• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uwari mu bayobozi bakomeye mu butegetsi bw’i Kinshasa yiyunze kuri m23 uyu munsi.

minebwenews by minebwenews
April 3, 2025
in Regional Politics
0
Umunyapolitiki uri mu bamaze kubaka izina muri RDC yiyunze kuri M23.
112
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwari mu bayobozi bakomeye mu butegetsi bw’i Kinshasa yiyunze kuri m23 uyu munsi.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Joseph Stéphane Mukumadi wari guverineri w’intara ya Sankuru, yatangaje ko yiyunze mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ribarizwamo n’umutwe wa m23.

Ni ibikubiye mu itangazo Joseph Stéphane Mukumadi yashyize hanze kuri uyu wa kane tariki ya 03/2025, aho rimenyesha ko yinjiye mu mugambi wo gushyiraho iherezo ryanyuma ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi watangijwe na m23.

Muri iryo tangazo yagize ati: “Ndi umunyamuryango wa AFC/M23 ndashaka kungurana ibitekerezo n’umuhuza bikorwa w’uyu mutwe ku bibazo bireba Repubulika ya demokarasi ya Congo. Ndizera ko inzira zose zo gukuraho abasenya igihugu ziboneye. Ndahamagarira abanyekongo kwibona muri iyi mpinduramatwara.”

Ubundi kandi muri iryo tangazo uyu wahoze ari guverineri yamaganye ibyo yise gufata bugwate igihugu na rubanda rugufi bikorwa n’ubutegetsi. Joseph Mukumadi, yemeje ko ihuriro rya AFC, ariryo rishobora gutanga ibyiringiro by’igihe kirekire.

Mu mwaka wa 2019 ni bwo yatorewe kuba guverineri mu rwego rutavugwaho rumwe, kuko kandidatire ye yabanje guteshwa agaciro bitewe n’uko ngo yari afite ubwenegihugu bw’Ubufaransa mbere yo kwemezwa na komisiyo y’igihugu y’amatora (Ceni).

Icyo gihe ngo kandidatire ye yarwanyijwe cyane n’uwahoze ari minisitiri w’ubanye n’amahanga n’itumanaho Lambert Mende.

Mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka, ishyaka rye, Action des Democrates(Ad) ryikuye mu ihuriro ry’ishyaka USN ribarizwamo perezida Felix Tshisekedi.

Joseph Mukumadi yashimye uruhare rw’umuhuza bikorwa wa AFC, Corneille Nangaa, uwo ngo afata nk’umuhuza w’abanga akarengane muri Congo.

Akaba aje yiyongera kubandi biyunze na AFC barimo Jean Jaques Mamba wabaye umwe mubarwanashyaka bakuru b’ishyaka MLC ndetse na Thomas Lubanga uherutse gutangaza ko yifatanyije n’uyu mutwe.

Ndetse kandi ubwo m23 yafataga i Goma na Bukavu hari abandi benshi bayiyunzemo barimo n’abasirikare.

Intara ya Sankuru yayoborwaga na Joseph Makundi ni imwe mu ntara 21 zigize Repubulika ya demokarasi ya Congo. Iyi ntara yahoze ibarizwa muri Kasai-Oriental mbere yuko iba intara.

Tags: GuverineriM23MukumadiSankuruYiyunze
Share45Tweet28Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Museveni, a long-standing regional power broker arrived in South Sudan on Thursday stepping into a tense political situation that has sparked regional concerns

Museveni, a long-standing regional power broker arrived in South Sudan on Thursday stepping into a tense political situation that has sparked regional concerns

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?