za Leta n’imiryango mpuzamahanga, basaba ubuvugizi kugira ngo bahabwe amahoro no kubona ibiribwa, imiti n’ubwisanzure bwo kujya guhaha mu masoko atandukanye.

Tags: AbanyamulengeIbiteroTshisekedi
Share32Tweet20Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

I Bukama mu Marira, FARDC Ishinjwa Igitero Cyibasiye Abaturage, Bituma Haba Gutabaza

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
I Bukama mu Marira, FARDC Ishinjwa Igitero Cyibasiye Abaturage, Bituma Haba Gutabaza

I Bukama mu Marira, FARDC Ishinjwa Igitero Cyibasiye Abaturage, Bituma Haba Gutabaza Amakuru yizewe aturuka muri teritware ya Bukama, mu ntara ya Haut-Lomami, aravuga ko ingabo za Repubulika...

Read moreDetails

Nyuma yo Kumara Amezi Afunze mu Buryo Buvugwaho Kutubahiriza Amategeko, Umujyanama wa Matata Ponyo Yimuriwe muri Gereza ya Gisirikare

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
Nyuma yo Kumara Amezi Afunze mu Buryo Buvugwaho Kutubahiriza Amategeko, Umujyanama wa Matata Ponyo Yimuriwe muri Gereza ya Gisirikare

Nyuma yo Kumara Amezi Afunze mu Buryo Buvugwaho Kutubahiriza Amategeko, Umujyanama wa Matata Ponyo Yimuriwe muri Gereza ya Gisirikare Nyuma yo kumara amezi ane afunzwe ataraburanishwa, Umwarimu Pascal...

Read moreDetails

Ivangura Rishingiye ku Moko muri Kivu y’Amajyepfo, Rikomeje Gufata Intera

by Bahanda Bruce
January 11, 2026
0
Ivangura Rishingiye ku Moko muri Kivu y’Amajyepfo, Rikomeje Gufata Intera

Ivangura Rishingiye ku Moko muri Kivu y’Amajyepfo, Rikomeje Gufata Intera Ivangura rishingiye ku moko muri Kivu y’Amajyepfo, mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), riragenda rifata...

Read moreDetails

Imirwano Ikomeye Yadutse muri Kivu y’Amajyepfo Hagati ya Wazalendo na FARDC

by Bahanda Bruce
January 11, 2026
0
Imirwano Ikomeye Yadutse muri Kivu y’Amajyepfo Hagati ya Wazalendo na FARDC

Imirwano Ikomeye Yadutse muri Kivu y’Amajyepfo Hagati ya Wazalendo na FARDC Ku Cyumweru, tariki ya 11/01/2026, imirwano ikomeye yagaragaye mu gace ka Kalambi, muri grupema ya Luindi, teritwari...

Read moreDetails

Impunzi z’Abanye-Congo zikomeje gupfira mu Burundi, Loni iraburira Isi ku kibazo gikomeje kwirengagizwa

by Bahanda Bruce
January 11, 2026
0
Impunzi z’Abanye-Congo zikomeje gupfira mu Burundi, Loni iraburira Isi ku kibazo gikomeje kwirengagizwa

Impunzi z’Abanye-Congo zikomeje gupfira mu Burundi, Loni iraburira Isi ku kibazo gikomeje kwirengagizwa Nibura impunzi z’Abanye-Congo 53 zahungiye mu gihugu cy’u Burundi zimaze gupfa, nyuma yo guhunga imirwano...

Read moreDetails
Next Post
Impunzi mu gisa n’imyigaragambyo nyuma yo kwanga ibyavuye mu matora y’abayobozi muri zone ya Nyarugugu C

Impunzi mu gisa n'imyigaragambyo nyuma yo kwanga ibyavuye mu matora y'abayobozi muri zone ya Nyarugugu C

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?