• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

U Burundi bwavuze ku bivugwa ko rukorana na FDLR.

minebwenews by minebwenews
January 5, 2025
in World News
0
U Burundi bwavuze ku bivugwa ko rukorana na FDLR.
98
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Burundi bwavuze ku bivugwa ko rukorana na FDLR.

You might also like

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Ni mu butumwa bwatanzwe n’umunyamabanga mukuru w’ishyaka riri kubutegetsi mu Burundi(CND FDD), Reverien Ndikuriyo, aho yavuze ko kuba Leta ye yaba ikorana n’umutwe wa FDLR bitareba u Rwanda, ngo kuko nta burenganzira rufite bwo kwivanga mu bibazo bya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ibi bwana Reverien yabitangaje ku wa gatanu tariki ya 03/01/2025, ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru, kikaba cyarabereye mu ntara ya Makamba.

U Rwanda rumaze igihe rugaragaza ko ingabo z’u Burundi n’iza Congo zifatanya n’umutwe wa FDLR urimo abasize bakoze jenoside mu Rwanda ku rwanya M23 mu Burasirazuba bwa RDC.

Ibi u Rwanda rukagaragaza ko ubwo bufatanye bwa FDLR, Ingabo z’u Burundi n’iza RDC ari ikibazo ku mutekano warwo.

Ndetse kandi bikaba binajanye no kuba perezida Félix Tshisekedi na mugenzi we w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye bareruye bavuga ko bazatera u Rwanda maze ngo bahirike ubutegetsi bwa perezida Paul Kagame.

Reverien Ndikuriyo muri icyo kiganiro, Abanyamakuru bamusabye kugira icyo avuga hejuru y’ibyo u Burundi bushinjwa ku gukorana byahafi n’umutwe wa FDLR.

Maze agira ati: “U Rwanda nta burenganzira rufite bwo kwivanga mu bibera muri RDC. None u Rwanda ibya Congo rubijyamo gute? Congo n’u Burundi dufite umubano wo gufashanya mu byagisirikare, none u Rwanda rubijyamo rute? Kandi hashize imyaka irenga 30 u Rwanda rujya muri RDC gushaka uwo mutwe bashinja gukora jenoside yakorewe Abatutsi, niba batarayimaze, ni nkako kajagari nyine baba bateza.”

Yakomeje agira ati: “Biriya n’ibintu bitwaza. Ukomeza wiriza, nta kwiriza! Kubera rero Abarundi bafite umubano mwiza n’Abanye-kongo, bari gufashanya. None umuntu ntafasha undi? None birababaje? Wabababara kubera, ibyo hakurya babishinzweho iki? Cyangwa bariyo?”

Reverien Ndikuriyo yavuze ko mbere ya 2015 u Burundi n’u Rwanda byari bifitanye umubano mwiza, ariko ngo u Rwanda ruza gukora amakosa yo gufasha ndetse no guha icumbi abagerageje gukuraho ubutegetsi bwa Peter Nkurunziza.

Yanashimangiye ko u Burundi nyuma yo gufunga imipaka yarwo n’u Rwanda rudateze kuyifungura, keretse ikibazo cya bariya bantu barimo abasirikare bagerageje gukubita ku duta kibanje gukemuka.

Nyuma y’umunsi umwe gusa, Reverien Ndikuriyo atangaje ibyo, umutwe wa M23 wakubise inshuro ingabo z’u Burundi, iza RDC, Wazalendo na FDLR muri teritware ya Masisi unafata Zone ikomeye yiyo teritware .

Tags: FDLRReverien NdikuriyoRwanda
Share39Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n'u Burusiya Umunyamabanga mukuru wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika ushinzwe ububanyi n'amahanga, Marco Rubio, yatangaje ko igihugu cye cyifuza guhura n'u Burusiya, ibihugu...

Read moreDetails

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails
Next Post
M23 yatangaje icyo iri bukore nyuma y’aho ifashe zone ya Masisi.

M23 yatangaje icyo iri bukore nyuma y'aho ifashe zone ya Masisi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?