• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Bubiligi bwagaragaje uko bwifashe nyuma y’uko umuturage wayo yahawe igihano cy’urupfu muri RDC.

minebwenews by minebwenews
September 15, 2024
in Regional Politics
0
U Bubiligi bwagaragaje uko bwifashe nyuma y’uko umuturage wayo yahawe igihano cy’urupfu muri RDC.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Bubiligi bwagaragaje uko bwifashe nyuma y’uko umuturage wayo yahawe igihano cy’urupfu muri RDC.

You might also like

Impaka zikomeye ku bivugwa hagati y’u Rwanda na RDC i Washington DC

Ibikorwa bya Gisirikare by’Ingabo z’u Burundi muri Kibira Bikomeje Guteza Impungenge mu Karere

Perezida Kagame Yihanangirije Abayobozi Batita ku Nama Bahabwa, Ababwira ko Igihe cyo Kubabaza Kigeze

Leta y’u Bubiligi ihangayikishijwe n’umuturage wayo, Jean-Jaques Wando, wakatiwe igihano cy’urupfu n’urukiko rwa gisirikare muri RDC.

Wando yari asanzwe ari inzobere mu gisirikare. Bivugwa ko yagiye i Kinshasa ubwo yagirwaga umujyanama wihariye mu rwego rwa ANR rushinzwe iperereza muri iki gihugu.

Yafashwe n’abasirikare bakorera urwego rw’ubutasi, tariki ya 22/05/2024, ashinjwa gukorana na Christian Malanga wayoboye igitero cyashaka guhirika ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Tariki ya 03/09/2024, Wando yasabye urukiko kumugira umwere, aho yagize ati: “Nkomeje kuvuga ndanguruye, imbere y’Imana n’abantu n’urukiko ko ntigeze ngira uruhare muri ibi bikorwa biciriritse. Nizeye ko muzavuga ikintu kizima cyo kungira umwere.”

Uyu mugabo w’Umubiligi ari mu bantu 37 bakatiwe igihano cy’urupfu, tariki ya 13/09/2024, bazira kugerageza gukubita ku deta ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi. Mu byaha bahamijwe birimo iterabwaba, gutera inkunga iterabwaba n’ubwicanyi.

Umuvugizi wa minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Bubiligi, David Jordens, yatangaje ko guverinema y’igihugu cye ihangayikishijwe, kandi ko yamaganye kenshi igihano cy’urupfu Leta ya Kinshasa yasubijeho.

Yagize ati: “U Bubiligi bufata iki kibazo nk’igikomeye cyane kandi bwamaganye kenshi igarurwa ry’igihano cy’urupfu muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, haba mu ruhame no mu biganiro byabaye hagati y’impande zombi.”

Mu bandi banyamahanga bakatiwe iki gihano harimo Abanyamerika batatu, Umwongereza n’Umunyakanada. Mu gihe uru rubanza rwari rurimo, ibihugu byabo byavuze ko biri kurukuranira hafi.

            MCN.
Tags: Igihano cy'urupfuJean Jacques WandoYakatiwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Impaka zikomeye ku bivugwa hagati y’u Rwanda na RDC i Washington DC

by Bahanda Bruce
March 25, 2026
0
Impaka zikomeye ku bivugwa hagati y’u Rwanda na RDC i Washington DC

Impaka zikomeye ku bivugwa hagati y’u Rwanda na RDC i Washington DC Havuzwe inkuru yateje impaka ku mbuga nkoranyambaga no mu itangazamakuru mpuzamahanga, ivuga ku gikorwa cyabereye muri...

Read moreDetails

Ibikorwa bya Gisirikare by’Ingabo z’u Burundi muri Kibira Bikomeje Guteza Impungenge mu Karere

by Bahanda Bruce
March 24, 2026
0
Ibikorwa bya Gisirikare by’Ingabo z’u Burundi muri Kibira Bikomeje Guteza Impungenge mu Karere

Ibikorwa bya Gisirikare by’Ingabo z’u Burundi muri Kibira Bikomeje Guteza Impungenge mu Karere Mu burengerazuba bw’u Burundi, mu ishyamba rinini rya Kibira riherereye muri komine ya Bukinanyana, hamaze...

Read moreDetails

Perezida Kagame Yihanangirije Abayobozi Batita ku Nama Bahabwa, Ababwira ko Igihe cyo Kubabaza Kigeze

by Bahanda Bruce
March 24, 2026
0
Perezida Kagame Yihanangirije Abayobozi Batita ku Nama Bahabwa, Ababwira ko Igihe cyo Kubabaza Kigeze

Perezida Kagame Yihanangirije Abayobozi Batita ku Nama Bahabwa, Ababwira ko Igihe cyo Kubabaza Kigeze Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yongeye kugaragaza ko atazihanganira abayobozi batita ku...

Read moreDetails

Minisitiri Nduhungirehe Yaburiye Amahanga ku Byugarije Abatutsi bo muri RDC

by Bahanda Bruce
March 24, 2026
0
U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

Minisitiri Nduhungirehe Yaburiye Amahanga ku Byugarije Abatutsi bo muri RDC Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yongeye kwibutsa umuryango mpuzamahanga inshingano ufite zo gukumira ibyaha ndengakamere, ashimangira...

Read moreDetails

Abimukira b’Abarundi n’Abanye-Congo bapfiriye mu rugendo rushyira ubuzima bwabo mu kaga

by Bahanda Bruce
March 22, 2026
0
Abimukira b’Abarundi n’Abanye-Congo bapfiriye mu rugendo rushyira ubuzima bwabo mu kaga

Abimukira b’Abarundi n’Abanye-Congo bapfiriye mu rugendo rushyira ubuzima bwabo mu kaga Inkuru iteye agahinda yagaragaye mu karere k’inyanja y’Abahinde, aho abantu bakomoka mu bihugu bya Afurika yo hagati...

Read moreDetails
Next Post
Charles Onana wigezeho gushimwa n’abayobozi bo muri RDC agiye kuburanishwa, menya byinshi kuri we.

Charles Onana wigezeho gushimwa n'abayobozi bo muri RDC agiye kuburanishwa, menya byinshi kuri we.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?