• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Tshisekedi uyoboye igice kimwe cya RDC yashinjwe kugirwa inama akayanga.

minebwenews by minebwenews
February 14, 2025
in Regional Politics
0
Bwa mbere Tshisekedi avuze icyo agiye gukora, nyuma y’ifatwa rya Goma.
100
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Tshisekedi uyoboye igice kimwe cya RDC yashinjwe kugirwa inama akayanga.

You might also like

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

Umuhuza mu bibazo by’u Rwanda na Repubulika ya demokorasi ya Congo, perezida wa Angola, João Lourenço, yahishuye ko yagiriye inama mugenzi we wa RDC, Félix Tshisekedi, yo gukemura ibibazo by’intambara biri mu gihugu cye akayanga.

Lourenço yavuze ko mu mpera z’umwaka ushize, hari intambwe yari yatewe ifatika hagati y’u Rwanda na RDC, ngo kuko u Rwanda rwari rwemeye gukuraho ingamba zarwo z’ubwirinzi, RDC nayo yemeye gusenya umutwe wa FDLR.

Avuga ko n’ubundi kwaraho bagomba guhera bagakemura amakimbirane y’intambara ari mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokorasi ya Congo.

Yavuze ko muri iki gihe, umugabane wa Afrika uri mu bihe bigoye by’amakimbirane, atanga urugero ku bibazo by’u Rwanda na RDC ariko ko hari n’andi ari muri Mozambique na Sudani.

Bwana perezida João Lourenço, ugiye kuyobora Afrika yunze Ubumwe, yavuze ko muri manda ye ibi bibazo bigomba kwitabwaho, ariko by’umwihariko ku kibazo cy’u Rwanda na RDC, yavuze ko hagiye gushakwa umuhuza kuko byose bigomba kurebwaho mu nshingano za perezida wa AU.

Ubwo uyu mukuru w’igihugu cya Angola yaganiraga n’igitangazamakuru cya Jeunne Afrique, yagarutse ku kibazo cy’intambara ihanganishije umutwe wa m23 n’ingabo za RDC. Avuga ko kuva yahabwa inshingano z’ubuhuza, amasezerano y’amahoro yaganishaga ku nzira y’ibiganiro ariko ntavuge ku mutwe wa m23 kuko wo warebwaga n’ibiganiro bya Nairobi bigamije gukemura ikibazo cy’imitwe y’itwaje imbunda muri RDC.

Yagize ati: “Ibyo bivuze ko abayobozi ba Congo bari bazi ko hagomba kubaho ibiganiro n’impande zose harimo na m23. Kandi twabigiriyemo inama perezida Félix Tshisekedi dushingiye ku rugero rwacu.”

Yakomeje agira ati: “Nk’uko ubizi, Angola yabayemo intambara. Kugira ngo irangire, byasabye ko habaho ibiganiro n’impande zose. Kabone nubwo hari abateye igihugu cyacu, twaganiriye n’ingabo za Afrika y’Epfo zo ku butegetsi bwa Apartheid, ibiganiro byagejeje ku masezerano ya New York mu 1988 bigizwemo uruhare na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Kuva kandi umutwe wa Unita wo muri Angola nawo wari mu kibazo twaganiriye nawo.”

Perezida João Lourenço yavuze ko Tshisekedi yibukijwe ibi inshuro nyinshi, ariko ntiyabiha agaciro.

Lourenço yasoje avuga ko bigoye gushyira iherezo ry’intambara ihanganishije abantu bo mu gihugu kimwe, ariko ko kugira ngo ubigereho bisaba gukoresha ibiganiro, kandi ko nta yindi nzira itariyo.

Tags: LourencoTshisekedi
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa,...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo z’u Burundi zirutse amasigamana zihunga M23.

Ingabo z'u Burundi zirutse amasigamana zihunga M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?