• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Tshisekedi uyoboye igice kimwe cya RDC yategetswe ibikakaye.

minebwenews by minebwenews
January 31, 2025
in Regional Politics
0
Bwa mbere Tshisekedi avuze icyo agiye gukora, nyuma y’ifatwa rya Goma.
137
SHARES
3.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Tshisekedi uyoboye igice kimwe cya RDC yategetswe ibikakaye.

You might also like

Ibikorwa bya Gisirikare by’Ingabo z’u Burundi muri Kibira Bikomeje Guteza Impungenge mu Karere

Perezida Kagame Yihanangirije Abayobozi Batita ku Nama Bahabwa, Ababwira ko Igihe cyo Kubabaza Kigeze

Minisitiri Nduhungirehe Yaburiye Amahanga ku Byugarije Abatutsi bo muri RDC

Inama y’umuryango wa Afrika y’iburasirazuba, EAC, yasabye perezida Félix Tshisekedi uyoboye igice kinini cya Repubulika ya demokarasi ya Congo mu gihe ikindi kiyobowe n’umutwe witwaje imbunda wa M23 yategetswe kuganira n’uyu mutwe ndetse n’indi yose irebwa n’ikibazo cy’intambara ibera mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Iyi nama ya EAC igira iya 24 yateranye hakoreshejwe ubuhanga bwa video conference, ariko Tshisekedi nyirikibazo akaba atarayitabiriye ku bw’impamvu yatanze mbere, aho yavuze ko afite za gahunda nyinshi.

Abandi bakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Afrika y’iburasirazuba bitabiriye iyi nama bagaragaje ko batewe impungenge n’ibitero biheruka kugabwa kuri za ambasade z’amahanga ziherereye i Kinshasa ku murwa mukuru w’igihugu cya RDC, basaba ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi kwita kuri za ambasade, no kurengera abantu bazikoreramo.

Muri iyi nama kandi abakuru b’ibihugu bayibayemo basabye ko abahanganye muri RDC bareka imirwano, bakayoboka ibiganiro ndetse bagaha inzira abashaka kugeza imfashyanyo ku bantu bazikeneye.

Undi mwanzuro wafatiwe muri iyi nama ugira uti: “Inama yasabye ko habaho gukemura intambara binyuze mu bw’umvikane bwuje amahoro, kandi isaba uruhande rwa Tshisekedi kuvugana n’abantu bose barebwa n’ikibazo harimo na M23 n’indi mitwe yitwaje intwaro yose ifite ibyo isaba.”

Ndetse kandi muri iyi nama banzuye ko hagomba guhura kw’ukuriye umuryango wa Afrika y’iburasirazuba(EAC) n’umuryango wa Afrika y’Amajy’epfo(SADC) bakaganira ku nzira iboneye yo gukemura ikibazo cya RDC.

Iyi nama yanzuye ibi mu gihe umutwe wa M23 n’uruhande rw’ubutegetsi bwa Kinshasa bakomeje kurwana muri Kalehe muri Kivu y’Amajy’epfo.

Amakuru ahari n’uko uyu mutwe umaze no kwigarurira uduce twinshi ndetse ukaba waraye wigaruriye umujyi uri mu nkengero za centre ya Kalehe mu birometero nka 58 uvuye mu mujyi wa Bukavu.

Ni mu gihe kandi Tshisekedi mu ijoro ryo ku wa Gatatu yagejeje ijambo ku Gihugu avuga ko agiye kurwana kandi ko azigarurira umujyi wa Goma uheruka gufatwa n’uyu mutwe wa M23 byanze bikunze.

Tags: M23RdcTshisekedi
Share55Tweet34Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibikorwa bya Gisirikare by’Ingabo z’u Burundi muri Kibira Bikomeje Guteza Impungenge mu Karere

by Bahanda Bruce
March 24, 2026
0
Ibikorwa bya Gisirikare by’Ingabo z’u Burundi muri Kibira Bikomeje Guteza Impungenge mu Karere

Ibikorwa bya Gisirikare by’Ingabo z’u Burundi muri Kibira Bikomeje Guteza Impungenge mu Karere Mu burengerazuba bw’u Burundi, mu ishyamba rinini rya Kibira riherereye muri komine ya Bukinanyana, hamaze...

Read moreDetails

Perezida Kagame Yihanangirije Abayobozi Batita ku Nama Bahabwa, Ababwira ko Igihe cyo Kubabaza Kigeze

by Bahanda Bruce
March 24, 2026
0
Perezida Kagame Yihanangirije Abayobozi Batita ku Nama Bahabwa, Ababwira ko Igihe cyo Kubabaza Kigeze

Perezida Kagame Yihanangirije Abayobozi Batita ku Nama Bahabwa, Ababwira ko Igihe cyo Kubabaza Kigeze Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yongeye kugaragaza ko atazihanganira abayobozi batita ku...

Read moreDetails

Minisitiri Nduhungirehe Yaburiye Amahanga ku Byugarije Abatutsi bo muri RDC

by Bahanda Bruce
March 24, 2026
0
U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

Minisitiri Nduhungirehe Yaburiye Amahanga ku Byugarije Abatutsi bo muri RDC Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yongeye kwibutsa umuryango mpuzamahanga inshingano ufite zo gukumira ibyaha ndengakamere, ashimangira...

Read moreDetails

Abimukira b’Abarundi n’Abanye-Congo bapfiriye mu rugendo rushyira ubuzima bwabo mu kaga

by Bahanda Bruce
March 22, 2026
0
Abimukira b’Abarundi n’Abanye-Congo bapfiriye mu rugendo rushyira ubuzima bwabo mu kaga

Abimukira b’Abarundi n’Abanye-Congo bapfiriye mu rugendo rushyira ubuzima bwabo mu kaga Inkuru iteye agahinda yagaragaye mu karere k’inyanja y’Abahinde, aho abantu bakomoka mu bihugu bya Afurika yo hagati...

Read moreDetails

Imvura Yateje Imyuzure i Nateete i Kampala

by Bahanda Bruce
March 21, 2026
0
Imvura Yateje Imyuzure i Nateete i Kampala

Imvura Yateje Imyuzure i Nateete i Kampala Abatwara ibinyabiziga mu gace ka Nateete, kari muri Diviziyo ya Rubaga mu Mujyi wa Kampala mu gihugu cya Uganda, bahuye n’akazi...

Read moreDetails
Next Post
Trump yagize icyo avuga ku makimbirane y’u Rwanda na RDC.

Trump yagize icyo avuga ku makimbirane y'u Rwanda na RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?