• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubuyobozi bwa Twirwaneho bwagize icyo bwihanangiza Abanyamulenge n’inshuti zabo, ku byo kwibuka Gen. Rukunda.

minebwenews by minebwenews
March 8, 2025
in Regional Politics
0
Ubuyobozi bwa Twirwaneho bwagize icyo bwihanangiza Abanyamulenge n’inshuti zabo, ku byo kwibuka Gen. Rukunda.
161
SHARES
4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuyobozi bwa Twirwaneho bwagize icyo bwihanangiza Abanyamulenge n’inshuti zabo, ku byo kwibuka Gen. Rukunda.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Umutwe wa Twirwaneho urwanirira ukubaho kw’Abanye-Kongo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge bakandamijwe n’ubutegetsi bw’i Kinshasa, kudapfa kwibuka General Rukunda Michel uzwi cyane nka Makanika, ko ahubwo bigomba gukorwa mu nzira nziza aho bashaka ku mwibuka bakabitegurana n’umuryango we bwite ndetse n’ubuyobozi bwa Gakondo bukaba bubizi.

Ni bikubiye mu itangazo uyu mutwe wa Twirwaneho washize ahagaragara kuri uyu wa gatanu tariki ya 07/03/2025.

Itangazo rya Twirwaneho rifite insanganyamatsiko igira iti: “Itangazo ryo kumenyesha.”

Nk’uko bigaragara, iri tangazo riteweho umukono n’umuhuza bikorwa wa Twirwaneho, Ndakize Welcome Kamasa, rikaba ritangira rigira riti: “Ubuyobozi bwa MRDP-TWIRWANEHO, bukomeje kwihanganisha Abanyamulenge bose kubyago ubwoko bwacu bumazemo imyaka irindwi bukorerwa jenocide kuva 2017 kugeza ubu.”

Jenocide iri gukorerwa Abanyamulenge muri Kivu y’Amajyepfo, bavuga ko abayirinyuma ari ubutegetsi bw’i Kinshasa ndetse kandi n’ubutegetsi bw’u Burundi bukaba buteza Kinshasa umurindi, ariko nyamara amahanga yakomeje kuvunira ibiti mu matwi, kuko yakomeje kurebera ibiba ku Banyamulenge ntagire icyo abikoraho.

Twirwaneho, muri iryo tangazo, igaragaza ko ubumwe bw’Abanyamulenge kwa r’izo mbaraga zabo, bityo bashikame kandi barwanirire hamwe nibwo bazatsinda.

Iri tangazo rikomeza rivuga ko “inshuti n’abavandimwe ba Banyamulenge bategura kwibuka General Rukunda Michel Makanika, watabarutse ku ya 19/02/2025, bagomba kubitegurana n’umuryango we bwite, kandi bakabitegurana n’ubuyobozi bwo muri Gakondo iri hanze ya Congo ( diasipora).”

Ivuga kandi ko n’abategura kwibuka izindi ntwari zatabarukanye hamwe na Makanika, abashaka kuzibuka bagomba kuba babiteguranye n’imiryango ziriya ntwari zivukamo, kandi ko ubuyobozi bwa Gakondo bugomba kuba bubizi.

Twirwaneho kandi, yasabye abasanzwe barivanye muri za Mutualite n’abazwi ko barwanya Twirwaneho iyo Gen.Makanika yarayoboye, guhita bahagarika ibikorwa byo kumwibuka, no kwirinda gukoresha izina ry’iyi ntwari mu bikorwa by’inyungu zabo bwite, ngo kuko bikomeretsa imitima y’ubwoko, kandi ngo bigaragaza kudaha agaciro k’umuryango mugari yarahagarariye.

Iri tangazo rya Twirwaneho, ryasoje risaba ko “mu gihe cyo kwibuka General Rukunda Michel, hagombwa kuzirikana ubutwari bwe, umurage yabasigiye no guharanira kuzagera ku ntego yari yariyemeje yo kurwanirira Abanyamulenge mupaka bakazagera ku Mahoro arambye mu gihugu cyabo cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Tags: GakondoMakanikaTwirwanehoYihanangirije
Share64Tweet40Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo Amerika ivuga ku ntambara ibera mu Burasizuba bwa RDC.

Ibyo Amerika ivuga ku ntambara ibera mu Burasizuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?