• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Tshisekedi yatakambiye amadini kumufasha kurwanya m23.

minebwenews by minebwenews
February 12, 2025
in Religion
0
Tshisekedi yatakambiye amadini kumufasha kurwanya m23.
96
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Tshisekedi yatakambiye amadini kumufasha kurwanya m23.

You might also like

Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga

Umuyobozi w’Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry’Imana abugenera abatuye isi yose

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yahamagariye abayobozi b’amadini atandukanye yo muri iki gihugu kwihuriza hamwe bagashaka ingamba zihuriweho zo kugarura umutekano mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Perezida Tshisekedi yatangarije ibi mu muhuro yagiranye n’abahagarariye amadini n’amatorero atandukanye akorera ku butaka bwa RDC ku mugoroba w’ejo hashize tariki ya 11/02/2025.

Bamwe muri aba bayobozi ba madini bitabiriye uyu muhuro barimo uyoboye idini rya Kibanguist n’abayobozi b’umuryango w’abayisilamu muri RDC. Ibi biganiro byari biyobowe n’Abipisikopi gatolika ndetse n’abahagarariye idini ry’Abangilikani byibanze ahanini mu gusaba ko hajyaho ibiganiro byikubagaho bigamije gushakira umuti ikibazo cy’umutekano muke uri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo ndetse n’umujyi wa Goma wamaze gufatwa n’umutwe wa M23.

Arkiyepiskopi Yamapia Evariste usanzwe ari umuyobozi wemewe n’amategeko w’idini rya Revival Church wari uyoboye izi ntumwa yerekanye ko impamvu nyamukuru perezida Félix Tshisekedi yabatumiye ari uko ashaka ko bahuriza hamwe imbaraga zabo mu kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa RDC.

Nk’umwanzuro wafatiwe muri iyi nama, aba bayobozi b’amadini banzuye ko hagiye gutegurwa imyigaragambyo izakorwa mu mahoro n’amasengesho y’iminsi myinshi yihariye agamije gusaba ko hajyaho amahoro mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Ibyo bibaye mu gihe Cardinal Ambongo aheruka gusaba perezida Félix Tshisekedi kwemera kujya mu mishyikirano na M23.

Ambogo yatanze ubu busabe, mu gihe inama iheruka guhuza abakuru b’ibihugu bigize imiryango ya EAC na SADC yasabye leta ya Kinshasa kujya mu mishyikirano n’imitwe ihanganye na yo irimo na M23, mu rwego rwo gukemura amakimbirane bafitanye.

Tags: AmadiniTshisekediYatakambiye
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga

Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga Itorero riherereye i Kigali mu Rwanda rya Foursquare, riyobowe na Bishop Fidel Masengo, ryafashije umuririmbyi uririmba...

Read moreDetails

Umuyobozi w’Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry’Imana abugenera abatuye isi yose

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Umuyobozi w’Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry’Imana abugenera abatuye isi yose

Umuyobozi w'Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry'Imana abugenera abatuye isi yose Ngendahayo Justin, Umuyobozi w'Impunzi mu ikambi z'icyumbikiwemo y'i Nakivale, ha herereye mu majy'Epfo ya Uganda,...

Read moreDetails

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
0
Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n'abitandukanya n'imiryango yabo Evangelist Chantal Nyamazaire, kuri iki cyumweru tariki ya 12/10/2025, mu nyigisho yabwirije, yavuze ku myitwarire igomba kuranga...

Read moreDetails

Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira

by Bahanda Bruce
October 9, 2025
0
Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira

Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira Dr Lazare Sebitereko Rukundwa, umuyobozi mukuru w'ishuri rya kaminuza rya UEMI rifite icyicaro gikuru mu Minembwe, ahazwi nk'umurwa mukuru w'i Mulenge...

Read moreDetails

Urusika rwari hagati ya 8ème CEPAC na 37ème CADEC rwakuweho-ubuhamya

by Bahanda Bruce
October 7, 2025
0
CEPAC na CADEC nyuma y’igihe kirere bapingana, bahuye basabana imbabazi, inkuru irambuye

Urusika rwari hagati ya 8ème CEPAC na 37ème CADEC rwakuweho-ubuhamya Amatorero abiri yapinganaga kuva mu myaka 40 ishyize, 8ème CEPAC na 37ème CADEC, yasabanye imbabazi mu Minembwe arababarirana,...

Read moreDetails
Next Post
Iby’abasirikare ba FARDC bahunze urugamba muri Kivu y’Epfo.

Ibivugwa ku ngabo za FARDC zavuye mu Minkenke.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?