• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Bubiligi bwagaragaje uko bwifashe nyuma y’uko umuturage wayo yahawe igihano cy’urupfu muri RDC.

minebwenews by minebwenews
September 15, 2024
in Regional Politics
0
U Bubiligi bwagaragaje uko bwifashe nyuma y’uko umuturage wayo yahawe igihano cy’urupfu muri RDC.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Bubiligi bwagaragaje uko bwifashe nyuma y’uko umuturage wayo yahawe igihano cy’urupfu muri RDC.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Leta y’u Bubiligi ihangayikishijwe n’umuturage wayo, Jean-Jaques Wando, wakatiwe igihano cy’urupfu n’urukiko rwa gisirikare muri RDC.

Wando yari asanzwe ari inzobere mu gisirikare. Bivugwa ko yagiye i Kinshasa ubwo yagirwaga umujyanama wihariye mu rwego rwa ANR rushinzwe iperereza muri iki gihugu.

Yafashwe n’abasirikare bakorera urwego rw’ubutasi, tariki ya 22/05/2024, ashinjwa gukorana na Christian Malanga wayoboye igitero cyashaka guhirika ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Tariki ya 03/09/2024, Wando yasabye urukiko kumugira umwere, aho yagize ati: “Nkomeje kuvuga ndanguruye, imbere y’Imana n’abantu n’urukiko ko ntigeze ngira uruhare muri ibi bikorwa biciriritse. Nizeye ko muzavuga ikintu kizima cyo kungira umwere.”

Uyu mugabo w’Umubiligi ari mu bantu 37 bakatiwe igihano cy’urupfu, tariki ya 13/09/2024, bazira kugerageza gukubita ku deta ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi. Mu byaha bahamijwe birimo iterabwaba, gutera inkunga iterabwaba n’ubwicanyi.

Umuvugizi wa minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Bubiligi, David Jordens, yatangaje ko guverinema y’igihugu cye ihangayikishijwe, kandi ko yamaganye kenshi igihano cy’urupfu Leta ya Kinshasa yasubijeho.

Yagize ati: “U Bubiligi bufata iki kibazo nk’igikomeye cyane kandi bwamaganye kenshi igarurwa ry’igihano cy’urupfu muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, haba mu ruhame no mu biganiro byabaye hagati y’impande zombi.”

Mu bandi banyamahanga bakatiwe iki gihano harimo Abanyamerika batatu, Umwongereza n’Umunyakanada. Mu gihe uru rubanza rwari rurimo, ibihugu byabo byavuze ko biri kurukuranira hafi.

            MCN.
Tags: Igihano cy'urupfuJean Jacques WandoYakatiwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Charles Onana wigezeho gushimwa n’abayobozi bo muri RDC agiye kuburanishwa, menya byinshi kuri we.

Charles Onana wigezeho gushimwa n'abayobozi bo muri RDC agiye kuburanishwa, menya byinshi kuri we.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?