• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, December 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Twagarutse kuri Operasiyo yahitanye Ingabo z’u Burundi ninshi, zatozaga FDLR na FNL, ariko ibera iki gisirikare amayobera kugeza n’ubu.

minebwenews by minebwenews
June 5, 2024
in Regional Politics
0
Twagarutse kuri Operasiyo yahitanye Ingabo z’u Burundi ninshi, zatozaga FDLR na FNL, ariko ibera iki gisirikare amayobera kugeza n’ubu.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Twagarutse kuri Operasiyo yahitanye Ingabo z’u Burundi ninshi, zatozaga FDLR na FNL, ariko ibera iki gisirikare amayobera kugeza n’ubu.

You might also like

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

Iyi ni operasiyo yakozwe mu ijoro ryo ku itariki ya 16/11/2019, ikorerwa mu bice biherereye muri Komine ya Mabayi, mu Ntara ya Cibitoki, ho mu gihugu cy’u Burundi, nk’uko tubikesha urubuga rwa Dash.

Uru rubuga mu kubitangaza rwa vuze ko Inyeshamba za FNL na FDLR ko zatorezwaga mu bice by’i Mabayi, zitozwa n’Ingabo z’u Burundi, kugira ngo iz’i nyeshamba zizatere igihugu cy’u Rwanda zibanje gufata ishyamba rya Nyungwe.

Rwa komeje rutangaza ko izo nyeshamba zari zirinzwe mu buryo bwigitangaza, kuko ngo zari zirinzwe n’abasirikare bo muri batayo y’iki gihugu cy’u Burundi ya special force.

Uru rubuga rwanavuze ko mu ijoro ryo ku itariki ya 16/11/2019, ahagana mu masaha y’igicyuku cyiryo joro, izi nyeshamba za FDLR na FLN hamwe n’Ingabo z’u Burundi zabatozaga ndetse zikanabarinda, zagabweho igitero n’abarwanyi kugeza uyu munsi bataramenyekana abaribo maze ngo zirabatikisa.

Ay’amakuru yatanzwe n’uru rubuga akomeza avuga ko abagabye icyo gitero ko binjiye mu gihugu cy’u Burundi, banyuze mu Cibitoki, babona gukomereza mu bice byo muri Komine Mabayi bagana mu gice cy’i Burasirazuba bwayo, bageze ku gasozi bita Twinyoni, ahakorerwaga iyo myitozo babasukaho urufaya rwa masasu.

Nk’uko byasobanuwe n’uko iyo batayo y’iki gisirikare cy’u Burundi n’izo nyeshamba zatozwaga, baburiwe irengero bose, usibye ko ngo haje kuboneka abasirikare umunani nabo bari bakomeretse bikabije.

Kugeza ubu leta y’u Burundi ibi yabigize ibanga rikomeye, kugira ngo badaca igikuba mu baturage. Inzego z’u butasi bw’Igisirikare cy’u Burundi ngo zakomeje gushaka irengero ryabo basirikare babo, ariko ngo biba ibyubusa.

              MCN.
Tags: AmayoberaFDLRFLNIngabo z'u BurundiOperasiyo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails

Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

Cibitoke: Inama y'Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo Amakuru aturuka mu ntara ya Cibitoke mu Burundi aravuga ko Musitanteri w’iyi ntara, Najeneza...

Read moreDetails

AFC/M23 Yatwitse Imbunda Nini y’Ingabo z’u Burundi Yarimo Irasa mu Kibaya cya Rusizi

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
AFC/M23 Yatwitse Imbunda Nini y’Ingabo z’u Burundi Yarimo Irasa mu Kibaya cya Rusizi

AFC/M23 Yatwitse Imbunda Nini y’Ingabo z’u Burundi Yarimo Irasa mu Kibaya cya Rusizi Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatwitse imbunda nini y’Ingabo z’u Burundi (FDNB), ya koreshwa...

Read moreDetails

Umusirikare Ukomeye w’u Burundi Yiciwe mu Mirwano i Luvungi

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Amasasu yavugiye mu isoko rya Rubanga yateje igihombo gikomeye ku bacuruzi

Umusirikare Ukomeye w’u Burundi Yiciwe mu Mirwano i Luvungi Amakuru aturuka mu kibaya cya Rusizi, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yemeza ko Lieutenant-Colonel Athanase Minani, umwe mu...

Read moreDetails
Next Post
Mpuruyaha y’amakuru arambuye, ku mirwano ikaze y’ugarije umujyi muto wa Kanyabayonga, wo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Imirwano yongeye gukara mu nkengero za centre ya Kanyaboyonga, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?