• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Tshisekedi uyoboye igice kimwe cya RDC yategetswe ibikakaye.

minebwenews by minebwenews
January 31, 2025
in Regional Politics
0
Bwa mbere Tshisekedi avuze icyo agiye gukora, nyuma y’ifatwa rya Goma.
137
SHARES
3.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Tshisekedi uyoboye igice kimwe cya RDC yategetswe ibikakaye.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Inama y’umuryango wa Afrika y’iburasirazuba, EAC, yasabye perezida Félix Tshisekedi uyoboye igice kinini cya Repubulika ya demokarasi ya Congo mu gihe ikindi kiyobowe n’umutwe witwaje imbunda wa M23 yategetswe kuganira n’uyu mutwe ndetse n’indi yose irebwa n’ikibazo cy’intambara ibera mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Iyi nama ya EAC igira iya 24 yateranye hakoreshejwe ubuhanga bwa video conference, ariko Tshisekedi nyirikibazo akaba atarayitabiriye ku bw’impamvu yatanze mbere, aho yavuze ko afite za gahunda nyinshi.

Abandi bakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Afrika y’iburasirazuba bitabiriye iyi nama bagaragaje ko batewe impungenge n’ibitero biheruka kugabwa kuri za ambasade z’amahanga ziherereye i Kinshasa ku murwa mukuru w’igihugu cya RDC, basaba ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi kwita kuri za ambasade, no kurengera abantu bazikoreramo.

Muri iyi nama kandi abakuru b’ibihugu bayibayemo basabye ko abahanganye muri RDC bareka imirwano, bakayoboka ibiganiro ndetse bagaha inzira abashaka kugeza imfashyanyo ku bantu bazikeneye.

Undi mwanzuro wafatiwe muri iyi nama ugira uti: “Inama yasabye ko habaho gukemura intambara binyuze mu bw’umvikane bwuje amahoro, kandi isaba uruhande rwa Tshisekedi kuvugana n’abantu bose barebwa n’ikibazo harimo na M23 n’indi mitwe yitwaje intwaro yose ifite ibyo isaba.”

Ndetse kandi muri iyi nama banzuye ko hagomba guhura kw’ukuriye umuryango wa Afrika y’iburasirazuba(EAC) n’umuryango wa Afrika y’Amajy’epfo(SADC) bakaganira ku nzira iboneye yo gukemura ikibazo cya RDC.

Iyi nama yanzuye ibi mu gihe umutwe wa M23 n’uruhande rw’ubutegetsi bwa Kinshasa bakomeje kurwana muri Kalehe muri Kivu y’Amajy’epfo.

Amakuru ahari n’uko uyu mutwe umaze no kwigarurira uduce twinshi ndetse ukaba waraye wigaruriye umujyi uri mu nkengero za centre ya Kalehe mu birometero nka 58 uvuye mu mujyi wa Bukavu.

Ni mu gihe kandi Tshisekedi mu ijoro ryo ku wa Gatatu yagejeje ijambo ku Gihugu avuga ko agiye kurwana kandi ko azigarurira umujyi wa Goma uheruka gufatwa n’uyu mutwe wa M23 byanze bikunze.

Tags: M23RdcTshisekedi
Share55Tweet34Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Trump yagize icyo avuga ku makimbirane y’u Rwanda na RDC.

Trump yagize icyo avuga ku makimbirane y'u Rwanda na RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?