• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Byinshi wa menya ku bihano Tshisekedi yasabiye u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
September 26, 2024
in Regional Politics
0
Byinshi wa menya ku bihano Tshisekedi yasabiye u Rwanda.
86
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byinshi wa menya ku bihano Tshisekedi yasabiye u Rwanda.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu ijambo yagejeje ku nama igira iya 79 y’inteko rusange ya LONI, yasabye ko u Rwanda rwafatirwa ibihano.

Iri jambo Tshisekedi yarigejeje kur’iyi nteko rusange y’umuryango w’Abibumbye, ku munsi w’ejo tariki ya 25/09/2024, aho icyicaro cy’ibi biganiro cyari i New York muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika, yongera gushinja u Rwanda gutera inkunga umutwe wa M23.

Umutwe wa M23 umaze imyaka itatu urwanira mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, uvuga ko urwanira uburenganzira bw’Abanyekongo bavuga ururimi rw’ikinyarwanda.

Tshisekedi muri iyi nama yasabye amahanga gufatira u Rwanda ibihano byihariye, ibyo yise “Sanctions ciblées.”

Ibihano nk’ibi ubusanzwe biba birimo nko gufatira igihugu imitungo irimo iyo mu rwego rw’imari, kubuzwa kugura imbunda no kubuzwa gukorera ingendo mu mahanga kuri bamwe mu bategetsi bo hejuru mu gihugu.

Yanashinje kandi u Rwanda ‘ubushotoranyi rwihishe muri m23.’
Leta ya Kigali ibyo irabihakana, ariko na yo yakomeje gushinja ubutegetsi bwa Kinshasa kuba bukorana n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR ikirego cyagiye kigarukwaho n’inzobere zo muri LONI.

Bwana Tshisekedi yanagaragaje ko intambara ibera mu Burasirazuba bw’iki gihugu cye, yateje amakuba menshi ku baturage, ituma abaturage bagera kuri miliyoni zirindwi bata Ingo zabo bahungira mu bindi bihugu no mu bindi bice by’imbere mu gihugu.

Tshisekedi kandi yagaragaje ko ashyigikiye ibiganiro by’i Luanda, hagati y’u Rwanda na Congo Kinshasa, ariko ko u Rwanda rugomba kuvana ingabo zabwo ku butaka bwa RDC.

Yavuze kandi ko igihugu cye gishaka kugera ku mahoro nyayo, kandi ko byaba byiza mu gihe imitwe y’itwaje imbunda yakwamburwa intwaro bagasubizwa mu buzima busanzwe.

Umwaka ushize w’2023, umugaba w’ingabo za M23, General Sultan Makenga yavuze ko ibyo kwamburwa intwaro bitabareba kandi ko ikibazo cya M23 kigomba gukemuka vuba binyuze mu biganiro bya politiki.

           MCN.
Tags: Byinshi wa menyaIbihanoTshisekediU Rwandayasabiye
Share34Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Hatanzwe icyizere ko intambara ya Israel na Hezbollah yagabanya ubukana.

Hatanzwe icyizere ko intambara ya Israel na Hezbollah yagabanya ubukana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?