Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Rwongeye kwambikana i Masisi hagati ya m23 n’ihuriro ry’ingabo za Congo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 3, 2025
in Regional Politics
0
Rwongeye kwambikana i Masisi hagati ya m23 n’ihuriro ry’ingabo za Congo.
92
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Rwongeye kwambikana i Masisi hagati ya m23 n’ihuriro ry’ingabo za Congo.

You might also like

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

AFC/M23 yatanze umucyo kubyo Leta yavuze ko bemeranyije kuvana Ingabo mu duce igenzura.

Ibyimbitse ku masezerano RDC na AFC/M23 bagiranye.

Amakuru ava muri teritware ya Masisi mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru avuga ko muri icyo gice cyabyukiyemo imirwano ikomeye hagati y’ihuriro ry’ingabo za Congo n’umutwe wa m23.

Ni amakuru agaragaza ko ihuriro ry’ingabo za Congo iririmo FARDC, FDLR, na Wazalendo ryagabye igitero mu birindiro bya m23 biherereye mu bice byo muri grupema ya Mupfunyi Shanga, maze abarwanyi b’uyu mutwe risanga bari maso niko guhita bafungurira imbunda zabo kuri iryo huriro.

Aya makuru nk’uko abigaragaza yatangiye mugitondo cya kare, aho urusaku rw’imbunda ziremereye n’izito zarimo zumvikanira muri ibyo bice.

Ni amakuru anagaragaza ko iyi mirwano yatangiriye muri centre ya Masisi, bityo uko m23 yarimo yirukana iri huriro ry’ingabo za Congo ikagenda yigira iyo ririya huriro rihungira, ari nako urusaku rw’imbunda rwakomezaga kurushaho kumvikana.

Ahanini ngo imirwano iremereye yabereye ahegereye ikanisa rya Gatorika riherereye aha muri centre ya Masisi.

Iri huriro ry’ingabo za Congo, bibaye ku nshuro ya kabiri mu cyumweru kimwe rigaba ibitero muri iki gice, ariko bikarangira uyu mutwe urishubije inyuma.

Ariko nubwo Ingabo zo ku ruhande rwa Leta rugaba ibitero i Masisi, kuva higarurirwa na m23 mu mpera z’umwaka ushize ibikorwa binyuranye byongeye gukora neza nubwo sosiyete sivili yaho ivuga ko abenshi mubari bayituriye bahunze.

Ubundi kandi uretse n’ibikorwa kuba bikomeje kugenda neza, abaturage bafite amahoro n’ituze kandi bagakora batigononwa, bitandukanye n’igihe ihuriro ry’ingabo za Congo zagenzuraga iki gice.

Kugeza ubu uyu mutwe wa m23 uracyagenzura centre ya Masisi, ndetse n’inkengero zayo.

Tags: Ihuriro ry'ingabo za CongoM23MasisiRwambikanye
Share37Tweet23Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Icyo minisitiri Nduhungirehe yavuze ku biganiro biri kubera i Doha bihuza RDC na AFC/M23.

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Leta y'u Rwanda yatangaje ko yishimiye isinywa ry'inyandiko y'amahame y'ibanze ngenderwaho aganisha...

Read moreDetails

AFC/M23 yatanze umucyo kubyo Leta yavuze ko bemeranyije kuvana Ingabo mu duce igenzura.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

AFC/M23 yatanze umucyo kubyo Leta yavuze ko bemeranyije kuvana ingabo mu duce igenzura. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryabeshyuje Leta y'i Kinshasa yatangaje ko iri huriro rigomba...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku masezerano RDC na AFC/M23 bagiranye.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Ibyimbitse ku masezerano RDC na AFC/M23 bagiranye. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'ihuriro rya AFC/M23 kuri uyu wa gatandatu tariki ya 19/07/2025, byashyize umukono ku mahame...

Read moreDetails

Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'umutwe wa AFC/M23 kuri uyu wa gatandatu tariki ya 19/07/2025,...

Read moreDetails

Amakuru mashya kubiganiro biri kubera i Doha, hagati ya RDC na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Ibyingenzi wa menya ku biganiro birimo kubera i Doha hagati ya RDC na AFC/M23.

Amakuru mashya kubiganiro biri kubera i Doha, hagati ya RDC na AFC/M23. Nyuma y'iminsi itari mike i Doha muri Qatar hari kubera ibiganiro by'imishyikirano hagati ya Repubulika ya...

Read moreDetails
Next Post
Umunyapolitiki uri mu bamaze kubaka izina muri RDC yiyunze kuri M23.

Uwari mu bayobozi bakomeye mu butegetsi bw'i Kinshasa yiyunze kuri m23 uyu munsi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?