Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Twagarutse kuri Operasiyo yahitanye Ingabo z’u Burundi ninshi, zatozaga FDLR na FNL, ariko ibera iki gisirikare amayobera kugeza n’ubu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 5, 2024
in Regional Politics
0
Twagarutse kuri Operasiyo yahitanye Ingabo z’u Burundi ninshi, zatozaga FDLR na FNL, ariko ibera iki gisirikare amayobera kugeza n’ubu.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Twagarutse kuri Operasiyo yahitanye Ingabo z’u Burundi ninshi, zatozaga FDLR na FNL, ariko ibera iki gisirikare amayobera kugeza n’ubu.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Iyi ni operasiyo yakozwe mu ijoro ryo ku itariki ya 16/11/2019, ikorerwa mu bice biherereye muri Komine ya Mabayi, mu Ntara ya Cibitoki, ho mu gihugu cy’u Burundi, nk’uko tubikesha urubuga rwa Dash.

Uru rubuga mu kubitangaza rwa vuze ko Inyeshamba za FNL na FDLR ko zatorezwaga mu bice by’i Mabayi, zitozwa n’Ingabo z’u Burundi, kugira ngo iz’i nyeshamba zizatere igihugu cy’u Rwanda zibanje gufata ishyamba rya Nyungwe.

Rwa komeje rutangaza ko izo nyeshamba zari zirinzwe mu buryo bwigitangaza, kuko ngo zari zirinzwe n’abasirikare bo muri batayo y’iki gihugu cy’u Burundi ya special force.

Uru rubuga rwanavuze ko mu ijoro ryo ku itariki ya 16/11/2019, ahagana mu masaha y’igicyuku cyiryo joro, izi nyeshamba za FDLR na FLN hamwe n’Ingabo z’u Burundi zabatozaga ndetse zikanabarinda, zagabweho igitero n’abarwanyi kugeza uyu munsi bataramenyekana abaribo maze ngo zirabatikisa.

Ay’amakuru yatanzwe n’uru rubuga akomeza avuga ko abagabye icyo gitero ko binjiye mu gihugu cy’u Burundi, banyuze mu Cibitoki, babona gukomereza mu bice byo muri Komine Mabayi bagana mu gice cy’i Burasirazuba bwayo, bageze ku gasozi bita Twinyoni, ahakorerwaga iyo myitozo babasukaho urufaya rwa masasu.

Nk’uko byasobanuwe n’uko iyo batayo y’iki gisirikare cy’u Burundi n’izo nyeshamba zatozwaga, baburiwe irengero bose, usibye ko ngo haje kuboneka abasirikare umunani nabo bari bakomeretse bikabije.

Kugeza ubu leta y’u Burundi ibi yabigize ibanga rikomeye, kugira ngo badaca igikuba mu baturage. Inzego z’u butasi bw’Igisirikare cy’u Burundi ngo zakomeje gushaka irengero ryabo basirikare babo, ariko ngo biba ibyubusa.

              MCN.
Tags: AmayoberaFDLRFLNIngabo z'u BurundiOperasiyo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Mpuruyaha y’amakuru arambuye, ku mirwano ikaze y’ugarije umujyi muto wa Kanyabayonga, wo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Imirwano yongeye gukara mu nkengero za centre ya Kanyaboyonga, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?