Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

SADC yavuze icyo iri gukora nyuma y’aho bivuzwe ko yisubiyeho ku gucyura ingabo zayo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 2, 2025
in Regional Politics
0
Abasirikare ba SADC batangiye kuva muri RDC.
98
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

SADC yavuze icyo iri gukora nyuma y’aho bivuzwe ko yisubiyeho ku gucyura ingabo zayo.

You might also like

Kera kabaye u Burundi bwafunze padiri kubera Misa yasomye.

Nyuma yo guhura n’abayobozi ba AFC/M23, umuyobozi wa MONUSCO yavuze icyo yizeye.

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

Ingabo z’u muryango wa Afrika y’Amajyepfo, SADC ziri mu butumwa buzwi nka SAMIDRC mu Burasizuba bwa Congo, zemeje ko ziri gucyura abasirikare bayo zibakuye i Goma mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

SADC mu gucyura ingabo zayo yabanje gusa niyisubiyeho kuri iki cyemezo bitewe n’ubw’umvikane buke hagati yayo n’ihuriro rya AFC/M23 risanzwe rigenzura umujyi wa Goma kuva mu mpera z’ukwezi kwa mbere uyu mwaka izi ngabo ziherereyemo.

Ahanini SADC yo yashakaga gucyura abasirikare bayo n’ibikoresho byabo ikoresheje inzira y’ikirere, ibyo AFC/M23 itigeze ishima nyuma y’aho ibashinje gukora ibitero bihungabanya umutekano mu bice bya Goma. Bikaba byaratumye ziriya ngabo nazo zitindaho, ndetse zipfukira hato kwisubiraho kuri iki cyemezo.

Gusa, tariki ya 29/04/2025 hatashye icyiciro cya mbere cy’abasirikare buriya muryango wa SADC ndetse n’ibikoresho bifashishaga mu ntambara yo mu Burasizuba bwa Congo birimo imbunda n’ubwato.

Mu itangazo SADC imaze gushyira hanze yagize iti: “Ingabo zacyu ziri gutaha zikoresheje umuhanda unyura mu Rwanda, zikabona gakomereza mu bihugu zaturutsemo.”

Amakuru anavuga ko ziriya ngabo ziri kuva mu bigo zabagamo i Goma, zigakomereza ku mupaka mu nini uzwi nka Grand-Barriere. Ari nabwo zihita zitangira urugendo rurerure mu muhanda wa Rubavu-Kigali-Rusumo mbere yuko zinjira muri Tanzania.

Ubundi kandi SADC yanavuze ko ibyo gucyura abasirikare bayo ari igikorwa cyubahiriza imyanzuro yafashwe n’abakuru b’ibihugu bigize uyu muryango.

Ndetse kandi yongeraho ko kuzicyura bijanye n’amasezerano abayihagarariye mu rwego rwa gisirikare bagiranye na AFC/M23 ubwo bahuriraga i Goma tariki ya 28/03/2025.

Izi ngabo kandi zavuze ko zizakomeza gushyigikira gahunda ya dipolomasi na politiki igamije gufasha u Burasirazuba bwa Congo kubona amahoro arambye.

Tubibutsa ko ingabo za SADC zageze mu Burasizuba bwa Congo mu kwezi kwa cumi nabiri umwaka wa 2023, zikaba zigizwe n’ingabo zaturutse Malawi, Tanzania na Afrika y’Epfo.

Bivuze ko zari zihamaze umwaka n’igice, usibye ko ntacyo zigeze zifasha igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, nubwo zari zaraje ku gifasha kurwanya umutwe wa M23. Kuko ntagace nakamwe zigeze zambura uyu mutwe, yewe ntanikizwi zafashije usibye ubufasha RDC yahaga uyu muryango kubera ko wari warayohaye ingabo.

Tags: GomaGucyura abasirikare bayoSADC
Share39Tweet25Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kera kabaye u Burundi bwafunze padiri kubera Misa yasomye.

by Bruce Bahanda
June 16, 2025
0
Kera kabaye u Burundi bwafunze padiri kubera Misa yasomye.

Kera kabaye u Burundi bwafunze padiri kubera Misa yasomye. Butoti Paul, umusaseridoti wa kiliziya gatolika i Bujumbura, yahagaritswe n'inzego zishinzwe umutekano kubera misa yasomeye muri ekeleziya gatolika. Ku...

Read moreDetails

Nyuma yo guhura n’abayobozi ba AFC/M23, umuyobozi wa MONUSCO yavuze icyo yizeye.

by Bruce Bahanda
June 16, 2025
0
Nyuma yo guhura n’abayobozi ba AFC/M23, umuyobozi wa MONUSCO yavuze icyo yizeye.

Nyuma yo guhura n'abayobozi ba AFC/M23, umuyobozi wa MONUSCO yavuze icyo yizeye. Intumwa idasanzwe y'Umunyamabanga mukuru w'umuryango w'Abibumbye muri Congo, akaba n'umuyobozi wa MONUSCO, Bintou Keita yizeye ko...

Read moreDetails

Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

by Bruce Bahanda
June 15, 2025
0
Ibyo gusinya amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo si byanone.

Ibyo gusinya amasezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na Congo si byanone. Mu gihe Leta Zunze ubumwe z'Amerika zifuza ko u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo muri...

Read moreDetails

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

by Bruce Bahanda
June 14, 2025
0
Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi.

Byakomeye i Washington DC hoherejwe intumwa kuja gushinja Tshisekedi kuyobora nabi. Kikaya Bin Karubi, usanzwe ari mu bantu bahora hafi ya Joseph Kabila Kabange, akaba n'umujyamama we, ni...

Read moreDetails

Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Kenya department Of Refugee Service Crack Down on Sim Card Fraud.

Kenya Department of Refugee Service Cracks Down on SIM Card Fraud The Department of Refugee Service (DRS) has issued a stern warning to refugees in Kenya, urging them...

Read moreDetails
Next Post
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano y’amateka akomeye.

Hamenyekanye igihe amasezerano y'amahoro y'u Rwanda na RDC azasinyigwa imbere ya Trump, n'uburyo bizakorwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?