• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, March 9, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Rumenge yavuze icyamuteye gushyigikira AFC/M23/MRDP.

minebwenews by minebwenews
July 10, 2025
in Regional Politics
0
Rumenge yavuze icyamuteye gushyigikira AFC/M23/MRDP.
98
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Rumenge yavuze icyamuteye gushyigikira AFC/M23/MRDP.

You might also like

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Olivier Rumenge Rugeyo wigezeho kwitoza mu matora y’abadepite yo mu mwaka wa 2023 muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, ariko akaza gutsindwa, yavuze ko impamvu yahisemo gushyigikira Alliance Fleuve Congo, AFC/M23, ngo nuko abanyapolitiki ba Congo ari abantu barema ivangura mu baturage b’iki gihugu no gusahura ubukungu bwacyo.

Yabigarutseho mu ibaruwa ndende yashyize hanze agaragaza uburyo AFC/M23/MRDP ifite umurongo mwiza ukiza igihugu, bitandukanye kure n’ibyo ubutegetsi bw’i Kinshasa bugaragaza.

Rumenge mu ibaruwa ye yagize ati: “Abanyapolitiki b’i Kinshasa bazana ivangura mu baturage, kandi biba n’ubukungu bw’igihugu. Bamwe muri abo banyapolitiki bibye amafaranga yaragenewe kubaka ibikorwa bitandukanye byo muri iki gihugu.”

Mu kwezi gushize Constant Mutamba wari minisitiri w’ubutabera yashinjwe kunyereza miliyoni 20 z’amadolari y’Amerika yari agenewe kubaka gereza y’i Kisangani, ndetse bimuviramo kweguzwa kunshingano, bikorwa kugira ngo ubutabera bubashye ku mukurikirana. Ku munsi w’ejo yanitabye urukiko ku nshuro ye ya mbere kuva yeguzwa.

Rumenge yakomeje avuga ko kuva perezida Felix Tshisekedi yinjira mu biro bikuru by’umukuru w’iki gihugu cya RDC, abaturage bacyo ahanini bo mu Burasizuba bwacyo, bahise batangira ubuzima bubi, umutekano muke, ubukene n’ibindi. Ndetse kandi ngo ubukungu bw’igihugu buja hasi cyane aho kujya hejuru.

Kandi ngo amafaranga yagafashije igihugu kugera ku iterambere ryihuse, ajya mu mifuko yabamwe mu bayobozi, aho kuyamaza ibyo yakagombye gukora. Avuga ko ibyo biri mubyatumye anenga ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi, ahitamo gukunda AFC/M23/MRDP no kiyishyigikira.

Avuga ko iri huriro ryafashe iya mbere kugira ngo rishyire iherezo ryanyuma ubutegetsi bubi buvangura abaturage, bubatoteza kandi busubiza iterambere ry’igihugu inyuma.

Yavuze kandi ko n’igisirikare cya ARC cy’umutwe wa M23 ko ari igisirikare cy’umwuga, ndetse ko kinakunda n’igihugu n’abaturage bacyo. Si byo gusa ngo kuko kinarindira umutekano ababarizwa mu bice kigenzura.

Ibaruwa ya bwana Rumenge inashimira n’ubuyobozi bwa AFC/M23/MRDP ku bwitange bwabo no gukunda igihugu, igira iti: “Turashimira ubuyobozi bwa AFC/M23/MRDP ku buyobozi bwashyizeho, kandi ko bwatoye ababifitiye ubushake n’ubushishozi.”

Yakomeje agira ati: “Gotorwa kwa Gadi Mukiza Nzabinesha kuba visi guverineri w’i ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aho ashyinzwe ubukungu, imari n’iterambere, bigaragaza ubumwe no gukunda igihugu.”

Yavuze ko ishyaka rya Gadi Mukiza ko ryamenyekanye ubwo yari Bourgmestre wa komine ya Minembwe, anagaragaza ko yizera ko azakomeza umuhate we yatangizanye.

Rumenge kandi yavuze ko RDC ikeneye abantu bameze nka Gadi Mukiza Nzabinesha mu buryo bwo kuyobora no gukorera igihugu.

Yasoje avuga ko azakomeza gushyigikira AFC/M23/MRDP, ndetse kandi ko azayishyigikira kugeza kugupfa, ngo kubera uburyo idahwema kugaragariza abaturage ibyiza no kubarindira umutekano.

Tags: AFCGushyigikiraRumenge
Share39Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC Mu nama ya 25 y’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, East African Community (EAC), yabereye mu Mujyi wa Arusha muri...

Read moreDetails

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko u Rwanda rwifuza amahoro arambye mu...

Read moreDetails

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze Mu gihe ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari bikomeje...

Read moreDetails

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails
Next Post
RDC: Abavugwa mu mugambi wo gushaka guhirika ubutegetsi bwa Tshisekedi.

RDC: Abavugwa mu mugambi wo gushaka guhirika ubutegetsi bwa Tshisekedi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?