• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, December 2, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

U Buhinde mu mugambi wo gutera Pakistan.

minebwenews by minebwenews
May 2, 2025
in World News
0
U Buhinde mu mugambi wo gutera Pakistan.
68
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Buhinde mu mugambi wo gutera Pakistan.

You might also like

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

Abategetsi bo muri Pakistan batangaje ko bafite amakuru ahagije ko u Buhinde bwiteguye kugaba igitero cya gisirikare mu gihugu cyabo.

Byatangajwe na minisitiri w’itangazamakuru wa Pakistan, ubwo yavuganaga ko afite amakuru yizewe ko u Buhinde buri kwitegura kugaba igitero cya gisirikare kuri Pakistan mu gihe cya vuba.

Ni nyuma yuko ku wa kabiri w’icyumweru gishize minisitiri w’u Buhinde, Narendra Modi, yemereye ingabo z’igihugu cye gusubiza igitero, cyishe abantu cyagabwe muri Kashimir itavugwaho rumwe mu buryo ubwo ari bwo bwose babona bukwiye.

Ba mukerarugendo 26 b’Abahinde barashwe n’abagabye igitero mu gitero cyagabwe hafi y’umujyi w’u musozi wa Pahalgam muri Kashimir m’u Buhinde.

Uyu minisitiri w’itangazamakuru, Attaullah Tarar, yatangaje ko New Delhi ishaka gukoresha icyo gitero cyo mu cyumweru gishize cyibasiye abasivili nk’urwitwazo kugira ngo ikore ibindi bikorwa bya gisirikare.

Attaullah Tarar akoresheje urubuga rwa x yagize ati: “Pakistan ifite amakuru yizewe ko u Buhinde buteganya kugaba igitero cya gisirikare kuri Pakistan mu masaha make ari imbere bitwaje ibirego bidafite ishingiro kandi byahimbwe ko yagize uruhare mu byabaye i Pahalgam.”

Avuga ko Islamabad yiteguye gufatanya mu iperereza ryizewe, mu mucyo kandi ryigenga ryakorwa na komisiyo idafite aho ibogamiye ku gitero cya Pahalgam.

Yongeyeho ati: “Pakistan irongera gushimangira ko igikorwa nk’icyo cya gisirikare icyo ari cyo cyose cy’u Buhinde kizasubizwa byanze bikunze.”

Ku ruhande rw’u Buhinde, minisitiri Modi yabwiye abayobozi b’ingabo ko “yabonanye na minisitiri w’ingabo, Rajnath Singh, umujyanama we mu by’u mutekano ndetse n’abajenerali bakuru mu rugo rwe bwite, nk’uko amakuru ava mu nzego za Leta atangazwa na Reuters ndetse na AFP.

Bikavugwa ko Modi yahaye uburenganzira ingabo ze bwo guhitamo icyo gukora mu gusubiza icyo gitero cy’iterabwoba.

U Buhinde bukaba buhamya ko igitero cya Pahalgam cyakozwe na Pakistan, ndetse kandi ko itera inkunga abarwanyi ba kiyisilamu muri Kashimir basanzwe bashinjwa guhungabanya umutekano w’igihugu cy’u Buhinde.

Tags: IgiteroPakistanU Buhinde
Share27Tweet17Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe - Perezida Museveni Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Guverinoma ye iri mu cyiciro cya nyuma...

Read moreDetails

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya Amakuru aturuka mu Murwa Mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, aravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye isoko rinini rya...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

by Bahanda Bruce
November 18, 2025
0
Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yarokotse impanuka ikomeye mu ruzinduko yari yagiriye ku kirombe cya zahabu giherereye mu Ntara ya Bujumbura...

Read moreDetails

Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi Netanyahu

by Bahanda Bruce
November 12, 2025
0
Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi  Netanyahu

Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi Netanyahu Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald J. Trump, yandikiye Perezida wa Israel, Isaac Herzog, amwibutsa ko yagombye...

Read moreDetails

Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo

by Bahanda Bruce
November 11, 2025
0
Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo

Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo Ku wa 11/11/ 1918, ku isaha ya saa tanu z’amanywa (11:00), isi yose yahagaritse umutima ubwo...

Read moreDetails
Next Post
Abasirikare ba SADC batangiye kuva muri RDC.

SADC yavuze icyo iri gukora nyuma y'aho bivuzwe ko yisubiyeho ku gucyura ingabo zayo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?