Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Burundi mu mazi abira, nyuma y’uko habaye ikena ry’imiti ivura abarwayi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 14, 2024
in Regional Politics
0
U Burundi mu mazi abira, nyuma y’uko habaye ikena ry’imiti ivura abarwayi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Burundi mu mazi abira, nyuma y’uko habaye ikena ry’imiti ivura abarwayi.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Mu gihugu cy’u Burundi hari ikena ry’imiti ivura abarwaye n’ihari igatangwa ku giciro kiri ku rugero rutarigera rubaho n’ikindi gihe muri iki gihugu, nk’uko byatangajwe n’abagize inama nshinga mategeko, nyuma y’uko bakoze ingendo mu ntara zitandukanye zo muri iki gihugu.

Bavuga ko n’abafite ikarita itangwa na Leta yo kwivurizaho ikoreshwa n’abakozi ba Leta n’abandi benegihugu bayifitiye uburenganzira, usanga n’abo bariha amafaranga y’umurengera kubera ikena ry’imiti ariko baharanira gusa ko bovurwa.

Gusa minisiteri y’ubuzima yo muri iki gihugu, yavuze ko icyo kibazo ko kiri gushakirwa umuti.

Kandi ko ibyo aribyo byatumye hatorwa iyi komisiyo irimo abakora mu nteko ishinga amategeko n’abakora mu miryango iharanira uburenganzira bwa muntu, basabwa gukora ingendo zigamije gusuzuma icyo kibazo uko gihagaze mu ntara zigize iki gihugu.

Ivuga kandi ko “basanze ishirahamwe rivura abakozi ba Leta, rizwi nka ‘Mutuelle de Sante Public’ rihanzwe n’ubukene budasanzwe bw’ikena ry’imiti, kandi ko mu gihe hagize n’ibonetse, nayo igahenda cyane.”

Nyuma yuko iki kibazo kimaze kubonwa n’inteko ishinga mategeko, bicyaje minisiteri y’ubuzima bayiganiriza icyo kibazo cyikena ry’imiti mu gihugu hose, ndetse kandi ngo bigana hamwe uko byo kemuka n’uko bobishakira umuti urambye.

Imwe mu nzira yatanzwe yo gukemura iki kibazo, harimo ko bahaye ishirahamwe rya CAMEBU isoko yokugura imiti barisaba kandi ko rigomba gufatikanya n’ir’ishirahamwe ryo kuvuza abakozi ba Leta (Mutualite de la Sante Public) n’ubwo haribyo badahuriza hamwe, nk’uko bivugwa na minisiteri y’ubuzima.

          MCN.
Tags: BurundiIgiciro cyo hejuruIkena ry'imiti
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
U Rwanda rwarahiye, ruvuga ko rutazagwa mu mutego RDC ishaka kubashyiramo.

U Rwanda rwarahiye, ruvuga ko rutazagwa mu mutego RDC ishaka kubashyiramo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?