Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

U Burundi bwavuze ku bivugwa ko rukorana na FDLR.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 5, 2025
in World News
0
U Burundi bwavuze ku bivugwa ko rukorana na FDLR.
98
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Burundi bwavuze ku bivugwa ko rukorana na FDLR.

You might also like

Intambara hagati ya Cambondia na Thailand ikomeje kubica bigacika.

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Ni mu butumwa bwatanzwe n’umunyamabanga mukuru w’ishyaka riri kubutegetsi mu Burundi(CND FDD), Reverien Ndikuriyo, aho yavuze ko kuba Leta ye yaba ikorana n’umutwe wa FDLR bitareba u Rwanda, ngo kuko nta burenganzira rufite bwo kwivanga mu bibazo bya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ibi bwana Reverien yabitangaje ku wa gatanu tariki ya 03/01/2025, ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru, kikaba cyarabereye mu ntara ya Makamba.

U Rwanda rumaze igihe rugaragaza ko ingabo z’u Burundi n’iza Congo zifatanya n’umutwe wa FDLR urimo abasize bakoze jenoside mu Rwanda ku rwanya M23 mu Burasirazuba bwa RDC.

Ibi u Rwanda rukagaragaza ko ubwo bufatanye bwa FDLR, Ingabo z’u Burundi n’iza RDC ari ikibazo ku mutekano warwo.

Ndetse kandi bikaba binajanye no kuba perezida Félix Tshisekedi na mugenzi we w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye bareruye bavuga ko bazatera u Rwanda maze ngo bahirike ubutegetsi bwa perezida Paul Kagame.

Reverien Ndikuriyo muri icyo kiganiro, Abanyamakuru bamusabye kugira icyo avuga hejuru y’ibyo u Burundi bushinjwa ku gukorana byahafi n’umutwe wa FDLR.

Maze agira ati: “U Rwanda nta burenganzira rufite bwo kwivanga mu bibera muri RDC. None u Rwanda ibya Congo rubijyamo gute? Congo n’u Burundi dufite umubano wo gufashanya mu byagisirikare, none u Rwanda rubijyamo rute? Kandi hashize imyaka irenga 30 u Rwanda rujya muri RDC gushaka uwo mutwe bashinja gukora jenoside yakorewe Abatutsi, niba batarayimaze, ni nkako kajagari nyine baba bateza.”

Yakomeje agira ati: “Biriya n’ibintu bitwaza. Ukomeza wiriza, nta kwiriza! Kubera rero Abarundi bafite umubano mwiza n’Abanye-kongo, bari gufashanya. None umuntu ntafasha undi? None birababaje? Wabababara kubera, ibyo hakurya babishinzweho iki? Cyangwa bariyo?”

Reverien Ndikuriyo yavuze ko mbere ya 2015 u Burundi n’u Rwanda byari bifitanye umubano mwiza, ariko ngo u Rwanda ruza gukora amakosa yo gufasha ndetse no guha icumbi abagerageje gukuraho ubutegetsi bwa Peter Nkurunziza.

Yanashimangiye ko u Burundi nyuma yo gufunga imipaka yarwo n’u Rwanda rudateze kuyifungura, keretse ikibazo cya bariya bantu barimo abasirikare bagerageje gukubita ku duta kibanje gukemuka.

Nyuma y’umunsi umwe gusa, Reverien Ndikuriyo atangaje ibyo, umutwe wa M23 wakubise inshuro ingabo z’u Burundi, iza RDC, Wazalendo na FDLR muri teritware ya Masisi unafata Zone ikomeye yiyo teritware .

Tags: FDLRReverien NdikuriyoRwanda
Share39Tweet25Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Intambara hagati ya Cambondia na Thailand ikomeje kubica bigacika.

by Bruce Bahanda
July 26, 2025
0
Intambara hagati ya Cambondia na Thailand ikomeje kubica bigacika.

Intambara hagati ya Cambondia na Thailand ikomeje kubica bigacika. Intambara ihanganishije Cambodia na Thailand imaze kugwamo abantu 30 barimo n'abasivili abandi n'abo batari bake bamaze kuyikomerekeramo. Ihangana hagati...

Read moreDetails

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk’igihugu cyigenga.

U Bufaransa na Amerika ntibivuga rumwe ku cyemezo cyo kwemerera Palestine nk'igihugu cyigenga. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zateye utwatsi icyemezo cya perezida Emmanuel Macron w'u Bufaransa cyo kwemerera...

Read moreDetails

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails
Next Post
M23 yatangaje icyo iri bukore nyuma y’aho ifashe zone ya Masisi.

M23 yatangaje icyo iri bukore nyuma y'aho ifashe zone ya Masisi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?