• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Burundi ibihano bwafatiwe na EU byongerewe igihe.

minebwenews by minebwenews
November 15, 2024
in Regional Politics
6
U Burundi ibihano bwafatiwe na EU byongerewe igihe.
74
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Burundi ibihano bwafatiwe na EU byongerewe igihe.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi wafashe icyemezo cyo kongera igihe cy’umwaka ibihano wafatiye iki gihugu cy’u Burundi ndetse n’abamwe mu bagize Guverinoma yo mu mwaka w’ 2015.

Ahanini ibi bihano byibasiye abakekwaho kuba baragize uruhare mu kwibasira abigaragambya barwanyaga manda ya gatatu ya Pierre Nkurunziza itaravuzweho rumwe n’abenshi bo muri iki gihugu, ndetse urukiko rwa Afrika y’iburasirazuba rwemeje ko iyo manda inyuranyije n’itegeko nshinga.

Akanama k’umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi kateranye ku itariki ya 22/10/2024, kongera igihe cy’ibihano byafatiwe u Burundi, kemeza ko bizageza mu mwaka w’ 2025.

Iki ni kimwe mu byemezo byafashwe kuva mu 2015 hagamijwe gukumira ihonyorwa rikomeje ry’uburenganzira bwa muntu no kutagira amavugurura ya politiki afatika mu gihugu, aho ibihano bikomeje guhangayikisha, nk’uko byatangajwe na EU.

Byemejwe bwa mbere mu 2015, uru ruhererekane rw’ibihano rugamije gusubiza ibibazo by’imiterere ya politiki mu Burundi, byatewe na manda ya nyuma itaravuzweho rumwe y’uwahoze ari perezida Pierre Nkurunziza, ngo binyuranyije n’amahame ya demokarasi.

Kuva icyo gihe, umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi wakomeje kwamagana ihonyorwa rikomeye ry’uburenganzira bwa muntu, gukandamiza abatavuga rumwe n’ubutegetsi no kudatera imbere muri demokarasi mu gihugu.

Ingamba zifatika zashyizweho zireba cyane cyane abantu n’inzego zifite uruhare mu ihonyorwa rikomeye ry’uburenganzira bwa muntu cyangwa ibikorwa bibangamira amahoro n’umutekano.
Ibi bihano birimo gufatira umutungo no kubuzwa gukora ingendo mu bihugu bigize umuryango w’ibihugu by’u Burayi.

Ibi bihano byavuguruwe mu gihe mu Burundi bitegura amatora y’abagize inteko ishinga mategeko mu mwaka w’ 2025.

Tags: BurundiByongereweEUIbihano
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Imvura y’urubura yaguye mu Marango, yangirije imyaka(ibihingwa).

Imvura y'urubura yaguye mu Marango, yangirije imyaka(ibihingwa).

Comments 6

  1. Ensuent says:
    1 year ago

    priligy ebay 18 Probenecid 2 g day in divided doses showed a reduction of mean baseline SUR from 9

  2. Ensuent says:
    1 year ago

    Jamison QiSjRhrKvfMoA 6 27 2022 do i need a doctor prescription to buy priligy These are organic compounds containing a benzene ring fused to an imidazole ring five member ring containing a nitrogen atom, 4 carbon atoms, and two double bonds

  3. Ensuent says:
    1 year ago

    Five generic versions of tamoxifen citrate are available in Canada where the best available price is currently 24 cents per tablet buy priligy on the internet without a prescription

  4. Ensuent says:
    1 year ago

    The treatment involves a series of subcutaneous injections in the upper leg or buttocks, followed by monitoring of blood estradiol the most potent estrogen levels and ultrasound evaluation of follicle development buy priligy in usa Bethesda NIH; 2012

  5. Ensuent says:
    1 year ago

    55 Recently, computer aided detection CAD systems have been approved for screening and diagnostic mammography how to buy priligy as a child

  6. Ensuent says:
    1 year ago

    It is therefore unlikely that any significant migration outside of the study regions occurred, or that any unascertained deaths occurred priligy india Magnesium supplementation during pregnancy a double blind randomized controlled clinical trial

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?