• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyo wa menya ku mirwano iheruka, yasakiranije Twirwaneho na Maï Maï Bishambuke mu misozi y’Imulenge.

minebwenews by minebwenews
August 31, 2024
in World News
0
Ibyo wa menya ku mirwano iheruka, yasakiranije Twirwaneho na Maï Maï Bishambuke mu misozi y’Imulenge.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya ku mirwano iheruka, yasakiranije Twirwaneho na Maï Maï Bishambuke mu misozi y’Imulenge.

You might also like

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Ni imirwano yabaye ku gicamunsi cyo ku wa gatanu tariki ya 30/08/2024, aho yabereye mu gice kigana kuri Zero, hagati y’inyeshamba zo mu mutwe Maï Maï na Twirwaneho, birangira uruhande rwa Maï Maï ruyabangiye ingata, nk’uko amasoko yacu atandukanye abivuga.

Amakuru yemeza neza ko uru rugamba rwa bereye ku musozi wa Nyarumanga ho muri Bicumbi, aha akaba atari kure no Kuri Zero.

Ibisambu bya Bicumbi, biri hejuru y’imihana yo mu Kalingi, ahanini Kalingi ija mu Bidegu kwa Chef Rufayeri Manywa.

Minembwe Capital News yamenye amakuru ko iyi mirwano yabaye mu gihe abasore bo muri Twirwaneho basakiranye na Maï Maï, ubwo bari muri Patrol. Impande zombi zikaba zarahuye mu buryo butunguranye.

Maze karahava, bararasana, uruhande rwa Maï Maï rukizwa n’amaguru. Aya makuru anavuga ko Maï Maï yahunze yerekera ibisambu bya ahitwa i Nguli ho muri Grupema ya Mutambara.

MCN yanabwiwe kandi ko uruhande rwa Twirwaneho imirwano yarangiye ntawe uhagiriye ikibazo, ariko ko ku ruhande rwa Maï Maï Bishambuke hakomeretse bane, ndetse n’ibitunda byabo byari byubatse muri ako gace bihabwa inkongi y’umuriro, aho ndetse byanahiye birakongoka.

Iy’i mirwano yatangiye igihe c’isaha ya saa kenda n’igice cyo ku wa gatanu, yabaye mu gihe muri izi nce hataherukaga intambara kuko intambara mu Kalingi yaherukaga nko mu myaka ibiri ishize.

Hagati aho, mu bindi bice byo muri Minembwe, mu misozi miremire y’Imulenge, hari umutekano n’ubwo uba utizewe cyane, kuko ibyaha bihinduka umunota ku wundi. Ariko ubu hari amahoro.

            MCN.
Tags: ImirwanoMaï MaïTwirwaneho
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas Ingabo za Israel zakoze igitero gikomeye cyumvikanyemo iturika ridasanzwe, aho zakigabye i Doha muri Qatar ahari intumwa z'umutwe...

Read moreDetails

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye icyatunye Perezida Tshisekedi yirukana intumwa ye Tshibangu.

Hamenyekanye icyatunye Perezida Tshisekedi yirukana intumwa ye Tshibangu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?