• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Rumenge yavuze icyamuteye gushyigikira AFC/M23/MRDP.

minebwenews by minebwenews
July 10, 2025
in Regional Politics
0
Rumenge yavuze icyamuteye gushyigikira AFC/M23/MRDP.
98
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Rumenge yavuze icyamuteye gushyigikira AFC/M23/MRDP.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Olivier Rumenge Rugeyo wigezeho kwitoza mu matora y’abadepite yo mu mwaka wa 2023 muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, ariko akaza gutsindwa, yavuze ko impamvu yahisemo gushyigikira Alliance Fleuve Congo, AFC/M23, ngo nuko abanyapolitiki ba Congo ari abantu barema ivangura mu baturage b’iki gihugu no gusahura ubukungu bwacyo.

Yabigarutseho mu ibaruwa ndende yashyize hanze agaragaza uburyo AFC/M23/MRDP ifite umurongo mwiza ukiza igihugu, bitandukanye kure n’ibyo ubutegetsi bw’i Kinshasa bugaragaza.

Rumenge mu ibaruwa ye yagize ati: “Abanyapolitiki b’i Kinshasa bazana ivangura mu baturage, kandi biba n’ubukungu bw’igihugu. Bamwe muri abo banyapolitiki bibye amafaranga yaragenewe kubaka ibikorwa bitandukanye byo muri iki gihugu.”

Mu kwezi gushize Constant Mutamba wari minisitiri w’ubutabera yashinjwe kunyereza miliyoni 20 z’amadolari y’Amerika yari agenewe kubaka gereza y’i Kisangani, ndetse bimuviramo kweguzwa kunshingano, bikorwa kugira ngo ubutabera bubashye ku mukurikirana. Ku munsi w’ejo yanitabye urukiko ku nshuro ye ya mbere kuva yeguzwa.

Rumenge yakomeje avuga ko kuva perezida Felix Tshisekedi yinjira mu biro bikuru by’umukuru w’iki gihugu cya RDC, abaturage bacyo ahanini bo mu Burasizuba bwacyo, bahise batangira ubuzima bubi, umutekano muke, ubukene n’ibindi. Ndetse kandi ngo ubukungu bw’igihugu buja hasi cyane aho kujya hejuru.

Kandi ngo amafaranga yagafashije igihugu kugera ku iterambere ryihuse, ajya mu mifuko yabamwe mu bayobozi, aho kuyamaza ibyo yakagombye gukora. Avuga ko ibyo biri mubyatumye anenga ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi, ahitamo gukunda AFC/M23/MRDP no kiyishyigikira.

Avuga ko iri huriro ryafashe iya mbere kugira ngo rishyire iherezo ryanyuma ubutegetsi bubi buvangura abaturage, bubatoteza kandi busubiza iterambere ry’igihugu inyuma.

Yavuze kandi ko n’igisirikare cya ARC cy’umutwe wa M23 ko ari igisirikare cy’umwuga, ndetse ko kinakunda n’igihugu n’abaturage bacyo. Si byo gusa ngo kuko kinarindira umutekano ababarizwa mu bice kigenzura.

Ibaruwa ya bwana Rumenge inashimira n’ubuyobozi bwa AFC/M23/MRDP ku bwitange bwabo no gukunda igihugu, igira iti: “Turashimira ubuyobozi bwa AFC/M23/MRDP ku buyobozi bwashyizeho, kandi ko bwatoye ababifitiye ubushake n’ubushishozi.”

Yakomeje agira ati: “Gotorwa kwa Gadi Mukiza Nzabinesha kuba visi guverineri w’i ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aho ashyinzwe ubukungu, imari n’iterambere, bigaragaza ubumwe no gukunda igihugu.”

Yavuze ko ishyaka rya Gadi Mukiza ko ryamenyekanye ubwo yari Bourgmestre wa komine ya Minembwe, anagaragaza ko yizera ko azakomeza umuhate we yatangizanye.

Rumenge kandi yavuze ko RDC ikeneye abantu bameze nka Gadi Mukiza Nzabinesha mu buryo bwo kuyobora no gukorera igihugu.

Yasoje avuga ko azakomeza gushyigikira AFC/M23/MRDP, ndetse kandi ko azayishyigikira kugeza kugupfa, ngo kubera uburyo idahwema kugaragariza abaturage ibyiza no kubarindira umutekano.

Tags: AFCGushyigikiraRumenge
Share39Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
RDC: Abavugwa mu mugambi wo gushaka guhirika ubutegetsi bwa Tshisekedi.

RDC: Abavugwa mu mugambi wo gushaka guhirika ubutegetsi bwa Tshisekedi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?