• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, November 3, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Tshisekedi yarahiye ararica avuga ko atazaganira na m23 ariko agaragaza ibyo ashyize imbere.

minebwenews by minebwenews
January 18, 2025
in Regional Politics
0
Tshisekedi yarahiye ararica avuga ko atazaganira na m23 ariko agaragaza ibyo ashyize imbere.
126
SHARES
3.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Tshisekedi yarahiye ararica avuga ko atazaganira na m23 ariko agaragaza ibyo ashyize imbere.

You might also like

Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

U Burundi mu bibangamiye amahoro y’Abanyamulenge n’amasezerano u Rwanda rwasinyanye na RDC-Minisitiri Nduhungirehe

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yongeye kurahira ko atazigera aganira n’umutwe wa m23, maze avuga ko u Rwanda rufasha m23 , bityo ko rugomba gufatirwa ibihano.

Ni mu ijambo yagejeje ku nama y’igitaraganya yitabiriwe n’abahagarariye ibihugu byabo i Kinshasa, ibaye nyuma y’aho ku wa gatatu w’iki Cyumweru perezida Paul Kagame w’u Rwanda yari yahaye ikiganiro abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda, abasobanurira ibibera mu Burasirazuba bwo Congo, ndetse anenga yeruye perezida Félix Tshisekedi ko ari we udashaka ko ibibazo bikemuka mu gihugu cye.

Muri iki kiganiro cya perezida Félix Tshisekedi yatanze none yasaga n’uwihimura ku wabo(perezida w’u Rwanda), aho yasaga n’umurega ku bahagarariye ibihugu byabo i Kinshasa.

Yagize ati: “Congo, ntabwo isaba inkunga, ahubwo isaba ubufatanye bw’ukuri kandi buha amahirwe angana na buri wese, bushingiye ku busugire bwayo, ku butaka bwayo bwose no ku burenzira bw’ibanze. Ubwo bufasha si impuhwe ni inshingano za buri wese mu guharanira amahoro n’umutekano mpuzamahanga.”

Yavuze ko umuryango mpuzamahanga ugomba gushyira mu bikorwa ibyo uvuga, bikaba ibikorwa bifatika kandi bikumira. Ibihano ku Rwanda, ku bayobozi ba politiki na gisirikare bishoye mu byaha, n’inzira yabo y’ubukungu n’ingombwa.

Avuga ko ubushotoranyi bw’u Rwanda buhoraho, kwica ibyemejwe mu myanzuro yafashwe mu biganiro n’inkunga ifatika ruha umutwe wa m23 bisubiza inyuma iyo nzira y’ibiganiro ya Luanda.

Perezida Tshisekedi yavuze kandi ko Leta ye itazaganira n’umutwe wa m23.

Yagize ati: “Kuganira n’umutwe w’iterabwoba wa m23, ni umurongo utukura tutazigera turenga. Kutwumvisha ko ari ingombwa gukora ibiganiro n’umutwe w’iterabwoba wa m23, bisa nko kudusaba kwemeza ko ibikorwa bihonyanga amategeko yacu nibyo dufata nka kirazira, ari ibisanzwe.”

Yashimangiye iri jambo maze agira ati: “Ntituzigera twemera gupfukamira abatwotsa igitutu bo hanze, kugira ngo ntitwange dukunde twemere ibyo badusaba binyuranye ni nyungu zigihugu cyacu, zirimo ubwingenge bwacu.”

Perezida Tshisekedi yasoje avuga ko igihugu cyiwe gifite ishyaka ryo gukomeza amasezerano y’i Luanda, agamije kugarukana amahoro n’umutekano muri iki gihugu, no kumara amakimbirane hagati y’iki gihugu n’icy’u Rwanda, ibihugu byitana ba mwana ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Tags: KinshasaM23RwandaTshisekedi
Share50Tweet32Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice

by Bahanda Bruce
November 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice

Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, yongeye gushinja u Rwanda umugambi wo kwiyomekaho igice cy’uburasirazuba bw’igihugu...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

by Bahanda Bruce
November 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23 Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangaje ko Leta ye igiye gusubukura ibiganiro n'umutwe...

Read moreDetails

U Burundi mu bibangamiye amahoro y’Abanyamulenge n’amasezerano u Rwanda rwasinyanye na RDC-Minisitiri Nduhungirehe

by Bahanda Bruce
November 2, 2025
0
I Burundi hikanzwe coup d’etat bituma Ndayishimiye asubika uruzinduko yagombaga kugira

U Burundi mu bibangamiye amahoro y'Abanyamulenge n'amasezerano y'amahoro u Rwanda rwagiranye na RDC- minisitiri Nduhungirehe Igihugu cy'u Burundi byavuzwe ko kiri mu bibangamiye amasezerano y'amahoro yasinywe hagati y'u...

Read moreDetails

Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu

by Bahanda Bruce
November 1, 2025
0
Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu

Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu Mu gihe imyigaragambyo ikomeje kuzamura ubukana mu gihugu cya Tanzania, abaririmbyi barimo n'icyamamare Diamond Platnumz berekeje iy'ubuhungiro. Iyi myigaragambyo yatangiye...

Read moreDetails

U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

by Bahanda Bruce
October 31, 2025
0
U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy'indege cya Goma U Rwanda rubinyujije kuri minisitiri warwo w'ubanye n'amahanga, Olivier Nduhungurehe, yavuze ko ikibuga cy'indege cya Goma...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo z’u Burundi zanenye Wazalendo ariko zihishyura umwanzi wabo mu Bibogobogo.

Ingabo z'u Burundi zanenye Wazalendo ariko zihishyura umwanzi wabo mu Bibogobogo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?