• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

U Burusiya bwagabye ikindi gitero gikaze mu mujyi munini wa 2 wa Ukraine.

minebwenews by minebwenews
June 9, 2025
in World News
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.
66
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Burusiya bwagabye ikindi gitero gikaze mu mujyi munini wa 2 wa Ukraine.

You might also like

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Madagascar iraramutswa perezida mushya

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima

Ibitero by’indege zitagira abapilote zizwi nka drones z’u Burusiya byibasiye umujyi wa kabiri ku bunini wo mu gihugu cya Ukraine, Kharkiv, bisiga bihitanye abantu batatu, abarenga mirongwine babikomerekeramo.

Ni mu ijoro ryo hirya y’ejo ni bwo ibi bitero byagabwe i Kharkiv, aho aya makuru yemejwe n’umuyobozi w’uyu mujyi bwana Oleh Syniehubov.

Uyu muyobozi yavuze ko u Burusiya mu kugaba iki gitero bwakoresheje drones 48, misile 2 n’ibisasu bine biraswa ku muvuduko wo hejuru.

Kiriya gitero uwo muyobozi yise icyiterabwoba ryeruye, yavuze ko kije gikurikiye ibindi bitero bikomeye by’indege za drones na misile byagabwe mu gihugu hose ku wa Kane wa kiriya cyumweru gishize.

U Burusiya buvuga ko ibyo bitero bigamije kwihorera ku byagabwe na Ukraine ku birindiro by’indege z’intambara z’u Burusiya mu ntangiriro zicyumweru gishize.

Umuyobozi wa Khakiv yatangaje ko igitero cyo mu ijoro ryo ku wa gatanu cyasenye inzu zo guturamo zirenga 18 kandi ko uruhinja n’umwana w’imyaka 14 bagikomerekeyemo.

Avuga ko n’uruganda rw’abasivili rwagabweho ibitero bikomeye n’indege zitagira abapilote 40, misile imwe n’ibisasu bine.

Yavuze kandi ko hari n’abantu baheze munsi y’inyubako z’inzu zasenyutse.

Ibi byatumye Ukraine isaba ibihugu byo mu burengerazuba bw’Isi kotsa igitutu u Burusiya, igaharika intambara kandi bigafatanya na Ukraine kuyirwana.

Cyobikoze, perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump, aheruka gushinja Ukraine kuba nyiribayazana w’ibibazo biyibaho, ngo kuko ni na yo yatumwe perezida Vladimir Putin abatera.

Trump yavuze ko ikiganiro yagiranye na Putin kuri telefone yamubwiye ko yihorera mu buryo budasanzwe, ngo kubera ko Ukraine yamugabyeho igitero iranabyigamba.

Hagataho, u Burusiya bumaze kwigarurira ibice byinshi byo muri Ukraine muri iyi ntambara bwayitangijeho kuva mu ntangiriro z’umwaka wa 2022.

Tags: IgiteroKhakivU Burusiya
Share26Tweet17Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se General Kainarugaba Muhoozi, umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba kandi n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, yaburiye abakwiza ibihuha...

Read moreDetails

Madagascar iraramutswa perezida mushya

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Madagascar iraramutswa perezida mushya

Madagascar iraramutswa perezida mushya Colonel Michael Randrianinina ni we wagizwe umukuru w'igihugu cya Madagascar, nyuma y'aho habaye imyigaragambyo igasiga perezida w'iki gihugu Andry Rajoelina agihunze. Ku munsi w'ejo...

Read moreDetails

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima Igipolisi cya Kenya cyarashe ku bari baje gusezera kuri Raila Odinga, babiri muri bo bakahasigaye ubuzima, mu gihe...

Read moreDetails

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y'ikubagahu muri Kenya Perezida William Samue Ruto wa Kenya, yatangaje ko yahamagaje inama y'inama nkuru y'umutekano wa Leta nyuma y'urupfu rwa Raila...

Read moreDetails

Odinga war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Odinga war'uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana. Raila Odinga wahoze ari minisitiri w'intebe muri Kenya, yitabye Imana nkuko amakuru ava muri iki gihugu abivuga. Murukerera rwo...

Read moreDetails
Next Post
Ibyabaye ku za Tshisekedi mu Rugezi byatumye zihagarika gukora ibitero.

Ingabo za RDC zagabye igitero ku Banyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?