• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 16, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Burundi mu mazi abira, nyuma y’uko habaye ikena ry’imiti ivura abarwayi.

minebwenews by minebwenews
September 14, 2024
in Regional Politics
0
U Burundi mu mazi abira, nyuma y’uko habaye ikena ry’imiti ivura abarwayi.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Burundi mu mazi abira, nyuma y’uko habaye ikena ry’imiti ivura abarwayi.

Mu gihugu cy’u Burundi hari ikena ry’imiti ivura abarwaye n’ihari igatangwa ku giciro kiri ku rugero rutarigera rubaho n’ikindi gihe muri iki gihugu, nk’uko byatangajwe n’abagize inama nshinga mategeko, nyuma y’uko bakoze ingendo mu ntara zitandukanye zo muri iki gihugu.

READ ALSO

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Bavuga ko n’abafite ikarita itangwa na Leta yo kwivurizaho ikoreshwa n’abakozi ba Leta n’abandi benegihugu bayifitiye uburenganzira, usanga n’abo bariha amafaranga y’umurengera kubera ikena ry’imiti ariko baharanira gusa ko bovurwa.

Gusa minisiteri y’ubuzima yo muri iki gihugu, yavuze ko icyo kibazo ko kiri gushakirwa umuti.

Kandi ko ibyo aribyo byatumye hatorwa iyi komisiyo irimo abakora mu nteko ishinga amategeko n’abakora mu miryango iharanira uburenganzira bwa muntu, basabwa gukora ingendo zigamije gusuzuma icyo kibazo uko gihagaze mu ntara zigize iki gihugu.

Ivuga kandi ko “basanze ishirahamwe rivura abakozi ba Leta, rizwi nka ‘Mutuelle de Sante Public’ rihanzwe n’ubukene budasanzwe bw’ikena ry’imiti, kandi ko mu gihe hagize n’ibonetse, nayo igahenda cyane.”

Nyuma yuko iki kibazo kimaze kubonwa n’inteko ishinga mategeko, bicyaje minisiteri y’ubuzima bayiganiriza icyo kibazo cyikena ry’imiti mu gihugu hose, ndetse kandi ngo bigana hamwe uko byo kemuka n’uko bobishakira umuti urambye.

Imwe mu nzira yatanzwe yo gukemura iki kibazo, harimo ko bahaye ishirahamwe rya CAMEBU isoko yokugura imiti barisaba kandi ko rigomba gufatikanya n’ir’ishirahamwe ryo kuvuza abakozi ba Leta (Mutualite de la Sante Public) n’ubwo haribyo badahuriza hamwe, nk’uko bivugwa na minisiteri y’ubuzima.

          MCN.
Tags: BurundiIgiciro cyo hejuruIkena ry'imiti

Related Posts

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
Regional Politics

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

September 15, 2026
Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Next Post
U Rwanda rwarahiye, ruvuga ko rutazagwa mu mutego RDC ishaka kubashyiramo.

U Rwanda rwarahiye, ruvuga ko rutazagwa mu mutego RDC ishaka kubashyiramo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Uvira: Urugendo rwa Depite Justin Bitakwira rwateje impaka
  • U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
  • Kinshasa: Dore Uko Urugendo rw’Imyigaragambyo Rwagenze, Aho Rwarangiye Rutageze ku Ntego
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?