• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Trump wasezeranyije kurangiza intambara ya Ukraine n’u Burusiya mu masaha 24 gusa, yagize icyo abivugaho.

minebwenews by minebwenews
July 6, 2025
in World News
0
Trump wasezeranyije kurangiza intambara ya Ukraine n’u Burusiya mu masaha 24 gusa, yagize icyo abivugaho.
74
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Trump wasezeranyije kurangiza intambara ya Ukraine n’u Burusiya mu masaha 24 gusa, yagize icyo abivugaho.

You might also like

After Pursuing President Putin and Prime Minister Netanyahu: Karim Khan Faces a Legal Crisis Shaking the ICC

Nyuma yo Gukurikirana Perezida Putin na Minisitiri Netanyahu: Karim Khan Na We Ari Mu Rujijo Rw’Amategeko Rwahungabanyije ICC

Perezida Trump, Netanyahu na Iran: Intambara y’Amagambo n’Igitutu cya Dipolomasi Ihindanya Umutekano w’Uburasirazuba bwo Hagati

Perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump yatangaje ko intambara ihanganishije u Burusiya na Ukraine atazi neza ko izahagarara, ni nyuma y’uko mu mezi make ashize yari yasezeranyije kuzayihagarika mu gihe kitarenze amasaha 24.

Ni mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru ubwo yari ku ndege Air Force one, yagize ati: “Sinzi. Sinohamya ko tuzabigeraho cyangwa tutazabigeraho.”

Muri iki kiganiro yanabijwe niba guhagarika iriya ntambara ari ikintu ashyira imbere cyane, na we asubiza ati: “Ego. Byonshimisha kubona ihagaze burundu.”

Ubwo perezida Trump yiyamamazaga mu matora y’ubushize y’umukuru w’igihugu cya Leta Zunze ubumwe z’Amerika, ari na yo yasize atsinze ayo matora, yavuze ko aramutse ayatsinze, intambara ibera muri Ukraine yayirangiza mu masaha 24. Ariko amaze kugera ku butegetsi, yakomeje kubiseseranya akabiha ibihe.

Mu kiganiro aheruka kugirana n’ikinyamakuru cya Time, yabajijwe icyo avuga kubyo yiyemeje byo guhagarika intambara mu masaha 24 ya mbere amaze kugera ku butegetsi, yasubije ko ibyo yavuze byari imvugo ngereranyo, ngo kugira ngo agaragaze amarangamutima ye.

Ku rundi ruhande, Ukraine yo iracyakomeje gusaba Amerika n’ibihugu byo mu Burayi ku yiha ufasha bwo kwikingira ibitero byo mu kirere. Ni mu gihe ibitero by’u Burusiya nabyo bikomeje kugabwa kuri iki gihugu.

Intwaro isaba harimo ibibunda bikaze byo mu bwoko bwa Patriot n’ibisasu byayo, ari nabyo bishobora gusama ibisasu bya misile by’u Burusiya biraswa kure.

Ariko nubwo biri uko, ibinyamamakuru byo muri Amerika biheruka gutangaza ko iki gihugu cyafashe ingingo yo kutazongera kohereza intwaro zayo muri Ukraine, nubwo abategetsi bayo batabyemeza.

Umunyamakuru yabajije Trump ati: “Kubera iki wahagaritse kohereza Ukraine uburyo?”

Trump asubiza ati: “Ntitwabuhagaritse , turikububaha, tumaze no kubaha nyinshi cyane, kandi dukorana na bo, turanategura kandi kubafasha. Ariko Biden yishe igihugu cyacu cyose mu kubaha intwaro. Ni byiza rero ko dukora tunatekereza kugira ngo tutaja gusanga twisigaje gutyo.”

Hagataho, intambara na zo ntizisiba, kuko impande zombi zikomeza kugabanaho ibitero.

Mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri iki cyumweru tariki ya 06/07/2025, igisirikare cya Ukraine kirwanira mu kirere, cyatangaje ko cyahanuye amadrones 117 muri 157 zari zagabye ibyo bitero.

Mu gihe kandi n’u Burusiya bwatangaje ko na bwo bwahanuye drones 120 za Ukraine.

Tags: IntambaraTrumpUkraine
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

After Pursuing President Putin and Prime Minister Netanyahu: Karim Khan Faces a Legal Crisis Shaking the ICC

by Bahanda Bruce
June 10, 2026
0
After Pursuing President Putin and Prime Minister Netanyahu: Karim Khan Faces a Legal Crisis Shaking the ICC

After Pursuing President Putin and Prime Minister Netanyahu: Karim Khan Faces a Legal Crisis Shaking the ICC The International Criminal Court (ICC), headquartered in The Hague, Netherlands, is...

Read moreDetails

Nyuma yo Gukurikirana Perezida Putin na Minisitiri Netanyahu: Karim Khan Na We Ari Mu Rujijo Rw’Amategeko Rwahungabanyije ICC

by Bahanda Bruce
June 10, 2026
0
Nyuma yo Gukurikirana Perezida Putin na Minisitiri Netanyahu: Karim Khan Na We Ari Mu Rujijo Rw’Amategeko Rwahungabanyije ICC

Nyuma yo Gukurikirana Perezida Putin na Minisitiri Netanyahu: Karim Khan Na We Ari Mu Rujijo Rw’Amategeko Rwahungabanyije ICC Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC/CPI) rufite icyicaro i La Haye mu...

Read moreDetails

Perezida Trump, Netanyahu na Iran: Intambara y’Amagambo n’Igitutu cya Dipolomasi Ihindanya Umutekano w’Uburasirazuba bwo Hagati

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
Perezida Trump, Netanyahu na Iran: Intambara y’Amagambo n’Igitutu cya Dipolomasi Ihindanya Umutekano w’Uburasirazuba bwo Hagati

Perezida Trump, Netanyahu na Iran: Intambara y’Amagambo n’Igitutu cya Dipolomasi Ihindanya Umutekano w’Uburasirazuba bwo Hagati Umwuka wa politiki mpuzamahanga ukomeje kuzamo igitutu gikomeye hagati ya Leta Zunze Ubumwe...

Read moreDetails

Xi Jinping i Pyongyang: Uruzinduko Rudasanzwe Rushobora Guhindura Isura y’Ububanyi n’Amahanga muri Aziya y’Uburasirazuba

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Xi Jinping i Pyongyang: Uruzinduko Rudasanzwe Rushobora Guhindura Isura y’Ububanyi n’Amahanga muri Aziya y’Uburasirazuba

Xi Jinping i Pyongyang: Uruzinduko Rudasanzwe Rushobora Guhindura Isura y’Ububanyi n’Amahanga muri Aziya y’Uburasirazuba Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping, yageze mu murwa mukuru wa Koreya ya Ruguru, Pyongyang,...

Read moreDetails

Philippines Yanyeganyejwe n’Umutingito wa 7.8: Abantu Bahitanywe na Wo, Hatangwa Umuburo wa Tsunami ku Nkombe z’Inyanja

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Philippines Yanyeganyejwe n’Umutingito wa 7.8: Abantu Bahitanywe na Wo, Hatangwa Umuburo wa Tsunami ku Nkombe z’Inyanja

Philippines Yanyeganyejwe n’Umutingito wa 7.8: Abantu Bahitanywe na Wo, Hatangwa Umuburo wa Tsunami ku Nkombe z’Inyanja Igihugu cya Philippines cyongeye kwibasirwa n’umutingito ukomeye wapimwe ku gipimo cya 7.8,...

Read moreDetails
Next Post
Umunye-Congo Dr.Paluku yapfuye.

Umunye-Congo Dr.Paluku yapfuye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?