• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, December 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Trump wasezeranyije kurangiza intambara ya Ukraine n’u Burusiya mu masaha 24 gusa, yagize icyo abivugaho.

minebwenews by minebwenews
July 6, 2025
in World News
0
Trump wasezeranyije kurangiza intambara ya Ukraine n’u Burusiya mu masaha 24 gusa, yagize icyo abivugaho.
74
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Trump wasezeranyije kurangiza intambara ya Ukraine n’u Burusiya mu masaha 24 gusa, yagize icyo abivugaho.

You might also like

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump yatangaje ko intambara ihanganishije u Burusiya na Ukraine atazi neza ko izahagarara, ni nyuma y’uko mu mezi make ashize yari yasezeranyije kuzayihagarika mu gihe kitarenze amasaha 24.

Ni mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru ubwo yari ku ndege Air Force one, yagize ati: “Sinzi. Sinohamya ko tuzabigeraho cyangwa tutazabigeraho.”

Muri iki kiganiro yanabijwe niba guhagarika iriya ntambara ari ikintu ashyira imbere cyane, na we asubiza ati: “Ego. Byonshimisha kubona ihagaze burundu.”

Ubwo perezida Trump yiyamamazaga mu matora y’ubushize y’umukuru w’igihugu cya Leta Zunze ubumwe z’Amerika, ari na yo yasize atsinze ayo matora, yavuze ko aramutse ayatsinze, intambara ibera muri Ukraine yayirangiza mu masaha 24. Ariko amaze kugera ku butegetsi, yakomeje kubiseseranya akabiha ibihe.

Mu kiganiro aheruka kugirana n’ikinyamakuru cya Time, yabajijwe icyo avuga kubyo yiyemeje byo guhagarika intambara mu masaha 24 ya mbere amaze kugera ku butegetsi, yasubije ko ibyo yavuze byari imvugo ngereranyo, ngo kugira ngo agaragaze amarangamutima ye.

Ku rundi ruhande, Ukraine yo iracyakomeje gusaba Amerika n’ibihugu byo mu Burayi ku yiha ufasha bwo kwikingira ibitero byo mu kirere. Ni mu gihe ibitero by’u Burusiya nabyo bikomeje kugabwa kuri iki gihugu.

Intwaro isaba harimo ibibunda bikaze byo mu bwoko bwa Patriot n’ibisasu byayo, ari nabyo bishobora gusama ibisasu bya misile by’u Burusiya biraswa kure.

Ariko nubwo biri uko, ibinyamamakuru byo muri Amerika biheruka gutangaza ko iki gihugu cyafashe ingingo yo kutazongera kohereza intwaro zayo muri Ukraine, nubwo abategetsi bayo batabyemeza.

Umunyamakuru yabajije Trump ati: “Kubera iki wahagaritse kohereza Ukraine uburyo?”

Trump asubiza ati: “Ntitwabuhagaritse , turikububaha, tumaze no kubaha nyinshi cyane, kandi dukorana na bo, turanategura kandi kubafasha. Ariko Biden yishe igihugu cyacu cyose mu kubaha intwaro. Ni byiza rero ko dukora tunatekereza kugira ngo tutaja gusanga twisigaje gutyo.”

Hagataho, intambara na zo ntizisiba, kuko impande zombi zikomeza kugabanaho ibitero.

Mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri iki cyumweru tariki ya 06/07/2025, igisirikare cya Ukraine kirwanira mu kirere, cyatangaje ko cyahanuye amadrones 117 muri 157 zari zagabye ibyo bitero.

Mu gihe kandi n’u Burusiya bwatangaje ko na bwo bwahanuye drones 120 za Ukraine.

Tags: IntambaraTrumpUkraine
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Auto Draft

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yafashe icyemezo gikomeye cyo gusaba Perezida Isaac Herzog kumuha imbabazi zigamije guhagarika urubanza rwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye ku meza abayobozi bakomeye bo mu Nteko Ishinga...

Read moreDetails

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe - Perezida Museveni Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Guverinoma ye iri mu cyiciro cya nyuma...

Read moreDetails

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya Amakuru aturuka mu Murwa Mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, aravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye isoko rinini rya...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

by Bahanda Bruce
November 18, 2025
0
Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yarokotse impanuka ikomeye mu ruzinduko yari yagiriye ku kirombe cya zahabu giherereye mu Ntara ya Bujumbura...

Read moreDetails
Next Post
Umunye-Congo Dr.Paluku yapfuye.

Umunye-Congo Dr.Paluku yapfuye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?