• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, December 2, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

SADC yavuze icyo iri gukora nyuma y’aho bivuzwe ko yisubiyeho ku gucyura ingabo zayo.

minebwenews by minebwenews
May 2, 2025
in Regional Politics
0
Abasirikare ba SADC batangiye kuva muri RDC.
99
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

SADC yavuze icyo iri gukora nyuma y’aho bivuzwe ko yisubiyeho ku gucyura ingabo zayo.

You might also like

Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Gen (Rtd) James Kabarebe Yahawe Inshingano Nshya mu Biro bya Perezida wa Repubulika

Corneille Nangaa: Birashoboka ko nzaba Perezida wa RDC, niba igihugu kibikeneye

Ingabo z’u muryango wa Afrika y’Amajyepfo, SADC ziri mu butumwa buzwi nka SAMIDRC mu Burasizuba bwa Congo, zemeje ko ziri gucyura abasirikare bayo zibakuye i Goma mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

SADC mu gucyura ingabo zayo yabanje gusa niyisubiyeho kuri iki cyemezo bitewe n’ubw’umvikane buke hagati yayo n’ihuriro rya AFC/M23 risanzwe rigenzura umujyi wa Goma kuva mu mpera z’ukwezi kwa mbere uyu mwaka izi ngabo ziherereyemo.

Ahanini SADC yo yashakaga gucyura abasirikare bayo n’ibikoresho byabo ikoresheje inzira y’ikirere, ibyo AFC/M23 itigeze ishima nyuma y’aho ibashinje gukora ibitero bihungabanya umutekano mu bice bya Goma. Bikaba byaratumye ziriya ngabo nazo zitindaho, ndetse zipfukira hato kwisubiraho kuri iki cyemezo.

Gusa, tariki ya 29/04/2025 hatashye icyiciro cya mbere cy’abasirikare buriya muryango wa SADC ndetse n’ibikoresho bifashishaga mu ntambara yo mu Burasizuba bwa Congo birimo imbunda n’ubwato.

Mu itangazo SADC imaze gushyira hanze yagize iti: “Ingabo zacyu ziri gutaha zikoresheje umuhanda unyura mu Rwanda, zikabona gakomereza mu bihugu zaturutsemo.”

Amakuru anavuga ko ziriya ngabo ziri kuva mu bigo zabagamo i Goma, zigakomereza ku mupaka mu nini uzwi nka Grand-Barriere. Ari nabwo zihita zitangira urugendo rurerure mu muhanda wa Rubavu-Kigali-Rusumo mbere yuko zinjira muri Tanzania.

Ubundi kandi SADC yanavuze ko ibyo gucyura abasirikare bayo ari igikorwa cyubahiriza imyanzuro yafashwe n’abakuru b’ibihugu bigize uyu muryango.

Ndetse kandi yongeraho ko kuzicyura bijanye n’amasezerano abayihagarariye mu rwego rwa gisirikare bagiranye na AFC/M23 ubwo bahuriraga i Goma tariki ya 28/03/2025.

Izi ngabo kandi zavuze ko zizakomeza gushyigikira gahunda ya dipolomasi na politiki igamije gufasha u Burasirazuba bwa Congo kubona amahoro arambye.

Tubibutsa ko ingabo za SADC zageze mu Burasizuba bwa Congo mu kwezi kwa cumi nabiri umwaka wa 2023, zikaba zigizwe n’ingabo zaturutse Malawi, Tanzania na Afrika y’Epfo.

Bivuze ko zari zihamaze umwaka n’igice, usibye ko ntacyo zigeze zifasha igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, nubwo zari zaraje ku gifasha kurwanya umutwe wa M23. Kuko ntagace nakamwe zigeze zambura uyu mutwe, yewe ntanikizwi zafashije usibye ubufasha RDC yahaga uyu muryango kubera ko wari warayohaye ingabo.

Tags: GomaGucyura abasirikare bayoSADC
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington Perezida w’u Burundi yatangaje ko agiye kugirira uruzinduko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika,...

Read moreDetails

Gen (Rtd) James Kabarebe Yahawe Inshingano Nshya mu Biro bya Perezida wa Repubulika

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Gen (Rtd) James Kabarebe Yahawe Inshingano Nshya mu Biro bya Perezida wa Repubulika

Gen (Rtd) James Kabarebe Yahawe Inshingano Nshya mu Biro bya Perezida wa Repubulika Perezida Paul Kagame yakoze impinduka muri Guverinoma, ashyiraho abayobozi bashya mu myanya itandukanye, zirimo izasize...

Read moreDetails

Corneille Nangaa: Birashoboka ko nzaba Perezida wa RDC, niba igihugu kibikeneye

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Corneille Nangaa: Birashoboka ko nzaba Perezida wa RDC, niba igihugu kibikeneye

Corneille Nangaa: Birashoboka ko nzaba Perezida wa RDC, niba igihugu kibikeneye Umuyobozi w’ihuriro AFC/M23, Corneille Nangaa, yatangaje ko adateze gutinya inshingano zo kuba Perezida wa Repubulika ya Demokarasi...

Read moreDetails

Ndayishimiye Yongeye Kwibasira Perezida Kagame, Amushinja Gukoresha Impunzi z’Abarundi mu Nyungu za M23

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Ndayishimiye Yongeye Kwibasira Perezida Kagame, Amushinja Gukoresha Impunzi z’Abarundi mu Nyungu za M23

Ndayishimiye Yongeye Kwibasira Perezida Kagame, Amushinja Gukoresha Impunzi z’Abarundi mu Nyungu za M23 Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yongeye kunenga bikomeye mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame, amushinja...

Read moreDetails

Mbayahaga Yikomye Umutwe urwana muri Kivu y’Amajyepfo, Avuga ko Ingabo z’u Burundi Zawutsinze

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Mbayahaga Yikomye Umutwe urwana muri Kivu y’Amajyepfo, Avuga ko Ingabo z’u Burundi Zawutsinze

Mbayahaga Yikomye Umutwe urwana muri Kivu y’Amajyepfo, Avuga ko Ingabo z’u Burundi Zawutsinze Umuvugabutumwa, umunyarwenya akaba n’umunyapolitiki w’inshuti magara ya Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, Mbayahaga Isidore, yongeye...

Read moreDetails
Next Post
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano y’amateka akomeye.

Hamenyekanye igihe amasezerano y'amahoro y'u Rwanda na RDC azasinyigwa imbere ya Trump, n'uburyo bizakorwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?