• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Twirwaneho yirwanyeho, irasa FARDC, maze ishwiragira mu Bisambu.

minebwenews by minebwenews
December 26, 2024
in Regional Politics
0
Twirwaneho yirwanyeho, irasa FARDC, maze  ishwiragira mu Bisambu.
114
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Twirwaneho yirwanyeho , irasa FARDC, maze ishwiragira mu Bisambu.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Amakuru ava mu Minembwe arahamya ko ingabo za Leta ya Kinshasa zari zagabye igitero kuri Evomi mu baturage, Twirwaneho yazirwanyije zihunga zerekeza kuri brigade muri centre ya Minembwe.

Urukerera rwo muri iki gitondo cyo kuri uyu wa kane, tariki ya 26/12/2024 ni bwo ingabo za leta ziyobowe na Col.Jean Pierre Lwamba zagabye igitero kuri Evomi ho ku Runundu.

Nyuma y’uko FARDC igabye iki gitero kuri Evomi, Twirwaneho yatabaye abaturage maze ikubita inshuro iz’i ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zihunga kubi.

Minembwe.com yamaze kumenya neza ko iz’i ngabo zahunze ziva kuri Evomi no mu i Rango rya Runundu hejuru aho zari zashyinze ibibunda bikaze.

Nk’uko iyi nk’uru ikomeza ibisobanura iri Rango ryarimo rifasha FARDC kurasa mu baturage, kuko ryitegeye uduce twose two ku Runundu na Kabingo.

Ariko aka kanya, Twirwaneho yamaze gufata agace ka Evomi kose n’i Rango rya Runundu.

Umwe mu baturage bari ku rwanira kuri Evomi yabwiye Minembwe.com ati: “Twabakubise. Aka kanya tuvugana, FARDC kiriruka ihunga, imwe yanyuze mu Barama, Indi ku Runundu rwa Mutanoga, indi yanyuze mu dusambu. Bari guhunga berekeza muri centre ya Minembwe.”

Aya makuru anavuga kandi ko abenshi muri iz’i ngabo za RDC bahunze bava kuri Evomi bamanutse bitse ku Runundu kwa Bachoba bakomeje kugana kuri brigade.

Hagati aho i Lundu ho n’ahandi mu tundi duce, haracyatuje, nubwo Twirwaneho igishamiranye n’izi ngabo za Leta zireba aka gace.

Tags: FardcIshwiragiraMinembweMu bisambu
Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ibya operasiyo idasanzwe, yo kwirwanaho mu Minembwe.

Ibya operasiyo idasanzwe, yo kwirwanaho mu Minembwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?