• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Trump yahishyuye ibikomeye azakora naramuka atowe.

minebwenews by minebwenews
September 26, 2024
in World News
0
Trump yahishyuye ibikomeye azakora naramuka atowe.
81
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Trump yahishyuye ibikomeye azakora naramuka atowe.

You might also like

BREAKING: Museveni Yatsindiye Manda ya Karindwi muri Uganda, Azayobora kugeza 2031

Ingabo za Irake Zisubije Igenzura ry’Ikibuga cy’Ingabo zo mu Kirere

Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye

Donald Trump uri kwiyamamariza kuyobora Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yavuze ko mu gihe yoramuka atorewe kuyobora iki gihugu azahita akivana mu ntambara imaze igihe ibera muri Ukraine.

Imyaka ibaye ibiri n’igice u Burusiya buri mu ntambara n’ingabo za Ukraine. Ni intambara u Burusiya busobanura ko bugamije kwirwanaho, nyuma y’umubano udasanzwe Ukraine yari ikomeje kugirana n’ibihugu by’amahanga cyane cyane ibihuriye mu muryango w’ubutabarane wa NATO.

Bamwe mu basesenguzi benshi, bavuga ko Amerika iri mu bihugu bituma iriya ntambara itarangira, ku mpamvu z’uko iki gihugu cy’igihangange gitanga inkunga nyinshi y’imbunda kuri Ukraine. Trump kuri uyu wa Kabiri yavuze ko naramuka agiriwe icyizere agatorwa, intambara y’u Burusiya na Ukraine igomba guhita ihagarara burundu.

Ati: “Biden na Kamala nibo badushyize muri iyi ntambara, ariko ntibabasha kuyituvanamo. Ndakeka ko tuzahera muri iyi ntambara nindamuka ntowe, tugomba kuyivamo rwose.”

Ku wa mbere kandi w’iki Cyumweru turimo, Trump naho yari yavuze ko “perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, ashaka ko Kamala ariwe uzatambuka ngo kugira ngo intambara ikomeze.”

Yavuze ko bibabaje uburyo buri gihe iyo Zelensky agiye gusura Amerika ahavana miliyari 60$ z’inkunga yo gukomeza intambara.

Kuri ubu kandi Zelensky ari muri Leta Zunze Ubumwe, guhura n’abayobozi b’iki gihugu ku buryo bakomeza ku mushyigikira mu ntambara. Binavugwa ko Zelensky ateganya guhura na Trump muri Amerika, nubwo hari abandi babihakana.

Biteganijwe ko Leta Zunze Ubumwe z’Amerika iza guha izindi miliyoni 375$ yo gukomeza gufasha Ukraine guhangana n’u Burusiya.

Kuva intambara ya kwaduka mu kwezi kwa Kabiri umwaka w’ 2022 muri Ukraine, minisiteri y’ingabo ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, imaze guha Ukraine inkunga ya gisirikare ingana na miliyari 56$.

              MCN.
Tags: AmerikaAzakoraTrumpYahishyuye ibikomeye
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

BREAKING: Museveni Yatsindiye Manda ya Karindwi muri Uganda, Azayobora kugeza 2031

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
BREAKING: Museveni Yatsindiye Manda ya Karindwi muri Uganda, Azayobora kugeza 2031

BREAKING: Museveni Yatsindiye Manda ya Karindwi muri Uganda, Azayobora kugeza 2031 Perezida Yoweri Museveni, umaze imyaka 37 ku butegetsi, yemejwe nk’umukandida watsinze amatora ya perezida ya Uganda ku...

Read moreDetails

Ingabo za Irake Zisubije Igenzura ry’Ikibuga cy’Ingabo zo mu Kirere

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Ingabo za Irake Zisubije Igenzura ry’Ikibuga cy’Ingabo zo mu Kirere

Ingabo za Irake Zisubije Igenzura ry’Ikibuga cy’Ingabo zo mu Kirere Minisiteri y’Ingabo ya Irake yatangaje ko ingabo z’iki gihugu zimaze kwisubiza byuzuye igenzura ry’ikibuga gikomeye cy’ingabo zo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye

Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ubuyobozi ayoboye buri gusuzuma ingamba...

Read moreDetails

Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba

Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba Guverinoma ya Repubulika ya Sudani yatangaje ko yongeye gusubira gukorera mu murwa mukuru w’igihugu, Khartoum, nyuma...

Read moreDetails

Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi

by Bahanda Bruce
January 11, 2026
0
Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi

Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangije ibitero bikomeye kandi byagutse bigamije gusenya...

Read moreDetails
Next Post
Byinshi wa menya ku bihano Tshisekedi yasabiye u Rwanda.

Byinshi wa menya ku bihano Tshisekedi yasabiye u Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?