• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Trump yahishyuye ibikomeye azakora naramuka atowe.

minebwenews by minebwenews
September 26, 2024
in World News
0
Trump yahishyuye ibikomeye azakora naramuka atowe.
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Trump yahishyuye ibikomeye azakora naramuka atowe.

You might also like

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Donald Trump uri kwiyamamariza kuyobora Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yavuze ko mu gihe yoramuka atorewe kuyobora iki gihugu azahita akivana mu ntambara imaze igihe ibera muri Ukraine.

Imyaka ibaye ibiri n’igice u Burusiya buri mu ntambara n’ingabo za Ukraine. Ni intambara u Burusiya busobanura ko bugamije kwirwanaho, nyuma y’umubano udasanzwe Ukraine yari ikomeje kugirana n’ibihugu by’amahanga cyane cyane ibihuriye mu muryango w’ubutabarane wa NATO.

Bamwe mu basesenguzi benshi, bavuga ko Amerika iri mu bihugu bituma iriya ntambara itarangira, ku mpamvu z’uko iki gihugu cy’igihangange gitanga inkunga nyinshi y’imbunda kuri Ukraine. Trump kuri uyu wa Kabiri yavuze ko naramuka agiriwe icyizere agatorwa, intambara y’u Burusiya na Ukraine igomba guhita ihagarara burundu.

Ati: “Biden na Kamala nibo badushyize muri iyi ntambara, ariko ntibabasha kuyituvanamo. Ndakeka ko tuzahera muri iyi ntambara nindamuka ntowe, tugomba kuyivamo rwose.”

Ku wa mbere kandi w’iki Cyumweru turimo, Trump naho yari yavuze ko “perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, ashaka ko Kamala ariwe uzatambuka ngo kugira ngo intambara ikomeze.”

Yavuze ko bibabaje uburyo buri gihe iyo Zelensky agiye gusura Amerika ahavana miliyari 60$ z’inkunga yo gukomeza intambara.

Kuri ubu kandi Zelensky ari muri Leta Zunze Ubumwe, guhura n’abayobozi b’iki gihugu ku buryo bakomeza ku mushyigikira mu ntambara. Binavugwa ko Zelensky ateganya guhura na Trump muri Amerika, nubwo hari abandi babihakana.

Biteganijwe ko Leta Zunze Ubumwe z’Amerika iza guha izindi miliyoni 375$ yo gukomeza gufasha Ukraine guhangana n’u Burusiya.

Kuva intambara ya kwaduka mu kwezi kwa Kabiri umwaka w’ 2022 muri Ukraine, minisiteri y’ingabo ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, imaze guha Ukraine inkunga ya gisirikare ingana na miliyari 56$.

              MCN.
Tags: AmerikaAzakoraTrumpYahishyuye ibikomeye
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas Ingabo za Israel zakoze igitero gikomeye cyumvikanyemo iturika ridasanzwe, aho zakigabye i Doha muri Qatar ahari intumwa z'umutwe...

Read moreDetails

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails
Next Post
Byinshi wa menya ku bihano Tshisekedi yasabiye u Rwanda.

Byinshi wa menya ku bihano Tshisekedi yasabiye u Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?