• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibya operasiyo idasanzwe, yo kwirwanaho mu Minembwe.

minebwenews by minebwenews
December 26, 2024
in Regional Politics
0
Ibya operasiyo idasanzwe, yo kwirwanaho mu Minembwe.
194
SHARES
4.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibya operasiyo idasanzwe, yo kwirwanaho mu Minembwe.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Abaturage ba Banyamulenge bo mu misozi miremire y’Imulenge, ingabo za Leta ya Kinshasa zabagabyeho ibitero simusiga mu duce dutandukanye two muri Komine ya Minembwe mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, maze birwanaho bakoresheje amayeri.

Ni bitero bikomeye bagabweho kuva ku munsi w’ejo hashize, babigabwaho n’abasirikare ba FARDC bo muri brigade ya 21, ifite icyicaro gikuru muri centre ya Minembwe.

Mu kugaba ibi bitero, iz’i ngabo za leta zakoresheje imbunda ziremereye, aho zarimo zibarasira mu mazu no mu nzira babaga barigucyamo bahunga.

Abanyamulenge bagabwagaho ibyo bitero n’ab’i Lundu, Runundu kuri Evomi na Lwiko.

Icyakurikiyeho, Twirwaneho iyobowe na Colonel Rukunda Michele wa mamaye ku izina rya Makanika, yatabaye abaturage maze ikorera operasiyo idasanzwe ingabo za RDC zari zagabye ibyo bitero mu Banyamulenge, nk’uko amasoko yacu atundukanye dukesha iy’inkuru abivuga.

Aya masoko yacu avuga ko “urugamba rw’ejo hashize, tariki ya 25/12/2024, rw’irije umunsi wose, kandi impande zombi ntarwirukanye urundi mu gace rurwaniramo. Haba i Lundu umwijima warinze ufata hari ihangna rikaze, no kuri Evomi n’uko, usibye kuri Lwiko kuko ni ho FARDC yateye abaturage ihita isubira inyuma rugikubita.

Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa kane itariki ya 26/12/2024, kuri Evomi imirwano ikaze yatangiye igihe c’isaha ya saa kumi nimwe.

Ni mu gihe ariko FARDC, ahagana isaha ya saa munani z’iki gitondo, yabanje gutera Twirwaneho aha kuri Evomi irahunga. Bigeze igihe cy’umuseke utambitse, Twirwaneho yaje kongera kwirwanaho, ikoresheje ubuhanga, maze irasa FARDC iyirukana mu i Rango rya Runundu hejuru aho yari yashyinze ibibunda bikaze, ndetse iza no gufata aka gace kose ka Evomi.

Aya makuru ahamya ko iyo ntambara ko itari yoroshye namba! Kuko ingabo za FARDC zayitakarije abasirikare benshi ba barirwa mu mirongo, icyongeyeho bayamburwamo n’ibikoresho bya gisirikare birimo n’imbunda zikomeye.

Ubuhamya twahawe n’umuntu wo muri Twirwaneho, bugira buti: “Aha kuri Evomi twafashe imbunda zitatu zinini, naho mwen’izi za AK-47 n’ishyano ryose.”

Ahandi kandi Twirwaneho yarwanye urugamba rukomeye ni ku murambi w’i Gisoki, kuko ingabo za Leta zarimo zirwana zisatira gufata akarango kitirirwa uwo muhana, maze Twirwaneho izi kubita ahababaza zihunga zerekeza kuri brigade, izindi zikomeza zigana kuri Ugeafi.

Ni mu gihe kandi n’intambara yabereye hafi na Ugeafi itigeze yorohera ingabo za RDC, kukoho zanaguye mu mutego, maze zipfira gushyira, nk’uko iy’inkuru ikomeza ibivuga.

Hagati aho, uduce twose FARDC yatsindiwemo urugamba rwa none, yahungaga yerekeza mu Minembwe centre, ahari icyicaro gikuru cya Brigade.

Kimwecyo, hari andi makuru avuga ko FARDC yahamagaye Maï-Maï kugira ngo iyihe umusaada.

Ndetse aya makuru avuga ko aba barwanyi ba Maï-Maï ko baje baturutse kwa Mulima, bikavugwa ko bamaze kurenga mu bice biri mu nkengero za Minembwe.

Nanone kandi, indi Maï-Maï yaturutse i Lulenge izamuka ibice byo mu Marango ya Minembwe.

Ngayo nguko, uko byifashe mu ntambara, abaturage bagabweho mu Minembwe.

Tags: FardckwirwanahoMinembweOperasiyo
Share78Tweet49Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
FARDC mu mirwano ihanganyemo na M23, yiyambaje Sukhoï-25 biranga biba ibyubusa, muri Kivu Yaruguru.

FARDC mu mirwano ihanganyemo na M23, yiyambaje Sukhoï-25 biranga biba ibyubusa, muri Kivu Yaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?