• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, August 5, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ibyo wa menya ku mirwano iheruka, yasakiranije Twirwaneho na Maï Maï Bishambuke mu misozi y’Imulenge.

minebwenews by minebwenews
August 31, 2024
in World News
0
Ibyo wa menya ku mirwano iheruka, yasakiranije Twirwaneho na Maï Maï Bishambuke mu misozi y’Imulenge.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo wa menya ku mirwano iheruka, yasakiranije Twirwaneho na Maï Maï Bishambuke mu misozi y’Imulenge.

You might also like

U Burusiya Bwakajije Ibitero kuri Kyiv: Misile za Ballistique na Drone Zihitana Abantu Benshi, Abandi Barakomereka

Ni Iki Kibera i Yaoundé? Perezida Biya Umaze Igihe Atagaragara, Ariko Ubutegetsi Bwe Bukomeje Gukora Impinduka Zikomeye mu Gisirikare

Bidasanzwe: U Burusiya Bwakajije Ibitero bya Misile za Ballistic kuri Kyiv

Ni imirwano yabaye ku gicamunsi cyo ku wa gatanu tariki ya 30/08/2024, aho yabereye mu gice kigana kuri Zero, hagati y’inyeshamba zo mu mutwe Maï Maï na Twirwaneho, birangira uruhande rwa Maï Maï ruyabangiye ingata, nk’uko amasoko yacu atandukanye abivuga.

Amakuru yemeza neza ko uru rugamba rwa bereye ku musozi wa Nyarumanga ho muri Bicumbi, aha akaba atari kure no Kuri Zero.

Ibisambu bya Bicumbi, biri hejuru y’imihana yo mu Kalingi, ahanini Kalingi ija mu Bidegu kwa Chef Rufayeri Manywa.

Minembwe Capital News yamenye amakuru ko iyi mirwano yabaye mu gihe abasore bo muri Twirwaneho basakiranye na Maï Maï, ubwo bari muri Patrol. Impande zombi zikaba zarahuye mu buryo butunguranye.

Maze karahava, bararasana, uruhande rwa Maï Maï rukizwa n’amaguru. Aya makuru anavuga ko Maï Maï yahunze yerekera ibisambu bya ahitwa i Nguli ho muri Grupema ya Mutambara.

MCN yanabwiwe kandi ko uruhande rwa Twirwaneho imirwano yarangiye ntawe uhagiriye ikibazo, ariko ko ku ruhande rwa Maï Maï Bishambuke hakomeretse bane, ndetse n’ibitunda byabo byari byubatse muri ako gace bihabwa inkongi y’umuriro, aho ndetse byanahiye birakongoka.

Iy’i mirwano yatangiye igihe c’isaha ya saa kenda n’igice cyo ku wa gatanu, yabaye mu gihe muri izi nce hataherukaga intambara kuko intambara mu Kalingi yaherukaga nko mu myaka ibiri ishize.

Hagati aho, mu bindi bice byo muri Minembwe, mu misozi miremire y’Imulenge, hari umutekano n’ubwo uba utizewe cyane, kuko ibyaha bihinduka umunota ku wundi. Ariko ubu hari amahoro.

            MCN.
Tags: ImirwanoMaï MaïTwirwaneho
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Burusiya Bwakajije Ibitero kuri Kyiv: Misile za Ballistique na Drone Zihitana Abantu Benshi, Abandi Barakomereka

by Bahanda Bruce
August 5, 2026
0
U Burusiya Bwakajije Ibitero kuri Kyiv: Misile za Ballistique na Drone Zihitana Abantu Benshi, Abandi  Barakomereka

U Burusiya Bwakajije Ibitero kuri Kyiv: Misile za Ballistique na Drone Zihitana Abantu Benshi, Abandi Barakomereka Igitero gikomeye cyagabwe n’u Burusiya kuri Ukraine hakoreshejwe misile za ballistique n’indege...

Read moreDetails

Ni Iki Kibera i Yaoundé? Perezida Biya Umaze Igihe Atagaragara, Ariko Ubutegetsi Bwe Bukomeje Gukora Impinduka Zikomeye mu Gisirikare

by Bahanda Bruce
August 4, 2026
0
Ni Iki Kibera i Yaoundé? Perezida Biya Umaze Igihe Atagaragara, Ariko Ubutegetsi Bwe Bukomeje Gukora Impinduka Zikomeye mu Gisirikare

Ni Iki Kibera i Yaoundé? Perezida Biya Umaze Igihe Atagaragara, Ariko Ubutegetsi Bwe Bukomeje Gukora Impinduka Zikomeye mu Gisirikare Mu gihe Perezida wa Cameroun Paul Biya akomeje kutagaragara...

Read moreDetails

Bidasanzwe: U Burusiya Bwakajije Ibitero bya Misile za Ballistic kuri Kyiv

by Bahanda Bruce
August 2, 2026
0
Bidasanzwe: U Burusiya Bwakajije Ibitero bya Misile za Ballistic kuri Kyiv

Bidasanzwe: U Burusiya Bwakajije Ibitero bya Misile za Ballistic kuri Kyiv Intambara hagati y'u Burusiya na Ukraine ikomeje gufata indi ntera, nyuma y'uko mu gitondo cyo ku wa...

Read moreDetails

TENSIYO IKOMEJE KWIYONGERA MU BURASIRAZUBA BWO HAGATI: Amerika na Israel Bivugwaho Imyiteguro ya Gisirikare, Iran na Yo Yongera Ingamba zo Kwihimura

by Bahanda Bruce
August 1, 2026
0
TENSIYO IKOMEJE KWIYONGERA MU BURASIRAZUBA BWO HAGATI: Amerika na Israel Bivugwaho Imyiteguro ya Gisirikare, Iran na Yo Yongera Ingamba zo Kwihimura

TENSIYO IKOMEJE KWIYONGERA MU BURASIRAZUBA BWO HAGATI: Amerika na Israel Bivugwaho Imyiteguro ya Gisirikare, Iran na Yo Yongera Ingamba zo Kwihimura MINEMBWE CAPITAL NEWS Umwuka wa politiki n'umutekano...

Read moreDetails

Ibyo Utamenye ku Myitwarire ya Netanyahu muri White House Yavugishije Benshi; Dore Impamvu Yateje Impaka n’Icyo Bisobanura

by Bahanda Bruce
July 31, 2026
0
Ibyo Utamenye ku Myitwarire ya Netanyahu muri White House Yavugishije Benshi; Dore Impamvu Yateje Impaka n’Icyo Bisobanura

Ibyo Utamenye ku Myitwarire ya Netanyahu muri White House Yavugishije Benshi; Dore Impamvu Yateje Impaka n'Icyo Bisobanura MINEMBWE CAPITAL NEWS Imyitwarire ya Minisitiri w'Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu,...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye icyatunye Perezida Tshisekedi yirukana intumwa ye Tshibangu.

Hamenyekanye icyatunye Perezida Tshisekedi yirukana intumwa ye Tshibangu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?